Uburyo wakwivura indwara yo kwikinisha ku giti cyawe

Sangiza iyi nkuru

Indwara yo kwikinisha iterwa n’ibintu byinshi, harimo kurangazwa n’ikimero cy’abakobwa kureba amafirime y’ubusambanyi kuganira cyane amagambo arimo ubushotozi bwo kuryamana hagati y’abahungu n’abakobwa ,kwisiritanaho ,abahungu bakunda gukorakora amabere y’abakobwa ,abakobwa bakunda gusomana bya cyane ,abakobwa bakunda gukorakora abahungu.
Muri make ibyo mvuze haruguru ntibyakagombye gutera ikibazo, ingorane zivuka iyo umuntu ari wenyine cyagihe aba aruhuka iyo asubije amaso inyuma akibuka abakobwa b’uburanga cyangwa abasore bateye neza yahoze akina nabo. Iyo uri wenyine ukiteza izo ntekerezo wonona ubwonko bwawe kuburyo ushobora kwifuza kuryamana n’umuntu muburyo butangaje, hahandi wumva utamubonye wasara, umuntu ugasanga yiteje umuriro w’ubusambanyi imitsi yose ikarega.
kwikinisha
Aho niho bamwe mu bakobwa cyangwa se abahungu bashaka ibyo bifashisha kugirango bumve neza ko bakoze imibonano mpuza bitsina, icyo gikorwa cyo kwikinisha iyo ukigize akamenyero gihinduka uburwayi utabikora ukabura amahoro bikagenda bikura ukagera ubwo ubikora rimwe buri munsi ndetse ukaba warenza gatatu k’umunsi, ibyo bigira ingaruka nyinshi cyane, benshi babikora bibwira ko umunsi bashatse bazabireka ariko ubushakashatsi bwerekanye ko bamwe barwaye iyo ndwara ari abasore cyangwa se inkumi bakomeza kwikinisha niyo ari abagore cyangwa abagabo.
Ibyo bituma batabasha kunyurwa n’urukundo uwo bashakanye abagenera, bituma uturemangingo twabo dutuma umuntu yabasha gukora imibonano mpuzabitsina neza twangirika cyangwa se tukaba twacika intege hahandi umuntu ashobora kurangiza ataratangiran’ igikorwa, iyo uramutse ushakanye n’umuntu nkuwo kugirango akunezeze muryamanye biragorana.
Umugore warwaye iyo ndwara iyo umutegurira gukora imibonano mpuzabitsina umukora ku mabere, umushima mu bworo bw’ikirenge , umusoma kumunwa, kumoko z’amabere , wamara akanya gato mu gikorwa agahita arangiza.
Iyo bigeze k’umugabo we biba biteye ubwoba n’agahinda kuko ntiwamutegura cyangwa se ngo abashe gutegura mugenzi we bitewe nuko ahita arangiza vuba, twumvikane neza ko igikorwa cyo gutera akabariro kigomba gutegurwa neza, ugerageza gukora umukunzi wawe ahantu hose hashobora kumwongerera ubushake bwo kuryamana nawe. Umugabo warwaye iyo ndwara arahubuka cyane, akamara umwanya muto mugikorwa kandi akarangiza vuba.
Umuti wiyo ndwara ugomba guhera ku bwonko mu ntekerezo z’umuntu ugomba kugambirira kubireka iyo ufite umufasha ugomba kubimubwira akabigufashamo iyo utarashaka ugomba gukora siporo cyane cyane yo kwiruka, ugomba kwisiramuza nabyo byagufasha nko kutarangiza vuba, ariko ikintu kingenzi ni ukugambirira kubireka.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Leki@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

28 Responses

  1. Uburyo wakwivura indwara yo kwikinisha ku giti cyawe
    le 09.05.2022 ndipfuza kubiheba burundu kuko birampanze

    1. Uburyo wakwivura indwara yo kwikinisha ku giti cyawe
      Nonese Namuti wabyo nonese Iriyamiti Bamamaza yo Haricyo ikora murakoze

        1. Uburyo wakwivura indwara yo kwikinisha ku giti cyawe
          UMUTI UVURA INGARUKA ZOKWIKINISHA UGURA ANGAHE

        2. Uburyo wakwivura indwara yo kwikinisha ku giti cyawe
          UMUTI UVURA INGARUKA ZOKWIKINISHA UGURA ANGAHE

    2. Uburyo wakwivura indwara yo kwikinisha ku giti cyawe
      Nonese Namuti wabyo nonese Iriyamiti Bamamaza yo Haricyo ikora murakoze

  2. Uburyo wakwivura indwara yo kwikinisha ku giti cyawe
    le 09.05.2022 ndipfuza kubiheba burundu kuko birampanze

  3. Uburyo wakwivura indwara yo kwikinisha ku giti cyawe
    oe uwomuti urwurwa angahe ? mbehoho uwomuti ntangaruka mbi ufis

    1. Uburyo wakwivura indwara yo kwikinisha ku giti cyawe
      NAKORA IKI NGO NJIKE KUNGESO YOKWIKINISHA

    2. Uburyo wakwivura indwara yo kwikinisha ku giti cyawe
      NAKORA IKI NGO NJIKE KUNGESO YOKWIKINISHA

  4. Uburyo wakwivura indwara yo kwikinisha ku giti cyawe
    oe uwomuti urwurwa angahe ? mbehoho uwomuti ntangaruka mbi ufis

  5. Uburyo wakwivura indwara yo kwikinisha ku giti cyawe
    Ndabasuhuje ndabasaba komwabwira uko nakwirinda ingeso nkokwishinisha. Kandi ndabashimiye Kuba mwarazanye imiti yabyo saffron bisobanura guki mubwire

  6. Uburyo wakwivura indwara yo kwikinisha ku giti cyawe
    Ndabasuhuje ndabasaba komwabwira uko nakwirinda ingeso nkokwishinisha. Kandi ndabashimiye Kuba mwarazanye imiti yabyo saffron bisobanura guki mubwire

  7. Uburyo wakwivura indwara yo kwikinisha ku giti cyawe
    Umuti ugura angahe
    bitwara igihe kingana ute ngo ukire

  8. Uburyo wakwivura indwara yo kwikinisha ku giti cyawe
    Umuti ugura angahe
    bitwara igihe kingana ute ngo ukire

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *