Umunyamakuru Mike Karangwa yasabiwe umugeni na Bamporiki Edouard – Amafoto

Sangiza iyi nkuru

Kuri iki cyumweru tariki ya 17 Gashyantare 2019, Umunyamakuru Mike Karangwa wakoze mu ibitangazamakuru bitandukanye ndetse akabyubakiramo izina yasabye aranakwa umukobwa bamaze igihe bakundana .

Uyu muhango wo gusaba no gutanga inkwano mu muryango ubaye nyuma yaho Tariki ya 14 Gashyantare 2019, mu murenge wa Niboyi ho mu karere ka Kicukiro , Mike Karangwa na Isimbi ‘Mimi’ Roselyneaba bombi basezeranye imbere y’amategeko.

6ba11c5730ad6fbc01778dc9723d26

Mike Karangwa yamenyekanye cyane mu kiganiro Salus realax kuri Radio Salus , Sunday Night ku Isango Star no kuri Radio 10, kuri ubu akora muri Kaminuza y’u Rwanda.

32183422127 e56e561f54 b47073187082 1c1382e0bf b

32183425987 a58924a338 b

 

Amafoto:Inyarwanda

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *