Ubushinjacyaha Bukuru (NPPA) kuri uyu wa 26 Gashyantare 2020 bwatangaje ibyavuye mu busesenguzi bwakoze kuri raporo y’iperereza ryakozwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku rupfu rw’umuhanzi Kizito Mihigo.
NPPA ivuga ko yakiriye raporo igaragaza ibyavuye mu iperereza: ry’ahantu Kizito Mihigo yapfiriye, raporo y’ibyavuye mu isuzuma ry’umurambo (Medical-Legal Autopsy Report) yakozwe na Rwanda Forensic Lab n’ibyavuye mu ibazwa ry’abantu.
- Iperereza ryabereye aho Kizito yapfiriye ngo ryagaragaje ko umurambo we wasanzwe umanitse muri ‘grillage’ y’idirishya ry’icyumba yari afungiwemo, uhambiriwe mu ijoshi n’umugozi ukozwe mu gice cy’ishuka yararagamo.
- Raporo ya Rwanda Forensic Lab. Yagaragaje ko urupfu rwatewe no kubura umwuka (Axyphyxia/hypoxia), gushobora guterwa no kuba yariyahuye.
- Abantu babajijwe barimo abapolisi bari barinze aho Kizito yari afungiwe, bahamya ko batashoboraga kumva ibibera mu cyumba yarimo, ngo kuko hagati y’aho bari bicaye n’icyumba Kizito yari afungiwemo, hari intera ituma itatuma bumva ibyabaye.
Nyuma y’ubu busesenguzi, NPPA isanga urupfu rwa Kizito rwaratewe no kwiyahura yimanitse, bityo bugasanga nta kurikiranacyaha ryaba kuri uru rupfu.
Tariki ya 17 Gashyantare 2020 ni bwo urwego rwa RIB na Polisi y’u Rwanda zatangaje ko Kizito Mihigo yapfuye yiyahuriye muri kasho ya Remera, aho yari afungiwe akurikiranweho ibyaha byo gushaka kwinjira mu mutwe w’iterabwoba no ruswa. Mu iperereza ry’ibanze, RIB yaje gutangaza na none ko Kizito yiyahuye akoresheje ishuka yararagamo. Kizito Mihigo yaje gushyingurwa tariki ya 22 Gashyantare.




50 Responses
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Murabeshya. Turifuza enquete internationale ndetse na court International izacira abagizi ba nabi bakomeje guhekura abana b u Rwanda.
Ntasoni sha namwe vuba aha muraje mubibazwe.
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Yariyahuye kdi kuko ntaribusubire mu nkiko asaba imbazi ngo yongeye gushukwa n’abaryankuna
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Yariyahuye kdi kuko ntaribusubire mu nkiko asaba imbazi ngo yongeye gushukwa n’abaryankuna
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Murabeshya. Turifuza enquete internationale ndetse na court International izacira abagizi ba nabi bakomeje guhekura abana b u Rwanda.
Ntasoni sha namwe vuba aha muraje mubibazwe.
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Iryoperereza niryo kubwanyu ryimbitse rero? Kuki Rwanda ugomba gufata abantu bose nkuko ari ibijuju? Turakeneye iryigenga ritari kuri Leta.
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Iryoperereza niryo kubwanyu ryimbitse rero? Kuki Rwanda ugomba gufata abantu bose nkuko ari ibijuju? Turakeneye iryigenga ritari kuri Leta.
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Kizito mihigo imana izamwakire mubayo kuko
TWA mukundaga cyane
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Kizito mihigo imana izamwakire mubayo kuko
TWA mukundaga cyane
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ni agahinda gusa.yaba atariyahuye 1994 aho yahigwaga .nibamwibwira ko abantu badafite ubwenge sinzi.kwisi niho numvise gereza umuntu yakwiyahurira mu idirisha .ntibibaho ntabyanakunda.ibyiza mwajya meicecekera kuko no kubeshya ntimishoboye .iprereza ryimbitse UHORAHO azarikora kandi nabategetsi hano ahandi tuzajya bazategekwa.wica umuntu uzi ngo uramuhemukiye Wazapha ugasanga ni landlord’s wowe ugakodesha Iwe .ibaze na we ??
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ni agahinda gusa.yaba atariyahuye 1994 aho yahigwaga .nibamwibwira ko abantu badafite ubwenge sinzi.kwisi niho numvise gereza umuntu yakwiyahurira mu idirisha .ntibibaho ntabyanakunda.ibyiza mwajya meicecekera kuko no kubeshya ntimishoboye .iprereza ryimbitse UHORAHO azarikora kandi nabategetsi hano ahandi tuzajya bazategekwa.wica umuntu uzi ngo uramuhemukiye Wazapha ugasanga ni landlord’s wowe ugakodesha Iwe .ibaze na we ??
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ibi sinjya mbitindaho umunyabwenge azasome itangazo ryatanzwe umunsi yiyahura azabonamo ukuri naho iby’ibizami byo ntawamenya nonese ko wumva bari kure y’aho yari Ari bari barinze iki? Nyamara ahubwo ndumva barabibaze nabi kuko usapfuye yaragiye twatobanye akondo aho Ari hose nzamwibuka nk’uko mpora nibuka abo nabuze.niyo nafpa nzagende kuko ntabwiza namurushaga ariko technical aspects is total different from evidence!
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ibi sinjya mbitindaho umunyabwenge azasome itangazo ryatanzwe umunsi yiyahura azabonamo ukuri naho iby’ibizami byo ntawamenya nonese ko wumva bari kure y’aho yari Ari bari barinze iki? Nyamara ahubwo ndumva barabibaze nabi kuko usapfuye yaragiye twatobanye akondo aho Ari hose nzamwibuka nk’uko mpora nibuka abo nabuze.niyo nafpa nzagende kuko ntabwiza namurushaga ariko technical aspects is total different from evidence!
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ibi sinjya mbitindaho umunyabwenge azasome itangazo ryatanzwe umunsi yiyahura azabonamo ukuri naho iby’ibizami byo ntawamenya nonese ko wumva bari kure y’aho yari Ari bari barinze iki? Nyamara ahubwo ndumva barabibaze nabi kuko usapfuye yaragiye twatobanye akondo aho Ari hose nzamwibuka nk’uko mpora nibuka abo nabuze.niyo nafpa nzagende kuko ntabwiza namurushaga ariko technical aspects is total different from evidence!
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ibi sinjya mbitindaho umunyabwenge azasome itangazo ryatanzwe umunsi yiyahura azabonamo ukuri naho iby’ibizami byo ntawamenya nonese ko wumva bari kure y’aho yari Ari bari barinze iki? Nyamara ahubwo ndumva barabibaze nabi kuko usapfuye yaragiye twatobanye akondo aho Ari hose nzamwibuka nk’uko mpora nibuka abo nabuze.niyo nafpa nzagende kuko ntabwiza namurushaga ariko technical aspects is total different from evidence!
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ibyontago bibaho abanyarwanda nuko tuzira guceceka kizito yararenganye
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ibyontago bibaho abanyarwanda nuko tuzira guceceka kizito yararenganye
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ibyontago bibaho abanyarwanda nuko tuzira guceceka kizito yararenganye
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ibyontago bibaho abanyarwanda nuko tuzira guceceka kizito yararenganye
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Kizito yararenganye nuko tuzira kutavuga
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Kizito yararenganye nuko tuzira kutavuga
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Kizito yararenganye nuko tuzira kutavuga
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ibyiyi Reta birakabije PS
Ikibabaje nuko ibyagezweho bizasenywa ibi nibikomeza guhora abantu bizengurukaho birarambiranye ubu se Habyarimana ko mumurushije ububi
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
NIYIGENDERE. TWAMUKUNDAGA
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
NIYIGENDERE. TWAMUKUNDAGA
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ibyiyi Reta birakabije PS
Ikibabaje nuko ibyagezweho bizasenywa ibi nibikomeza guhora abantu bizengurukaho birarambiranye ubu se Habyarimana ko mumurushije ububi
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Kizito yararenganye nuko tuzira kutavuga
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ibyabaye byarabaye twe ntacyo twabihinduraho! Niyo mpamvu twareba ibiri imbere! Kuko ibi nabyo namayobera! Nihanganishije umuryango we nabamukundaga Bose!
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ibyabaye byarabaye twe ntacyo twabihinduraho! Niyo mpamvu twareba ibiri imbere! Kuko ibi nabyo namayobera! Nihanganishije umuryango we nabamukundaga Bose!
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Kizito imana iraje imuhorere vuba bidatinze murabibona kuba abanyarwanda bacecetse gutya suko batabona ubwicanyi bwanyu@mwishe umusiranenge kizito mubikorana ubuswa kugira imana ibagaragaze yibyo mukora erega ntiwakica umwana wimana bikugwe amahoro!
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Kizito imana iraje imuhorere vuba bidatinze murabibona kuba abanyarwanda bacecetse gutya suko batabona ubwicanyi bwanyu@mwishe umusiranenge kizito mubikorana ubuswa kugira imana ibagaragaze yibyo mukora erega ntiwakica umwana wimana bikugwe amahoro!
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ese nkumukuru wa senat nukukuru winteko ishinga amategeko baba bicaye hariya bahebwa amafaranga yabanyarwanda bakora iki mugihe abanyarwanda bicwa kuriya badadhobora guhamagara ubikora ngo abisobanure cg nawe bamweguze
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ese nkumukuru wa senat nukukuru winteko ishinga amategeko baba bicaye hariya bahebwa amafaranga yabanyarwanda bakora iki mugihe abanyarwanda bicwa kuriya badadhobora guhamagara ubikora ngo abisobanure cg nawe bamweguze
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Nta perereza mbonye aho.Hari ibibazo byinshi bitacukumbuwe. Cachot yari arimo yubatse gute? yaba ifite idirishya ko tuzi ko muri cachot habamo claustras zizanamo umwuka? kuki yari afunzwe wenyine? amashuka yayavanye he ko ntayaba kuri station? niba yarayabonye yayakatishije iki ngo akore ikiziriko? iryo dirishya riri ku burebure bungana bute? yakoresheje iki kugira ngo agere kw’idirishya? idirishya rikoze mu cyuma kimeze gute (profilé)? ko grillage iba inyuma yayigezeho ate? kwimanika bisaba ngo ugire icyo uzamukiraho nyuma ukagisunika ugasigara muri vide yakivanye he? kuki abarinzi barikure y’uwo barindaga? kuki batashyizemo Caméra zigezweho kuko bagombaga kumucunga amasaha 24/24.? Kuki nta mafoto bafashe basanze yiyahuye? Turamutse twemeye ko yiyahuye (uretse ko atari byo) nabwo bwaba ari uburangare bw’abamucungaga. Mureke kubeshya, iryo tekinika ryanyu ntaho rizabageza. RIP KIZITO MIHIGO notre Mozart.
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Nta perereza mbonye aho.Hari ibibazo byinshi bitacukumbuwe. Cachot yari arimo yubatse gute? yaba ifite idirishya ko tuzi ko muri cachot habamo claustras zizanamo umwuka? kuki yari afunzwe wenyine? amashuka yayavanye he ko ntayaba kuri station? niba yarayabonye yayakatishije iki ngo akore ikiziriko? iryo dirishya riri ku burebure bungana bute? yakoresheje iki kugira ngo agere kw’idirishya? idirishya rikoze mu cyuma kimeze gute (profilé)? ko grillage iba inyuma yayigezeho ate? kwimanika bisaba ngo ugire icyo uzamukiraho nyuma ukagisunika ugasigara muri vide yakivanye he? kuki abarinzi barikure y’uwo barindaga? kuki batashyizemo Caméra zigezweho kuko bagombaga kumucunga amasaha 24/24.? Kuki nta mafoto bafashe basanze yiyahuye? Turamutse twemeye ko yiyahuye (uretse ko atari byo) nabwo bwaba ari uburangare bw’abamucungaga. Mureke kubeshya, iryo tekinika ryanyu ntaho rizabageza. RIP KIZITO MIHIGO notre Mozart.
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Kubyanditswe kandi byateweho stamp ntanakimwe nkabana babantu dufite kurenzaho cg ngo tugire uwo dushinza kuko ntanumwe waruhari, gusa ukuri kose Imana niyo ukuzi, kandi bibe Ibyiza cg ibibi byose biba mubushake bwayo! Byinshi duhura nabyo bige bidusigira isomo mubuzima #RIP kizito mihigo warigendeye iyakuduhaye yarakwishubije turayishima, gusa tuzahora tukwibuka iteka ryose.
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Kubyanditswe kandi byateweho stamp ntanakimwe nkabana babantu dufite kurenzaho cg ngo tugire uwo dushinza kuko ntanumwe waruhari, gusa ukuri kose Imana niyo ukuzi, kandi bibe Ibyiza cg ibibi byose biba mubushake bwayo! Byinshi duhura nabyo bige bidusigira isomo mubuzima #RIP kizito mihigo warigendeye iyakuduhaye yarakwishubije turayishima, gusa tuzahora tukwibuka iteka ryose.
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Kubyanditswe kandi byateweho stamp ntanakimwe nkabana babantu dufite kurenzaho cg ngo tugire uwo dushinza kuko ntanumwe waruhari, gusa ukuri kose Imana niyo ukuzi, kandi bibe Ibyiza cg ibibi byose biba mubushake bwayo! Byinshi duhura nabyo bige bidusigira isomo mubuzima #RIP kizito mihigo warigendeye iyakuduhaye yarakwishubije turayishima, gusa tuzahora tukwibuka iteka ryose.
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Kubyanditswe kandi byateweho stamp ntanakimwe nkabana babantu dufite kurenzaho cg ngo tugire uwo dushinza kuko ntanumwe waruhari, gusa ukuri kose Imana niyo ukuzi, kandi bibe Ibyiza cg ibibi byose biba mubushake bwayo! Byinshi duhura nabyo bige bidusigira isomo mubuzima #RIP kizito mihigo warigendeye iyakuduhaye yarakwishubije turayishima, gusa tuzahora tukwibuka iteka ryose.
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Kubyanditswe kandi byateweho stamp ntanakimwe nkabana babantu dufite kurenzaho cg ngo tugire uwo dushinza kuko ntanumwe waruhari, gusa ukuri kose Imana niyo ukuzi, kandi bibe Ibyiza cg ibibi byose biba mubushake bwayo! Byinshi duhura nabyo bige bidusigira isomo mubuzima #RIP kizito mihigo warigendeye iyakuduhaye yarakwishubije turayishima, gusa tuzahora tukwibuka iteka ryose.
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Kubyanditswe kandi byateweho stamp ntanakimwe nkabana babantu dufite kurenzaho cg ngo tugire uwo dushinza kuko ntanumwe waruhari, gusa ukuri kose Imana niyo ukuzi, kandi bibe Ibyiza cg ibibi byose biba mubushake bwayo! Byinshi duhura nabyo bige bidusigira isomo mubuzima #RIP kizito mihigo warigendeye iyakuduhaye yarakwishubije turayishima, gusa tuzahora tukwibuka iteka ryose.
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Murasetsa koko! Ahubwo Fpr niyemere ko inaniwe kuko no gutekinika bimaze kuyinanira. Nibura niyo bemeza ko yishwe ko ahubwo bagiye gukora iperereza kubamwishe wenda bakaba bicecekeye nkuko babikoze kuri Rwigara wenda abanyarwanda bakabyibagirwa nkuko twabimenyereye. Kuki se mutaretse iperereza ryigenga ngo ritangaze ibyo muvuze. Ngo muri leta souverain, none ko mwaretse abafaransa bakaza gukora iperereza ku ndege ya Habyarimana, icyo gihe ntimwari leta souverain. Mwabeshye kenshi none nimwegure kuko nabyo bimaze kubananira, abakibari inyuma bazamera nk ikirondwe cyumira ku ruhu inka yarariwe kera. Mwishe benshi amaraso ya Kizito yo azabahagama.
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Murasetsa koko! Ahubwo Fpr niyemere ko inaniwe kuko no gutekinika bimaze kuyinanira. Nibura niyo bemeza ko yishwe ko ahubwo bagiye gukora iperereza kubamwishe wenda bakaba bicecekeye nkuko babikoze kuri Rwigara wenda abanyarwanda bakabyibagirwa nkuko twabimenyereye. Kuki se mutaretse iperereza ryigenga ngo ritangaze ibyo muvuze. Ngo muri leta souverain, none ko mwaretse abafaransa bakaza gukora iperereza ku ndege ya Habyarimana, icyo gihe ntimwari leta souverain. Mwabeshye kenshi none nimwegure kuko nabyo bimaze kubananira, abakibari inyuma bazamera nk ikirondwe cyumira ku ruhu inka yarariwe kera. Mwishe benshi amaraso ya Kizito yo azabahagama.
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Uguhora nuk.’uwiteka kizito imana ikwakire mubayo.ark bareke kutubeshya.
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Uguhora nuk.’uwiteka kizito imana ikwakire mubayo.ark bareke kutubeshya.
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ntimukabeshye mwabasenzi mwe muzabeshye abatagira ubwenge. Ngo yariyahuye?? Mukanabivuga ntasoni? Niba yariyahuye ari ukuri nimureke human rights watch ikore iperereza. Kuki mwayangiye?
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Ntimukabeshye mwabasenzi mwe muzabeshye abatagira ubwenge. Ngo yariyahuye?? Mukanabivuga ntasoni? Niba yariyahuye ari ukuri nimureke human rights watch ikore iperereza. Kuki mwayangiye?
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
CP Eric Ruzigamanzi,
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
CP Eric Ruzigamanzi,
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Abarira turi bensahi nsigaye ndera imfubyi 7bitewe nuko umutware wanjye bamusanze murugo bagaparika imodoka akagenda agiye ibu umwaka ntushize?Nimwihanagure muceceke ubu ejo nibagwingira ngo nimirire mibi Kandi Ari ibitekerezo byo kwibaza aho se Ari
Ibyavuye mu busesenguzi bw’iperereza ku rupfu rwa Kizito Mihigo-NPPA
Abarira turi bensahi nsigaye ndera imfubyi 7bitewe nuko umutware wanjye bamusanze murugo bagaparika imodoka akagenda agiye ibu umwaka ntushize?Nimwihanagure muceceke ubu ejo nibagwingira ngo nimirire mibi Kandi Ari ibitekerezo byo kwibaza aho se Ari