Yobu 13:15
“Naho yanyica, napfa nyiringira. N’ubwo bimeze bityo, inzira zanjye nzazikomeza imbere yayo.”
Ubuzima ni urugamba. Urugamba ni imbuto yo gukoresha intambara, uko byagenda kose, ukwiriye kuyitsinda.
Yobu ni urugero rwiza rw’akababaro ka muntu. Yari asigaye akennye, abana be barishwe. Inshuti ze za hafi zamuciraga imanza. Ariko gutsinda byatumye imigisha ye yikuba kabiri
Mugenzi wanjye, Ndashaka kumva iicyo utekereza uyu munsi. Wanyandikira kuri imeli (email) yanjye ari yo estachenib@yahoo.com cyangwa ukanyandikira ubutumwa bugufi kuri iyi nimero ikoreshwa no kuri Whatsapp ari yo + 4128718098.
Wansangiza ibiri ku kubaho muri iki gihe kugira ngo ngusengere.
Uri uw’ingenzi kuri twe.
[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]
Ijambo ry’Imana rivuye mu itorero Nibintije Evangelical Ministries


