Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?

Sangiza iyi nkuru

Nitwa Gervais ndi umukozi wo murugo ariko by’umwihariko nshinzwe koza imidoka ya databuja no gukingura igipangu bitewe n’uko ataha bwije(databuja).

Mabuja ajya aza kunganiriza akambaza ibibazo bijyanye n’imibonano mpuzabitsina gusa ngira ubwoba bwo kubivugaho kuko mba ntinya ko banyirukana ariko uko akomeza abinganiriza nanjye ndatwarwa, nkirekura tukabivugaho.

Rimwe mabuja yanyeruriye ko umugabo we atamuhaza ko nazamufasha. Nabanje kumuhakanira gusa na akomeza kumpatiriza mu minsi yakurikiyeho, nza kubyemera. Icyo ngihe twakoze imibonano mpuzabitsina, agera aho yifuza ko tujya tuyikora buri munsi.

Databuja yaje kumenya ko nge n’umugore we dukora imibonano, gusa ntiyari yadufatira mu cyuho. N’umujinya mwinshi, ejo bundi yaraduhamagaye twembi muri ‘salon’ aratubwira ati: ” Ibyo musanzwe mukora, nimubisubiremo ndeba n’amaso.” Yambwiye ko nintabikora, aranyirukana atampembye kandi yari amaze amezi icumi atampemba kuko twari twarasezeranye ko azayampa umwaka urangiye.

Mabuja afite ubwoba, arashaka kubaha itegeko ry’umugabo we ngo tubikore gusa nange mfite ubwoba burenze. Ntabwo nshaka gusambanira na mabuja imbere ya databuja kandi ntabikoze ntampemba amafaranga yange agera ku 200,000 RWF. Nkore iki?

Soma Izindi Nkuru

40 Responses

  1. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Ahubwo ntawe Uzi icyo ukihakora. Wateshutse Ku nshingano zawe urarengwa. Bagufunge.

  2. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Ahubwo ntawe Uzi icyo ukihakora. Wateshutse Ku nshingano zawe urarengwa. Bagufunge.

  3. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    biroroshye bwira nyokobuja atsembere umugabo ko ntacyo mwakoze nawe ubihakane
    arashaka kubashuka uwo sobuja.nakwirukana uzage kumurega wowe na nyokobuja muryumeho
    ushaka number yange nguhe ibindi bitekerezo?

  4. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    biroroshye bwira nyokobuja atsembere umugabo ko ntacyo mwakoze nawe ubihakane
    arashaka kubashuka uwo sobuja.nakwirukana uzage kumurega wowe na nyokobuja muryumeho
    ushaka number yange nguhe ibindi bitekerezo?

  5. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    hahhh arashaka kubashuka ahubwo arimo gucyekako mubikora arashaka kubona gihamya,kndi nubikora nayo mafaranga bizahwaniramo anakwicireho have sigaho bwira uwo mugore wawe mubihaksne

  6. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    hahhh arashaka kubashuka ahubwo arimo gucyekako mubikora arashaka kubona gihamya,kndi nubikora nayo mafaranga bizahwaniramo anakwicireho have sigaho bwira uwo mugore wawe mubihaksne

  7. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    hahhh arashaka kubashuka ahubwo arimo gucyekako mubikora arashaka kubona gihamya,kndi nubikora nayo mafaranga bizahwaniramo anakwicireho have sigaho bwira uwo mugore wawe mubihaksne

  8. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    hahhh arashaka kubashuka ahubwo arimo gucyekako mubikora arashaka kubona gihamya,kndi nubikora nayo mafaranga bizahwaniramo anakwicireho have sigaho bwira uwo mugore wawe mubihaksne

  9. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Mupowe wana ntiyanga ahubwo umujyane kuri police ibyo byo kukubwira ngo arakwirukana ataguhebye arishuka toto?Ese mabuja wawe we arabivugaho iki?Ganira na mabuja wawje wumve uko akubwira.nawe wifatire umwanzuro uri mukuru

  10. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Mupowe wana ntiyanga ahubwo umujyane kuri police ibyo byo kukubwira ngo arakwirukana ataguhebye arishuka toto?Ese mabuja wawe we arabivugaho iki?Ganira na mabuja wawje wumve uko akubwira.nawe wifatire umwanzuro uri mukuru

  11. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Sigaho ubihakane ntube umwana naho ibyo niterabwoba ntuyayakwima kuko ubura so ntubura shobuja aramutsye ayakwimye ukamurega kuko ahubwo nuburyo bwogushaka gihamya ubundi ahubwo ugirango hari nibyo washobora abahagarariye nigihamya ashaka mubihakane ibyo ntibivugwa Kandi simwe mwenyine byaba bibayeho iyo umugabo adahaye umugore we umwanya agashyira inyungu mukazi akenshi ibyo bibaho rwose kuko undi nawe aba ari umuntu muri make mubihakane ko mutigeze mubikora mumugire umusazi ahubwo ahhhhh

  12. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Sigaho ubihakane ntube umwana naho ibyo niterabwoba ntuyayakwima kuko ubura so ntubura shobuja aramutsye ayakwimye ukamurega kuko ahubwo nuburyo bwogushaka gihamya ubundi ahubwo ugirango hari nibyo washobora abahagarariye nigihamya ashaka mubihakane ibyo ntibivugwa Kandi simwe mwenyine byaba bibayeho iyo umugabo adahaye umugore we umwanya agashyira inyungu mukazi akenshi ibyo bibaho rwose kuko undi nawe aba ari umuntu muri make mubihakane ko mutigeze mubikora mumugire umusazi ahubwo ahhhhh

  13. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Ubundi se uramuhisha iki we ntajya asoma aya makuru yose harimo nibi wanditse.
    Ahubwo nukomeza gutegereza azagushahura.

  14. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Ubundi se uramuhisha iki we ntajya asoma aya makuru yose harimo nibi wanditse.
    Ahubwo nukomeza gutegereza azagushahura.

  15. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Ahubwo njyewe sinumva n’impamvu urinda udusaba inama y’icyo wakora kandi nawe ujya gufata umwanzuro wo gukora icyaha cyogusenya urugo rw’abandi utarigeze ugisha inama. Ingaruka y’icyaha ni urupfu. Gusa uri umupfapfa kuko nawe uramutse ushatse ukajya usanga bakurongoreye umugore ntiwabyishimira.

    1. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
      Mbe yew buriya ugira wigire umugororotsi naho nyen yagez mwijuru. Kwisi ntawudacumura, ntawudakosha, buri wese aracumura buri musi ndetse na buri mwanya.

    2. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
      Mbe yew buriya ugira wigire umugororotsi naho nyen yagez mwijuru. Kwisi ntawudacumura, ntawudakosha, buri wese aracumura buri musi ndetse na buri mwanya.

  16. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Ahubwo njyewe sinumva n’impamvu urinda udusaba inama y’icyo wakora kandi nawe ujya gufata umwanzuro wo gukora icyaha cyogusenya urugo rw’abandi utarigeze ugisha inama. Ingaruka y’icyaha ni urupfu. Gusa uri umupfapfa kuko nawe uramutse ushatse ukajya usanga bakurongoreye umugore ntiwabyishimira.

  17. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Ahubwo njyewe sinumva n’impamvu urinda udusaba inama y’icyo wakora kandi nawe ujya gufata umwanzuro wo gukora icyaha cyogusenya urugo rw’abandi utarigeze ugisha inama. Ingaruka y’icyaha ni urupfu. Gusa uri umupfapfa kuko nawe uramutse ushatse ukajya usanga bakurongoreye umugore ntiwabyishimira.

  18. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Ahubwo njyewe sinumva n’impamvu urinda udusaba inama y’icyo wakora kandi nawe ujya gufata umwanzuro wo gukora icyaha cyogusenya urugo rw’abandi utarigeze ugisha inama. Ingaruka y’icyaha ni urupfu. Gusa uri umupfapfa kuko nawe uramutse ushatse ukajya usanga bakurongoreye umugore ntiwabyishimira.

  19. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Ahubwo njyewe sinumva n’impamvu urinda udusaba inama y’icyo wakora kandi nawe ujya gufata umwanzuro wo gukora icyaha cyogusenya urugo rw’abandi utarigeze ugisha inama. Ingaruka y’icyaha ni urupfu. Gusa uri umupfapfa kuko nawe uramutse ushatse ukajya usanga bakurongoreye umugore ntiwabyishimira.

  20. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Ahubwo njyewe sinumva n’impamvu urinda udusaba inama y’icyo wakora kandi nawe ujya gufata umwanzuro wo gukora icyaha cyogusenya urugo rw’abandi utarigeze ugisha inama. Ingaruka y’icyaha ni urupfu. Gusa uri umupfapfa kuko nawe uramutse ushatse ukajya usanga bakurongoreye umugore ntiwabyishimira.

  21. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Ngaho bura ubwenge sha ,” baca umugani ngo umugore w’ubwenge yasgutse undi biramenyekana” mwebwe arabakeka none arashaka gusa yabuze gihamya cyane ko muba no mu igipangu none arabashakaho gihamya akabona gufata imyanzuro kdi ikarishyu, dore yamaze kubarakarira ahubwo shaka uko wabona utwo wavunikiye utarakora ibyaha kdi wicuze ku IMANA ntuzongere NA rimwe!!

  22. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Ngaho bura ubwenge sha ,” baca umugani ngo umugore w’ubwenge yasgutse undi biramenyekana” mwebwe arabakeka none arashaka gusa yabuze gihamya cyane ko muba no mu igipangu none arabashakaho gihamya akabona gufata imyanzuro kdi ikarishyu, dore yamaze kubarakarira ahubwo shaka uko wabona utwo wavunikiye utarakora ibyaha kdi wicuze ku IMANA ntuzongere NA rimwe!!

  23. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Uwo mugabo afite ikibazo cy kuryoshya umugore we, Kureba abasambana nabyo rero ni bimwe mugusambana, Fata uwo mugore rero umuswere, ahubwo umbwire umugabo uti banza unyongerere umushahara

  24. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Uwo mugabo afite ikibazo cy kuryoshya umugore we, Kureba abasambana nabyo rero ni bimwe mugusambana, Fata uwo mugore rero umuswere, ahubwo umbwire umugabo uti banza unyongerere umushahara

  25. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Uwo mugabo afite ikibazo cy kuryoshya umugore we, Kureba abasambana nabyo rero ni bimwe mugusambana, Fata uwo mugore rero umuswere, ahubwo umbwire umugabo uti banza unyongerere umushahara

  26. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Uwo mugabo afite ikibazo cy kuryoshya umugore we, Kureba abasambana nabyo rero ni bimwe mugusambana, Fata uwo mugore rero umuswere, ahubwo umbwire umugabo uti banza unyongerere umushahara

  27. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Ahubwo uzarimbuka ,wakoze icyaha gikomeye,nubwo izonizongaruka wagombaga kubona. Kd ikindi nkurikije uburemere bwicyaha wakoze ukwiye gufungwa aho kuguhemba frw wakoreye.warahamutse Saba imana imbabazi!

  28. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Ahubwo uzarimbuka ,wakoze icyaha gikomeye,nubwo izonizongaruka wagombaga kubona. Kd ikindi nkurikije uburemere bwicyaha wakoze ukwiye gufungwa aho kuguhemba frw wakoreye.warahamutse Saba imana imbabazi!

  29. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Ubundi se ubwo wategekwa kurongora baguhagaze hejuru ukabishobora??

  30. Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
    Ubundi se ubwo wategekwa kurongora baguhagaze hejuru ukabishobora??

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *