Impanuka yahitanye abaririmbyi barenga 16 hamwe na padiri wabo

Sangiza iyi nkuru

Kuri uyu wa 24 mu ntara ya Rutana habereye impanuka ikomeye, abaririmbyi 16, umupadiri n’umubikira bahasiga ubuzima.
padiri
Amakuru aturuka mu ntara ya Rutana avugako iyi mpanuka yabereye ahazwi ku izina rya ku “wibyuma” muri comine Musongati, mu ntara ya Rutana aho i kamiyo yo mu bwoko bwa fuso yaritwaye abo baririmbyi ibakuye mu ntara ya Gitega yaje kubirinduka maze abarenga 16 bakahasiga ubuzima, abakomeretse bakaba bajyanywe ku bitaro bikuru by’intara ya Gitega.
Iyi mpanuka ihitanye abarenga 16, ije ikurikiranye n’iherutse kuba ku itariki 10 uku kwezi abarenga 20 bakahasiga ubuzima.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Leki@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *