Ibice 10 by’umubiri ushobora gukorakoraho ugashimisha byimazeyo umukunzi wawe mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Sangiza iyi nkuru

Umubiri w’umuntu ugizwe n’ibice byinshi ariko byose si ko bigira ibyiyumviro biza vuba ku buryo umugabo cyangwa umugore ashobora kubyifashisha akabikorakora mu gihe ari mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina n’uwo bashakanye, gutegura uwo mwashakanye mbere y’igikorwa bifashe mwese kuba mwagera ku byishimo bya nyuma.
cuisse
Mu gihe usoma iyi nkuru ntuze gutangazwa n’ uko urasanga ibice bimwe biri mu rurimi z’ amahanga twabikoze bitewe n’ uko mu rw’ iwacu bishobora kumvikana nk’ aho ari nyandagazi, ariko udasobanukiwe watwandikira ukaduha Email cyangwa nomero ugasobanurirwa byimbitse.
Ubashakashatsi bwakozwe n’ abashakashatsi Gallois n’ abo muri Afrika y’ Epfo bagaragaje ko ku mugabo igice cya mbere ko ari kigira ibyiyumviro: ni ku isonga y’igitsina cy’umugabo hamwe no ku mabya (Testicules) mu gihe ku bagore ibice bigira ibyiyumviro mu gihe cy’ imibonano ari Clitoris (rugongo) no ku bindi bice by’imbere mu gitsina cye nk’ uko urubuga Aufemine.com rubitangaza.
F1
Bamwe bajyaga bibwira ko amabere ku bakobwa ari cyo gice cy’ ibanze cyo gukorwaho kugirango umushimishe, ariko ubu bushakashatsi bwakorewe ku bagore 500 n’ abagabo 300 basanze Clitoris (rugongo) ifata umwanya wa mbere.
Dore ibice bigira ibyumviro cyane umuntu ashobora kugenda akoraho mu gihe ashaka kuryohereza umugore we, mu gihe barimo gukorana imibonano:
Ku bagore:

  1. Rugongo (Clitoris) ni kamwe mu bice by’ inyuma by’ imyanya y’ igitsinagore yatowe ku manota (9,1/10).
  2. Vagin n’ ibindi bice by’ inyuma bigize igitsina gore bitorwa ku manota (8,4).
  3. Gusomana ku munwa cyangwa kuhakora n’ intoki hatowe ku manota (7/9).
  4. Haut de la nuque (7,5).
  5. Ku gace k’ imbere ku mabere (imoko) hatowe ku manota (7,3) .
  6. Ku ishinya y’ amenyo hatowe ku manota 6,8/10.
  1. Imbere ku itako ry’umukobwa hatowe ku manota 6,7/10.
  2. Mu mahuriro y’ inshyi z’ akaboko (La nuque) hatorwa ku manota (6,2/10).
  3. Ku matwi (Oreilles) naho hatowe kuri (5/10).
  4. Gukora inyuma umanuka uzamuka ku ruti rw’ umugongo (4,7/10).

Ku bagabo Ku mwanya wa mbere n’ ubundi dusanga ko gukorakora igitsina bimufasha kunezererwa uwo bakorana imibonano
f2
Ku Bagabo:

  1. Gukorakora isonga y’ imbere y’ igitsina cy’umugabo hatowe ku manota (9/10).
  2. Gusoma ku munwa no ku ishinya hatowe ku manota (7/10).
  3. Amabya (Testicules) hatowe ku manota (6,5/10).
  4. Ku matako imbere hatowe ku manota (5,8/10).
  5. Ahagana inyuma mu ntugu hatowe ku manota (5,6/10).
  6. Gukora ku ibere byatowe ku manota (4,8/10).
  7. Le périnée (4,8).
  8. Gukorakora ku matwi (Oreilles) hatowe ku manota (4,3/10).

Bamwe bajya bibwira ko gukora imibonano mpuzabitsina bigomba imbaraga nyinshi, ariko si uko bimeze, ahubwo ni ubuhanga ku buryo bisaba n’ ubwitonzi.
Kimwe n’ uko imibonano ikozwe nabi bikarangira impande zombi batanyuzwe uko byagenda kose hahita hazamo agatotsi byagera ku bashakanye ho bikaba byanasenya urugo.
f3
Twabibutsa ko iyo dutanga inyigisho nk’izi ku bijyanye n’igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina tuba twigisha ahanini abashakanye dore ko ababikora batarashakanye bifatwa nk’ubusambanyi cyangwa se ubuharike, kandi ibi byaha uko ari 2 bihanwa n’amategeko yo mu gitabo cy’amategeko mpana byaha cya Repubulika y’u Rwanda uretse ko ari n’icyaha imbere y’Imana ku bemera.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Theoneste/Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *