Hon. Tut Gatluak Manime, Umujyanama wa Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo, ku bijyanye n’umutekano, yasezeye ku kazi nyuma yaho yibeshye mu myandikire akandika ijambo ritajyanye n’ibyo yandikaga.
Aya makosa yakozwe ubwo Hon. Tut Gatluak Manime yandikaga ibaruwa isaba guhabwa amafaranga yo kwishyura ibiribwa byazanwe n’ikompanyi yari yaratsindiye isoko ryo kubigemura mu bice bitandukanye by’igihugu.
Iyi kompanyi yagombaga kwishyurwa ingano yamafaranga angana na 10,676,337 mu ku byandika mu nyuguti ahari gatandatu yari kwandika “six” we yanditse “Sex” [igitsina] nyuma yo kubona ko yakoze amakoza y’imyandikire kandi iyi baruwa yari yamaze kugezwa ku bo bishinzwe, Hon Tut Gatluak Manime ahita atangaza ko asezeye ku kazi.
Kanda Subscribe kuri Bwiza TV ujye ubona videwo zigezweho z’ubuzima,imikino,imyidagaduro…





