Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?

Sangiza iyi nkuru

Hari indirimbo nakunze kumva kenshi ya karahanyuze ivuga ngo ‘Urushako ruragwira ariko narabyiboneye. Rwose ubu umugore ntashobora kunyirebera mu buriri ngo ngomba gutegereza amezi atandatu agashira.

Nitwa Rukundo, umugore wanjye tumaranye imyaka igera muri Ine ariko dufitanye umwana umwe, ubu hashize amezi abiri mpendahenda ariko ndabona nta mpinduka.

Avuga ko adashaka gukora iyi mibonano, namubaza impamvu akambwira ko ari ku bushake bwe. Mbese byambereye urujijo nkibaza nkabura igisubizi, nkongera nkakeka ko yaba anca inyuma.

Namubajije niba atakinkeneye nk’umugabo we, ansubiza ambwira ko kuba yamara icyo gihe cyose tudakora imibonano bitavuze ko atakitwa umugore wanjye.

Ngayo nguko, inama zanyu ni inyamibwa, njyewe ntuye mu Ntara y’amajyepfo, ndi umwarimu umugore akaba umukontabure ku ivuriro.

Soma Izindi Nkuru

16 Responses

  1. Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?
    Uwo mugore mute ushake indaya

  2. Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?
    Uwo mugore mute ushake indaya

  3. Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?
    Uwo mugore arababaje pe. Gusa wasanga afite ikibazo gikomeye.. Ni ukumushakira umuganga ahubwo

  4. Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?
    Uwo mugore arababaje pe. Gusa wasanga afite ikibazo gikomeye.. Ni ukumushakira umuganga ahubwo

  5. Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?
    Uwo mugore arababaje pe. Gusa wasanga afite ikibazo gikomeye.. Ni ukumushakira umuganga ahubwo

  6. Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?
    Uwo mugore arababaje pe. Gusa wasanga afite ikibazo gikomeye.. Ni ukumushakira umuganga ahubwo

  7. Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?
    Uwo mugore mute ujye gushaka indaya igukemurire ikibazo. Uyirongore nkoresheje agakingurizo.

  8. Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?
    Uwo mugore mute ujye gushaka indaya igukemurire ikibazo. Uyirongore nkoresheje agakingurizo.

  9. Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?
    Uraho se wa mugabo we?
    Cyo re, mbe ko numva iby’iwa we, za nyakabwana zaborwaniye mo ra?
    Niba biramutse ari amahire g amahirwe ugasanga umugore wa we atari mu bandi bagabo, ukwiriye gucyura umugore wa we…
    Arik abagano b’ubu ye, batekereza ukundi pe.
    Ese mwebwe ntimugira n’amaso yo kurora Ngo mwibwire ibiri ho?
    Uwo mugore Wa we yarahukanye ntiwabitahura wa mugabo we.
    Nta mugore muri iki gihe ucyahukanira kure. Ariko abagabo b’ubu tumeze dute? Umuhorew’ubu ntanemera kwahjkanira iwa bo dore ko na benshi nta n’aho bakigirira. Uw’ubu yahikanira mu cyumba cy’abashyitsi cg icy’abana. Uw’igitsire udatinya we yahukanira mu buriri bwe. Akabwira umugabo Ati: Sinshaka ko wongera kunyegera mu gihe runaka.
    Iyi myifatire y’abagore b’ubu ntiteye inkeke gusa ahubwo iteye ubwoba. Ubu ni bwi abagore b’ubu bahanira mo abagabo.
    Kera ntibabikoraga igihe kinini. Kuko umugabo yaramudohaga akageza n’aho yahikana. Iyo yahukanaga agatinyuka kuvuga icyo umugabo yamuhoye, nyina yamusubizaga yo na bi cyane.
    N’aba n’iyi yazaga avuga indi mpamvu yatimye amwirukana. Ariko iyo yababwiraga ko atakerekera umugabo, byafatwaga nk’amahano atagirwa n’umwana warezwe neza. Ngo niko zubakwa ni ko yabwirwaga…
    Ababyeyi rero ntobakiba ho bo kubakangara.
    Gusa k’urundi ruhande na rwo, nta mugore ujya gufata icyemezo nk’icyo adafite impamvu yamuziniye icyo gikorwa. Kandi iyo mpamvuiba ifite aho ihuriye n’umugabo. Umugoe icyo kintu aba ari umugore w’igishirira wahaze amagara. Kuko umugabo w’igisare ubimukoze yaguhwereza ukava ho dore ko abanyarwanda babaye n’ibikoko.
    Rero wa mugabo, ukwiye guhaguruka ugacyura umugore wawe. Kumucyura n’ukumwiyegereza cyane kandi wiciyshije bugufi. Ukamwereka indi nshya yifuza kubona muri wowe.
    Kwicisha bugufi k’umugabo imbere y’umugore we ntibisiguye ko inkokokazi igiye kubika mu mwanya wa Risake, oya si byo.
    Umugore wese akunda cg yifuza umugabo umutega ugitwi, agakunda umushimira, agakunda umwita ho, agakunda uwita k’uruho rwe kurita gukunda akabari k’urusha urugo nk’uko benshi babigira.
    Nka we wemera ko n’umugore wa we ari mwiza rero, sinzi impamvu utakibuka kutereta umubwira ko ari mwiza, ko ukimukunda, ukamusohokana, ukamuha impano.
    Aaaah cyakora uwo mugore n’akagabo pe. Akurusa ubwenge kureeee. Kera umwana wariraga bamukangishaga ko Ngo bahamagara nyiramagutiya ikamutongobeza.
    Ubu na bwo iyo umugabo yigize hangaharya iwe, umugore agatangira kwikatisha mu makoni, bene uwo mufabo na we basigaye bamukanga nk’abana.
    Bamubwira bati: komeza ukinishe umugore sha, wapfa Umupfubuzi agutwaye umugore ye.
    Na we rero wumvire ho.
    Wowe wabashishe kumwiteretera yarananiye abandi maze wo we akakwemera ukamukukana, none akunaniriye i wa we kandi aho wamukuye ari ho hari hakomeye(mu bukobwa bwe)?

  10. Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?
    Uraho se wa mugabo we?
    Cyo re, mbe ko numva iby’iwa we, za nyakabwana zaborwaniye mo ra?
    Niba biramutse ari amahire g amahirwe ugasanga umugore wa we atari mu bandi bagabo, ukwiriye gucyura umugore wa we…
    Arik abagano b’ubu ye, batekereza ukundi pe.
    Ese mwebwe ntimugira n’amaso yo kurora Ngo mwibwire ibiri ho?
    Uwo mugore Wa we yarahukanye ntiwabitahura wa mugabo we.
    Nta mugore muri iki gihe ucyahukanira kure. Ariko abagabo b’ubu tumeze dute? Umuhorew’ubu ntanemera kwahjkanira iwa bo dore ko na benshi nta n’aho bakigirira. Uw’ubu yahikanira mu cyumba cy’abashyitsi cg icy’abana. Uw’igitsire udatinya we yahukanira mu buriri bwe. Akabwira umugabo Ati: Sinshaka ko wongera kunyegera mu gihe runaka.
    Iyi myifatire y’abagore b’ubu ntiteye inkeke gusa ahubwo iteye ubwoba. Ubu ni bwi abagore b’ubu bahanira mo abagabo.
    Kera ntibabikoraga igihe kinini. Kuko umugabo yaramudohaga akageza n’aho yahikana. Iyo yahukanaga agatinyuka kuvuga icyo umugabo yamuhoye, nyina yamusubizaga yo na bi cyane.
    N’aba n’iyi yazaga avuga indi mpamvu yatimye amwirukana. Ariko iyo yababwiraga ko atakerekera umugabo, byafatwaga nk’amahano atagirwa n’umwana warezwe neza. Ngo niko zubakwa ni ko yabwirwaga…
    Ababyeyi rero ntobakiba ho bo kubakangara.
    Gusa k’urundi ruhande na rwo, nta mugore ujya gufata icyemezo nk’icyo adafite impamvu yamuziniye icyo gikorwa. Kandi iyo mpamvuiba ifite aho ihuriye n’umugabo. Umugoe icyo kintu aba ari umugore w’igishirira wahaze amagara. Kuko umugabo w’igisare ubimukoze yaguhwereza ukava ho dore ko abanyarwanda babaye n’ibikoko.
    Rero wa mugabo, ukwiye guhaguruka ugacyura umugore wawe. Kumucyura n’ukumwiyegereza cyane kandi wiciyshije bugufi. Ukamwereka indi nshya yifuza kubona muri wowe.
    Kwicisha bugufi k’umugabo imbere y’umugore we ntibisiguye ko inkokokazi igiye kubika mu mwanya wa Risake, oya si byo.
    Umugore wese akunda cg yifuza umugabo umutega ugitwi, agakunda umushimira, agakunda umwita ho, agakunda uwita k’uruho rwe kurita gukunda akabari k’urusha urugo nk’uko benshi babigira.
    Nka we wemera ko n’umugore wa we ari mwiza rero, sinzi impamvu utakibuka kutereta umubwira ko ari mwiza, ko ukimukunda, ukamusohokana, ukamuha impano.
    Aaaah cyakora uwo mugore n’akagabo pe. Akurusa ubwenge kureeee. Kera umwana wariraga bamukangishaga ko Ngo bahamagara nyiramagutiya ikamutongobeza.
    Ubu na bwo iyo umugabo yigize hangaharya iwe, umugore agatangira kwikatisha mu makoni, bene uwo mufabo na we basigaye bamukanga nk’abana.
    Bamubwira bati: komeza ukinishe umugore sha, wapfa Umupfubuzi agutwaye umugore ye.
    Na we rero wumvire ho.
    Wowe wabashishe kumwiteretera yarananiye abandi maze wo we akakwemera ukamukukana, none akunaniriye i wa we kandi aho wamukuye ari ho hari hakomeye(mu bukobwa bwe)?

