Munyakazi Sadate wayoboraga ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa 27 Ukwakira 2020 aramutse abaza Polisi y’u Rwanda ikibazo cyakuruye ibindi bibazo byinshi.
Ni ikibazo Sadate yabajije mu buryo bw’igitekerezo ku gikorwa Polisi y’Igihugu yatangaje tariki ya 23 Ukwakira 2020 cyo gupima abakinnyi ba Police na Interforce FC icyorezo cya Covid-19.
Icyo gihe Polisi y’Igihugu ibicishije ku rubuga rwa Twitter, yagize iti: ” Amakipe ya Polisi y’u #Rwanda (Police FC & Interforce FC) yapimwe icyorezo cya Koronavirusi mbere y’uko yerekeza mu mwiherero bitegura gutangira shampiyona y’ikiciro cya Mbere n’icya Kabiri.”
Sadate Munyakazi yatanze igitekerezo ati: “Mwaramutse Police y’u Rwanda, nagira ngo nibarize ikibazo, Ese aya ma Equipes ni aya Police y’u Rwanda ko nabonye afite Statut azigenga kandi akaba afite abantu ku giti cyabo bayashinze kandi Police y’u Rwanda ikaba itarimo?! Mu mfashe gusobanukirwa. Merci kubisobanurira mumpa.”
Mu bitekerezo bimaze gutangwa kuri ubu butumwa bwa Sadate, bigaragara ko abenshi batishimiye iki kibazo cye, bakaba bamufata nk’uwashatse kwivanga mu buzima bwa Police na Interforce FC, Polisi y’Igihugu ivuga ko ari ayayo.
Uwiyise Mama Billy yabajije Sadate ati: “None hari ishyamba mwifuza gutema nyakubahwa nkuko mwabigenje muri #Murera. Ese ubundi status z’amakipe ya @rwandapolice wazibonye ujyahe? Kandi nyirakarimi karekeare yatanze…… Nihitiraga ntago ntuye muri izi quartier.”
Eric Clapton yagize ati: “[…] #Gacanga irakunaniye none uje kuburanya #Polisi sasa nzaba mbarirwa”
Nyandwi Elie abona ko Sadate atakabaye abariza ikibazo nk’iki ku rubuga rwa Twitter. Yagize ati: “Urwego rwawe si urwo kubariza iki kibazo aha bwana Sadate.”
Uwitwa Clement Rafiki yabajije Sadate ati: “Yaba ubuyobozi bwa @Rwandapolice cg abo bantu ku giti cyabo wigeze wumva uwabigizeho ikibazo se? Nibiramuka bibaye hazakurikizwa amategeko, kandi uzahita ubona igisubizo.”
Amasaha agera kuri atanu arashize Sadate abajije iki kibazo. Ntabwo Polisi y’u Rwanda irakimusubiza, nk’uko bigaragara ku rubuga rwa Twitter.



42 Responses
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
None c kuba sadati Hari ibitamureba, bivuze ko ibiri gupfa atabigaragaza, bibujijwe c gutanga ibutekerezo bihumura abantu baba batabonye gaps na mistakes ziri mu bikorwa bimwe na bimwe. Abanyarwanda niba arubwoba tugira, niba tubikora nkana niba arubujiji, sinzi peh! Nanjye nivugiraga.
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Wagirango we ntiyemerewe kubaza ,cg si umunyarwanda nkabandi, abanyarwanda batinya kubaza nicyo kibazo kubaza police c nibirenze??
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Wagirango we ntiyemerewe kubaza ,cg si umunyarwanda nkabandi, abanyarwanda batinya kubaza nicyo kibazo kubaza police c nibirenze??
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
None c kuba sadati Hari ibitamureba, bivuze ko ibiri gupfa atabigaragaza, bibujijwe c gutanga ibutekerezo bihumura abantu baba batabonye gaps na mistakes ziri mu bikorwa bimwe na bimwe. Abanyarwanda niba arubwoba tugira, niba tubikora nkana niba arubujiji, sinzi peh! Nanjye nivugiraga.
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Sadate yagiriwe urwango rwa munyangire nutamuzi amwanga ntanicyo bapha gusa njye mbona ari umusportifu wisanzura udafite icyoatwaye gusa akundukuri ninacyo azira murakoze
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Sadate yabuze amaboko amwunganira na ya stadium twari kuyubaka ba uretse uzareba ko Bose batazamugarukira ramba sadate njye ndakwemera jya ubabaza.kdi bagusubize natwe twumve.
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Sadate yabuze amaboko amwunganira na ya stadium twari kuyubaka ba uretse uzareba ko Bose batazamugarukira ramba sadate njye ndakwemera jya ubabaza.kdi bagusubize natwe twumve.
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Sadate yagiriwe urwango rwa munyangire nutamuzi amwanga ntanicyo bapha gusa njye mbona ari umusportifu wisanzura udafite icyoatwaye gusa akundukuri ninacyo azira murakoze
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Erega tuge twibuka turi mugihugu gifite democrasi bityo numva kubaza ibyo utumva ushaka gusobanukirwa bitakabaye impamvu
Nuburenganzira bwaburi munyarwanda gutanga igitekerezo cye. Ahubwo azasubizwe tubonereho
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Erega tuge twibuka turi mugihugu gifite democrasi bityo numva kubaza ibyo utumva ushaka gusobanukirwa bitakabaye impamvu
Nuburenganzira bwaburi munyarwanda gutanga igitekerezo cye. Ahubwo azasubizwe tubonereho
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Erega tuge twibuka koturi mugihugu gifite democrasi bityo numva kubaza ibyo utumva ushaka gusobanukirwa bitakabaye impamvu
Nuburenganzira bwaburi munyarwanda gutanga igitekerezo cye. Ahubwo azasubizwe tubonereho
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Ndumva ntakosa yakoze ahubwo ni uko benshi mu birabura kubaho bakoma amashyi nibyo batazi bakabyemera,yewe n’uvuze ukuri bakamurwanya ngo ateye ibuye ku karere,Kuburyo n’ukoze amakosa tukabirenza ingohe ngo ni nyakubahwa kdi bikarangira bitugarukiye.Ahubwo njye ndumva abantu nkabo bakurikirana ibintu aribo bari bakenewe da!!!! Narimpatambutse ubusanzwe siho ntuye!!
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Ndumva ntakosa yakoze ahubwo ni uko benshi mu birabura kubaho bakoma amashyi nibyo batazi bakabyemera,yewe n’uvuze ukuri bakamurwanya ngo ateye ibuye ku karere,Kuburyo n’ukoze amakosa tukabirenza ingohe ngo ni nyakubahwa kdi bikarangira bitugarukiye.Ahubwo njye ndumva abantu nkabo bakurikirana ibintu aribo bari bakenewe da!!!! Narimpatambutse ubusanzwe siho ntuye!!
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Erega tuge twibuka koturi mugihugu gifite democrasi bityo numva kubaza ibyo utumva ushaka gusobanukirwa bitakabaye impamvu
Nuburenganzira bwaburi munyarwanda gutanga igitekerezo cye. Ahubwo azasubizwe tubonereho
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Murahoneza ikibazo sadate yabajije kirumvikana Kandi kibajije nezarwose sinumva impamvu abongabo bamwamagana abanyarwanda tureke kujya turuma duhuha mureke twisa zure buriwese avuge uko abyumva svp
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Dufite uburwayi muri twe, nta nicyo amateka yacu y’inzangano yatwigishije kuko ntiduhinduka. Umuntu akabaza ikibazo, wowe kikakurya. Si wowe akibajije, nta gisubizo ashaka ko wowe umuha, n’ubajijwe ntagusabye kumusubiriza. Turacyafite urugendo rurefu sana
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Dufite uburwayi muri twe, nta nicyo amateka yacu y’inzangano yatwigishije kuko ntiduhinduka. Umuntu akabaza ikibazo, wowe kikakurya. Si wowe akibajije, nta gisubizo ashaka ko wowe umuha, n’ubajijwe ntagusabye kumusubiriza. Turacyafite urugendo rurefu sana
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Murahoneza ikibazo sadate yabajije kirumvikana Kandi kibajije nezarwose sinumva impamvu abongabo bamwamagana abanyarwanda tureke kujya turuma duhuha mureke twisa zure buriwese avuge uko abyumva svp
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Ndikumva sadate yaba sgiyekwivanga mubitamureba kbx
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Ndikumva sadate yaba sgiyekwivanga mubitamureba kbx
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Twese nkabanyarwanda ndetse nabatuye urwanda Ibikorwa byose biba bitureba ,Sadate yarabajije kdi azasubizwa kuko abo yabajije nabanyamwuga bihagije,nkuko turwanyiriza hamwe covid 19 ninako nibindi byose bitureba ubonye ibitagenda wese abyereke cg abaze abo bireba twubake igihugu kitubereye kitagira inzangano ,akarengane ,inzara na covid 19 nibindi byorezo tubirwanye dufatanije
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Twese nkabanyarwanda ndetse nabatuye urwanda Ibikorwa byose biba bitureba ,Sadate yarabajije kdi azasubizwa kuko abo yabajije nabanyamwuga bihagije,nkuko turwanyiriza hamwe covid 19 ninako nibindi byose bitureba ubonye ibitagenda wese abyereke cg abaze abo bireba twubake igihugu kitubereye kitagira inzangano ,akarengane ,inzara na covid 19 nibindi byorezo tubirwanye dufatanije
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Ndumva sadate yabajije neza cyane nkatwe nka banyarwanda dutegereje kumva ibyo bamusubiza
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Sadate nabeyihanganye igihe bataramusubiza nakivange mumakipeyabandi ubwo arashaka kuyasenya reospor aho utugejeje turahazi murakoze
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Sadate nabeyihanganye igihe bataramusubiza nakivange mumakipeyabandi ubwo arashaka kuyasenya reospor aho utugejeje turahazi murakoze
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Ndumva sadate yabajije neza cyane nkatwe nka banyarwanda dutegereje kumva ibyo bamusubiza
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Ariko koko niba ibyo Sadatte avuga ari byo bikwiye gusobakuka kuko biramutse ari byo ariya makipe na ba nyirayo baba baribye umutungo w’igihugu na police ahubwo ababishinzwe basuzume neza na APR na Marine bitaba ariko bimeze . Murakoze
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Ariko koko niba ibyo Sadatte avuga ari byo bikwiye gusobakuka kuko biramutse ari byo ariya makipe na ba nyirayo baba baribye umutungo w’igihugu na police ahubwo ababishinzwe basuzume neza na APR na Marine bitaba ariko bimeze . Murakoze
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Uyu mugabo n’umuhanga kandi afite démocratie muriwe en plus akunda ukuri
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Uyu mugabo n’umuhanga kandi afite démocratie muriwe en plus akunda ukuri
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
EHEEE ariko noneho ndumiwe nonese buriya ibyo Sadate yarabajije bidasanzwe kugirango abantu bamwibasire kuriya nibiki? ahubwo police nisobanure uko bimeze kuko ndumva koko ar’ikibazo
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
EHEEE ariko noneho ndumiwe nonese buriya ibyo Sadate yarabajije bidasanzwe kugirango abantu bamwibasire kuriya nibiki? ahubwo police nisobanure uko bimeze kuko ndumva koko ar’ikibazo
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Ese ubundi kuba yabaza police Yu Rwanda nikibazo ko umuntu afite ubureganzira bwo kubaza ikibazo ashaka sadate mwamwishyizemo utigo wihitiraga !!!???
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Ese ubundi kuba yabaza police Yu Rwanda nikibazo ko umuntu afite ubureganzira bwo kubaza ikibazo ashaka sadate mwamwishyizemo utigo wihitiraga !!!???
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Nyamara Abantu bajye bitondera gutwama umuntu kuko batazi impamvu yakibajije.kandi mwibuke ko ariya makipe atunzwe n’umutungo wa leta.nibamusobanurire rero kando kubaza nta kosa ririmo.
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Nyamara Abantu bajye bitondera gutwama umuntu kuko batazi impamvu yakibajije.kandi mwibuke ko ariya makipe atunzwe n’umutungo wa leta.nibamusobanurire rero kando kubaza nta kosa ririmo.
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Nukuri sinzi icyo mwangira saidatinukuri ikibazo ababajije s’ikibazo yabajije nkuko nange nakibaza Koko ngewe nahisemo guceceka ariko nimubabarirane kd nawe nareke abantu niba batamukunda
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Nukuri sinzi icyo mwangira saidatinukuri ikibazo ababajije s’ikibazo yabajije nkuko nange nakibaza Koko ngewe nahisemo guceceka ariko nimubabarirane kd nawe nareke abantu niba batamukunda
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Rwose birakwiye ko buri wese muritwe abohoka mu mitecyerereze! Sadate ndumva ntakosa yakoze! Ahubwo kuvugakwe kwahuriranye nu rwango bamwe bamufitiye. Kuko burya niyo waba uri mukuri kajana abakwanga baba bumva badashaka kukumva cg kukubona utekanye.
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Rwose birakwiye ko buri wese muritwe abohoka mu mitecyerereze! Sadate ndumva ntakosa yakoze! Ahubwo kuvugakwe kwahuriranye nu rwango bamwe bamufitiye. Kuko burya niyo waba uri mukuri kajana abakwanga baba bumva badashaka kukumva cg kukubona utekanye.
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Uyu mugabo afite uburenganzira bwo kubaza ibyo atumva. Police ni urwego rw’igihugu buri wese afiteho uburenganzira. Bityo kubaza uko rukora n’uko rukorana n’izindi nzego cg imishinga cg imiryango yigenga, ni uburenganzira bw’umuryarwanda wese.
Ikibazo Sadate yabajije Polisi y’u Rwanda gikomeje kwibazwaho
Uyu mugabo afite uburenganzira bwo kubaza ibyo atumva. Police ni urwego rw’igihugu buri wese afiteho uburenganzira. Bityo kubaza uko rukora n’uko rukorana n’izindi nzego cg imishinga cg imiryango yigenga, ni uburenganzira bw’umuryarwanda wese.