Umunyamakuru Mike Karangwa yasabiwe umugeni na Bamporiki Edouard – Amafoto

Sangiza iyi nkuru

Kuri iki cyumweru tariki ya 17 Gashyantare 2019, Umunyamakuru Mike Karangwa wakoze mu ibitangazamakuru bitandukanye ndetse akabyubakiramo izina yasabye aranakwa umukobwa bamaze igihe bakundana .

Uyu muhango wo gusaba no gutanga inkwano mu muryango ubaye nyuma yaho Tariki ya 14 Gashyantare 2019, mu murenge wa Niboyi ho mu karere ka Kicukiro , Mike Karangwa na Isimbi ‘Mimi’ Roselyneaba bombi basezeranye imbere y’amategeko.

Mike Karangwa yamenyekanye cyane mu kiganiro Salus realax kuri Radio Salus , Sunday Night ku Isango Star no kuri Radio 10, kuri ubu akora muri Kaminuza y’u Rwanda.

 

Amafoto:Inyarwanda

 

Soma Izindi Nkuru