  11. Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?
    Niba umukenera akakwereka ko ahuze nahuguka uzamwereke kuhuze kumurusha,ubwoweho uzafate amezi 12,nonese umaze ayomezi udakora imibonano wabiki?

  12. Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?
    Niba umukenera akakwereka ko ahuze nahuguka uzamwereke kuhuze kumurusha,ubwoweho uzafate amezi 12,nonese umaze ayomezi udakora imibonano wabiki?

  13. Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?
    Nkunda Bibiliya kuko ni cyo gitabo( Ibuku) kizima dufite aha mu nsi y’ijuru. Buri wese afite igitabo akunda bitewe n’ibyo agisoma mo yiyumva mo.
    Bibiliya iti:
    UMUGORE MWIZA UMUHABWA N’IMANA. Bisiguye Ngo: URUGO RWIZA URUHABWA NA NYAGASANI.
    Uwubakiwe n’Imana ntabura guhura n’intambara nk’izo mu yindi mihana baturanye. Ariko we agira akarusho kuko atakira Imana yamurongoje uwo bubakanye ikamutabara.
    Uyu mugabo yaguye mu kantu abonye umugore yadukanye amahano iwe. Muribwira ko kuba uri umugabo m’urugo rwa we, ukagira utya ukumva umugore atinyutse kukubwira Ngo : Ntuzahirahire usubira kunkabakaba ho mbere y’amezi 6.
    Muri make, uru rugo ni urwa nde? Umugabo ni nde umugore ni nde muri iyi nzu y’aba bantu? Mboneye ho kuburira zirya nsoresore zihangishije ho gupfukamira abakobwa Ngo barabasaba Urukundo. Ibyo mukora muba mubizi mwe bwe? Ng’izi zimwe mu ngaruka zizababa ho igihe mwubatse mumaze mumaze gupfukamir’abagore ba nyu… Umugore umupfukamiye uba umuhereje Ubutware bwa we bw’urugo rwa nyu. Nk’uko Esawu muri Bibiliya yagize inzara ntindi, ikamutera kugurisha Ubutware bwe kuri murumuna we Yakobo kubera ibyo kurya Ngo atsirike inzara. Inda yamutanze imbere iramunyagisha.
    Umugore wageze muri urwo rwego rwo kwigira umugabo agafata icyemezo cyo gusenya urugo atyo, uwo ntakiri umugore wo Kwizerwa na gato. Uwo si umugore.
    Afite abadayimoni kandi nta kindi bagendereye uretse gusenya uru rugo rwabo burundu.
    Gusa, baravuga abanyarwanda Ngo:
    UKOMYE URUSKYO NTASIGA N’INGASIRE.
    Buri muntu iyo ataka, akenshi nka 98% ntavugisha ukuri ku mpamvu yateye ingorane ahagaze mo. Usanga agutakiraaa akubwira ububi n’ibibi by’uwo arega, ariko ku byo we na we aregwa n’uwo avuga, ntabikomoze ho.
    Byanga bikunda uyu mugabo na we afite amakosa yateye uyu mugore kwifata atya niba Atari ubusambanyi yagiye mo bubimutera. Ntibishoboka ko uyu mugore niba ari muzima mu mutwe, yahita mo gukora ibara bene ka kageni.
    Wa mugabo we kuko ari wowe watugishije inama, banza wisuzume ibyaba byarateye uwo mutegarugoli wa we ku kwivumbura ho atyo. Nta mugore wabyawe akarerwa n’ababyeyi banyarwanda watinyuka gukora ayo mahano k’umugabo wamukoye.
    Abagabo ntitwemera ibyaha bya cu. Kubyemera imbere y’abagore byo ni ibindi. Ariko Ubugabo s’ukwigira ishyano nk’uko tubikora.
    Umugore yaba mwiza yaba mubi, ibyo nta cyo bivuze. Apfa kuba yiyubaha kandi yitonda yuzuye n’ubwenge kamere.
    Niba uyu mugore ataradukanye uburaya inyuma y’urugo, ibisigaye ndumva umugabo akwiye kwirinda kongera kubaza uyu mugore ibyo mu mu buriri. Ahubwo agakoresha uburyo bwose yitonze bwo kumenya icyateye umugore ibyo bintu. Yasanga ari we nyirabayazana, akicisha bugufi bakiyunga.
    Rimwe na rimwe twe abagabo b’ubu dukwiye kwemera kubaha abagore ba cu. Umugore w’ubu wize wakongera kumubyina hejuru? Ubu dukwiye kububaha mu ngo zacu.
    N’umugabo ufata icyemezo cyo gutera umugongo umugore mu gihe kinini nta burwayi bubiteye, na we uwo si umugabo n’ingirwamugabo. Kandi benshi cyane na bo barabikora bibeshya ko Ngo bari ho guhima umugore. Ubwo n’ubwenge buke cyane bucagase si n’ubugabo.
    Ahaaa Imana ijye idutabara pe.

