Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara

Sangiza iyi nkuru

Nk’uko tumaze kubona uburyo bubori bwa Pozisiyo wanyarizamo umugore neza akanyurwa, ubwa gatatu ni ukuba muri pozisiyo yo kwicara.

Nk’uko twari twabisobanuye, benshi uko babivuga cyangwa baba bashaka kubikora siko bibahira, ariko mu by’ukuri Ubundi kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni igihe umugore abasha gusohora amavangingo aturuka mu myanya myibarukiro ye biturutse ku byiyumviro aba yatewe n’umugabo. Bisonanuye rero ko hataza inkari ahubwo haza amavangingo ashyushye cyane, bikaba biryohera umugore cyane kuko biza bitewe n’ibyishimo ndengakamere aba yatewe n’uwo babikorana bitewe nyine n’uburyo abimukoreramo.

Ubu buryo bwa Gatatu “Umugore uramwicaza maze amaguru akayarenza hejuru y’ibibero byawe agafata hasi yishingikirije ibiganze bye maze ukamunyaza yajya gusohora ukamufata mu mugongo kugira ngo atisimbiza kubera uburyohe bwinshi akavunika cyangwa se yicare ku gitanda cyangwa se intebe ariko akabasha kukwereka neza igitsina cye amaguru yayatandukanije neza, wowe ugashinga amavi ariko ubasha kugeza igitsina ku cye bitakugoye ubundi sinakubwira”.

Ushobora kubyumva gutya ukibwira ko byoroshye ariko ni ibintu bisaba ubuhanga, kuko wowe mugabo niba ushaka kunyaza abanza gutegura umugore muhuze urugwiro, nyuma rero ntabwo winjiza igitsina cyawe cyose mu cy’umugore ahubwo ukigarukiriza ahagana hanze hakikijwe n’imigoma.

Ubundi ukajya ugikoza kuri clitoris umanura wongera uzamura udakuraho, icyo gihe umugore azatangira kumva uburyohe budasanzwe bityo uko ukomeza niko n’umugore akomeza kugira ububobere bwinshi . Uko wowe mugabo uryoherwa kubera ububobere ni nako igikorwa kigenda cyoroha kandi n’uburyohe ku mugore bugakomeza kuba bwinshi, uko ukomeza ugeraho ukabona amazi araje ashyushye, ugakomeza muri uwo mujyo umugore agakomeza kuyamisha.

Inkuru bifitanye isano:

Ahabanza

Ahabanza

N’ibindi tuzagenda tubireba mu nkuru zizakomeza ejo. Inkuru nk’izi zigenewe abashakanye cyangwa se abari mu nzira yabyo. Rubyiruko mwirinde kwishora mu busambanyi kuko bishobora kubabyarira ibyago birimo no kwandura Virus itera SIDA cyangwa gutwara inda mudashoboye kurera.

Niba unyuzwe n’izi nyigisho twandikire kuri Email: kamikazigentille08@gmail.com , ubundi uduhe nimero zawe ukoresha kuri watsapp ubundi tujye tuziguha umunsi ku wundi.

Soma Izindi Nkuru

32 Responses

  1. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
    Nizi nyigisho ni ugutegura umuntu, murigisha ntako mutagira niyo mpamvu akenshi n’uburaya bwiyongereye kuko benshi baryoherwa mu mutwe bataranabona isura yacyo bikabatera kujya mu ngiro. Si byiza kubisoma utarasha!

    1. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
      UMUGORE UTANYARA BITERWANIKI IKINDI NABA ASHAKA IMIBONANO NUBWO WATEGURA KAJANA NYENEYE INAMAZANYO MURA KOZE.UWITEGUYE KUNGIRA INAMA NO.0732779660

    2. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
      UMUGORE UTANYARA BITERWANIKI IKINDI NABA ASHAKA IMIBONANO NUBWO WATEGURA KAJANA NYENEYE INAMAZANYO MURA KOZE.UWITEGUYE KUNGIRA INAMA NO.0732779660

  2. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
    Nizi nyigisho ni ugutegura umuntu, murigisha ntako mutagira niyo mpamvu akenshi n’uburaya bwiyongereye kuko benshi baryoherwa mu mutwe bataranabona isura yacyo bikabatera kujya mu ngiro. Si byiza kubisoma utarasha!

  3. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
    Nizi nyigisho ni ugutegura umuntu, murigisha ntako mutagira niyo mpamvu akenshi n’uburaya bwiyongereye kuko benshi baryoherwa mu mutwe bataranabona isura yacyo bikabatera kujya mu ngiro. Si byiza kubisoma utarashaka!

  4. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
    Nizi nyigisho ni ugutegura umuntu, murigisha ntako mutagira niyo mpamvu akenshi n’uburaya bwiyongereye kuko benshi baryoherwa mu mutwe bataranabona isura yacyo bikabatera kujya mu ngiro. Si byiza kubisoma utarashaka!

  5. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
    Ibi byigisho bitera umushyukwe ukabije, waswera umwali/umugore umuriro ukaka!

  6. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
    Ibi byigisho bitera umushyukwe ukabije, waswera umwali/umugore umuriro ukaka!

  7. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
    icyokigisho nikiza mujye mukitugezaho twaba shimira

  8. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
    icyokigisho nikiza mujye mukitugezaho twaba shimira

  9. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
    Rwose muri abarimu beza nkatwe abashakanye vuba muradufa

  10. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
    Rwose muri abarimu beza nkatwe abashakanye vuba muradufa

  11. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
    Murakozekutugirinama nkangehashije ukwez ndongoye ark murakoz kbs

  12. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
    Murakozekutugirinama nkangehashije ukwez ndongoye ark murakoz kbs

  13. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
    Mfite umugore unyara cyane agashwanyuka agatosa uburiri, ese nakora iki ko bimbangamira? Mungire inama ababizi.

  14. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
    Mfite umugore unyara cyane agashwanyuka agatosa uburiri, ese nakora iki ko bimbangamira? Mungire inama ababizi.

  15. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
    Izi nyigisho nazishimye kuko zirimo into benshibatar nazi

  16. Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
    Izi nyigisho nazishimye kuko zirimo into benshibatar nazi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *