Icyamamare Shanita Namuyimbwa uzwi nka Bad Black atangaza ko bidakwiriye kumvikana nk’ikintu gishya kuba akorera amafaranga yifashishije igitsina cye kuko gituma atagenda n’amaguru.
Bad Black amenyereweho ibikorwa byinshi bitandukanye nko gufungwa bya hato na hato haba muri Uganda no hanze kubera gucuruza magendu, gutanga sheki zitazigamiwe n’ibindi.
Mu mashusho agaragara kuri Ghafla, Bad Black yifashishije ururimi rw’Uluganda yatangaje ku mugaragaro ko ari indaya yabigize umwuga kandi ko ntacyo bimutwaye.
Yagize ati “Nkorera amafaranga nkoresheje igitsina cyanjye. Amagambo muvuga kuri facebook ndayabona ariko ntiyabishyurira n’inzu. Igitisna cyanjye cyatumye ntagenda n’amaguru. Mwe mumvuga harimo abakora mu rugo, njye muransetsa. Museveni yampaye amahoro nkorera amafaranga Kampala,Nagitwaye[igitsina] muri Malayiziya, Dubai ndagaruka njya Bangkok (…).”

Bad Black yageze aho yishongora ku bandi bakobwa agira ati “ Uhh, ese igitsina cyanjye cy’agaciro mwagikura he?. Ntimukansarireho.”
[penci_related_posts taxonomies=”undefined” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” displayby=”recent_posts” orderby=”random”]
Uyu yakuriye inzira ku murima abamunnyega ababwira ko Isi yose izi ko ari indaya kandi ko nta soni bimuteye kuko bimwinjiriza miliyoni z’amashilingi mu gihe n’abakobwa bagendana n’ibigezweho (slay queens) batazigondera.


