Umuyobozi mukuru w’umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bw’ikiremwa muntu atunga agatoki umwe m baharanira kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika ukomoka mu shyaka rya Abarepubulikani, yavuze ko ibyo akora ari ububwa.

Zeid Raad al-Hussein, ngo n’ubwo ateruye ngo avuge amazina ya Trump, yavuze mu marenga ibyo uyu mugabo, umucuruzi ukomeye muri New York ko yaba ashyigikiye inkozi z’ikibi zirwanya Islam. Ati “ubushenzi n’uburokore ntabwo ari igikangisho cy’ubuyobozi”
Hussein asoza avuga ko Trump na Ted Cruz bakora bashakisha ahantu hose habarizwa aba islam, abanenga avuga ko amagambo yo gutanya abantu no kubashwanisha atari ayo kuvugira mu ruhame cyangwa biyamamaza ku bijyanye na politiki aho ngo Trump avuga ko hari abayobozi bamwe na bamwe azafunga abaye umuyobozi abandi ngo akabagirira nabi.Ivomo:bbc
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Leki@bwiza.com


