Ntukibagirwe aho ibyo ufite byavuye

Sangiza iyi nkuru

Soma Abaheburayo 11:6

“Ariko utayizera ntibishoboka ko Ayinezeza, kuko uwegera Imana akwiriye kwizera yuko iriho, ikagororera abayishaka.”

Ibintu byose ufite ndetse ni ibyo ukeneye byose wabibonye kandi uzabibona binyuze k’ umwana w’ umuntu, ariko bivuye ku Imana.

Imana niyo soko yabyo byose. Gusa yahisemo iyo nzira yo kubikugezaho kuko Imana ikoresha inzira nyinshi kugirango ukugire icyo yagambiriye kukugira utaranavuka.

Wibuke ko imigambi yayo ariyo kutugirira neza

Ariko ntukibagirwe kuyishimira no kuyiha icyubahiro. Kuko kuri yo niho dukesha byose.

Imana iduhane umugisha!

Muri abanyagaciro kuri twe…!

Nshuti y’Imana, Dushaka kumva icyo utekereza uyu munsi

Wandike ubutumwa kuri (Email) yanjye ariyo estachenib@yahoo.com cyangwa ukandika ubutumwa bugufi kuri + 4128718098 ikoreshwa ni kuri (WhatsApp).

Ushobora kutubwira n’ utuntu dutoya urimo kurwana natwo uyu munsi Kugirango dufatanye kudusengera.

P.s Umuryango wacu w’ Ivugabutumwa unejejwe no kuba urihamwe nawo mu kwamamaza ijambo ry’Imana.

Ijambo ry’Imana rigufi rivuye muri

Nibintije Evangelical Ministries

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *