Sameera Sarah ni umukobwa w’imyaka 27 y’amavuko utuye mu mugi wa Kigoma muri Tanzania.
Afite musaza we w’imyaka 24 y’amavuko bakunze kwisanzuranaho, ntibagire icyo bahishanya. Avuga ko ibiganiro bagirana byiganzamo ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere n’urukundo.
We n’uyu musaza we nta kintu bakingana ndetse nta we ugira isoni ryo kwitwara mu buryo yise ubusazi (crazy behavior) nko kwicara hanze ku kazuba akenyeye agasume gusa cyangwa se agaragaza igice cyo hejuru cy’umubiri we.
Bitewe n’iyo myitwarire, yavuze ko na we atagira ikibazo cy’uko yamubona agaragara mu buryo budasanzwe, n’ubwo bwaba ari bwa bundi bukurura abasore. Ngo ntabwo umwe muri bo yakwica inzara kandi undi ahari, byo ngo nta kidasanzwe.
Aho bigeze ngo Sameera arumva arushaho kurarikira musaza we bitewe na ya myitwarire, ariko akaba agira isoni zo kubimubwira nka musaza we; icyakoze ngo na we (musaza we ) bahuje ibitekerezo, akaritobora, na we atazuyaza.
Imyitwarire nk’iyi si iya Sameera gusa
Mu miryango itandukanye hari ubwo umuhungu n’umukobwa n’abavandimwe bitewe n’uko bari mu kigero kimwe bagiranaho imyitwarire idasanzwe, bakisanzura bumva ko nta kibazo biteye.
Nyamara iyo birenze urugero nk’uko byagenze kuri Sameera na musaza we, bishobora kugira ingaruka mbi zirimo gusebya umuryango, bijyanye no kwangiza umuco.
Kwisanzuranaho ni byiza mu gihe bitarenze urugero kandi ni na byiza ko umukobwa amenya ko kwitwararika no kwigengesera ari byo bizamugira umugore mwiza.
N’umusore wifuza kuzavamo umugabo mwiza ni ngombwa ko ashyiraho umupaka atarenza yitwara cyangwa se aganira na mushiki we.



16 Responses
Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w’i Kigoma
wabuzu mukunzix! kowifuza musaza wae?
Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w’i Kigoma
wabuzu mukunzix! kowifuza musaza wae?
Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w’i Kigoma
BISHOBORA KUBABERA NKA AMUNONI MUSAZA WA TAMARI. AMAZE KURARIKIRA MUSHIKIWE NYUMA YO KURYAMANA NAWE URWANGO RWARENZE URUKUNDO BARIBAFITANYE. URUKUNDO NKURWO BIBILIYA ILUVUGAHO SIRWIZA NDETSE NICYAHA.
Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w’i Kigoma
BISHOBORA KUBABERA NKA AMUNONI MUSAZA WA TAMARI. AMAZE KURARIKIRA MUSHIKIWE NYUMA YO KURYAMANA NAWE URWANGO RWARENZE URUKUNDO BARIBAFITANYE. URUKUNDO NKURWO BIBILIYA ILUVUGAHO SIRWIZA NDETSE NICYAHA.
Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w’i Kigoma
URUKUNDO NKURWO SIRWIZA NUGUSENGA.
Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w’i Kigoma
URUKUNDO NKURWO SIRWIZA NUGUSENGA.
Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w’i Kigoma
ruragansindwa
Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w’i Kigoma
ruragansindwa
Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w’i Kigoma
Nugusenga ibyo nibibi CNE
Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w’i Kigoma
Nugusenga ibyo nibibi CNE
Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w’i Kigoma
Ibi bibaho ark iyo bimaze kurenga urugero biba agahomamunwa pe!
Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w’i Kigoma
Ibi bibaho ark iyo bimaze kurenga urugero biba agahomamunwa pe!
Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w’i Kigoma
Nugwa muricyo cyaha uzaba ukoze amahano azagukurikirana iteka ryose
Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w’i Kigoma
Nugwa muricyo cyaha uzaba ukoze amahano azagukurikirana iteka ryose
Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w’i Kigoma
genda wiherere ubibwire imana utegereze.
Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w’i Kigoma
genda wiherere ubibwire imana utegereze.