Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu wa 27 Werurwe 2020, yatangaje ko mu Rwanda hagaragaye abandi barwayi ba Coronavirus bane, muri rusange baba 54.
Aba barwayi:
- Umwe yageze mu Rwanda aturutse mu mugi wa Dubai.
- Uwa kabiri yageze mu Rwanda aturutse muri Amerika.
- Abandi ni babiri natahuwe nyuma yo guhura n’abagaragayeho iki cyorezo, bahita bashyirwa mu kato.