  14. Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?
    Nkunda Bibiliya kuko ni cyo gitabo( Ibuku) kizima dufite aha mu nsi y’ijuru. Buri wese afite igitabo akunda bitewe n’ibyo agisoma mo yiyumva mo.
    Bibiliya iti:
    UMUGORE MWIZA UMUHABWA N’IMANA. Bisiguye Ngo: URUGO RWIZA URUHABWA NA NYAGASANI.
    Uwubakiwe n’Imana ntabura guhura n’intambara nk’izo mu yindi mihana baturanye. Ariko we agira akarusho kuko atakira Imana yamurongoje uwo bubakanye ikamutabara.
    Uyu mugabo yaguye mu kantu abonye umugore yadukanye amahano iwe. Muribwira ko kuba uri umugabo m’urugo rwa we, ukagira utya ukumva umugore atinyutse kukubwira Ngo : Ntuzahirahire usubira kunkabakaba ho mbere y’amezi 6.
    Muri make, uru rugo ni urwa nde? Umugabo ni nde umugore ni nde muri iyi nzu y’aba bantu? Mboneye ho kuburira zirya nsoresore zihangishije ho gupfukamira abakobwa Ngo barabasaba Urukundo. Ibyo mukora muba mubizi mwe bwe? Ng’izi zimwe mu ngaruka zizababa ho igihe mwubatse mumaze mumaze gupfukamir’abagore ba nyu… Umugore umupfukamiye uba umuhereje Ubutware bwa we bw’urugo rwa nyu. Nk’uko Esawu muri Bibiliya yagize inzara ntindi, ikamutera kugurisha Ubutware bwe kuri murumuna we Yakobo kubera ibyo kurya Ngo atsirike inzara. Inda yamutanze imbere iramunyagisha.
    Umugore wageze muri urwo rwego rwo kwigira umugabo agafata icyemezo cyo gusenya urugo atyo, uwo ntakiri umugore wo Kwizerwa na gato. Uwo si umugore.
    Afite abadayimoni kandi nta kindi bagendereye uretse gusenya uru rugo rwabo burundu.
    Gusa, baravuga abanyarwanda Ngo:
    UKOMYE URUSKYO NTASIGA N’INGASIRE.
    Buri muntu iyo ataka, akenshi nka 98% ntavugisha ukuri ku mpamvu yateye ingorane ahagaze mo. Usanga agutakiraaa akubwira ububi n’ibibi by’uwo arega, ariko ku byo we na we aregwa n’uwo avuga, ntabikomoze ho.
    Byanga bikunda uyu mugabo na we afite amakosa yateye uyu mugore kwifata atya niba Atari ubusambanyi yagiye mo bubimutera. Ntibishoboka ko uyu mugore niba ari muzima mu mutwe, yahita mo gukora ibara bene ka kageni.
    Wa mugabo we kuko ari wowe watugishije inama, banza wisuzume ibyaba byarateye uwo mutegarugoli wa we ku kwivumbura ho atyo. Nta mugore wabyawe akarerwa n’ababyeyi banyarwanda watinyuka gukora ayo mahano k’umugabo wamukoye.
    Abagabo ntitwemera ibyaha bya cu. Kubyemera imbere y’abagore byo ni ibindi. Ariko Ubugabo s’ukwigira ishyano nk’uko tubikora.
    Umugore yaba mwiza yaba mubi, ibyo nta cyo bivuze. Apfa kuba yiyubaha kandi yitonda yuzuye n’ubwenge kamere.
    Niba uyu mugore ataradukanye uburaya inyuma y’urugo, ibisigaye ndumva umugabo akwiye kwirinda kongera kubaza uyu mugore ibyo mu mu buriri. Ahubwo agakoresha uburyo bwose yitonze bwo kumenya icyateye umugore ibyo bintu. Yasanga ari we nyirabayazana, akicisha bugufi bakiyunga.
    Rimwe na rimwe twe abagabo b’ubu dukwiye kwemera kubaha abagore ba cu. Umugore w’ubu wize wakongera kumubyina hejuru? Ubu dukwiye kububaha mu ngo zacu.
    N’umugabo ufata icyemezo cyo gutera umugongo umugore mu gihe kinini nta burwayi bubiteye, na we uwo si umugabo n’ingirwamugabo. Kandi benshi cyane na bo barabikora bibeshya ko Ngo bari ho guhima umugore. Ubwo n’ubwenge buke cyane bucagase si n’ubugabo.
    Ahaaa Imana ijye idutabara pe.

  15. Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?
    uvuga aba atarabona. nibenawe yaguhaye igihe runaka,njye yarankatiye burundu,ukongize icyo mubaza agahita yigira mu kindi cyumba. amezi abaye3, namubajije Icyo aricyo murugo aranyihorero.Uburakari bwaransaze musaba niba adashoboye kuba murugo yakwisubirirayo.Umugore ugutanagira impuhwe ziyi quarantine.Ubu koko agiye sinaba ngize Imana.nubwo umwana wa2.6yrs.abirenganira

  16. Mfite umugore mwiza unateye neza ariko avuga ko yihaye ikiruhuko cy’amezi 6 adakora imibonano- Nkore iki?
    uvuga aba atarabona. nibenawe yaguhaye igihe runaka,njye yarankatiye burundu,ukongize icyo mubaza agahita yigira mu kindi cyumba. amezi abaye3, namubajije Icyo aricyo murugo aranyihorero.Uburakari bwaransaze musaba niba adashoboye kuba murugo yakwisubirirayo.Umugore ugutanagira impuhwe ziyi quarantine.Ubu koko agiye sinaba ngize Imana.nubwo umwana wa2.6yrs.abirenganira

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *