ibyemezo1.jpg

Guverinoma yongereye igihe cya Guma mu Rugo

Sangiza iyi nkuru

Guverinoma y’u Rwanda kuri uyu wa 25 Nyakanga 2021 yongereye iminsi itanu ya Guma mu Rugo mu turere tugize umujyi wa Kigali n’utundi umunani, mu rwego rwo gukomeza gushimangira intambwe imaze guterwa mu kugabanya umubare w’abandura n’abahitanwa n’icyorezo cya Covid-19.

Utu turere ni: Kicukiro, Gasabo, Nyarugenge, Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rwamagana na Rutsiro.

Utu turere twari dusanzwe muri Guma mu Rugo twashyizwemo tariki ya 17 Nyakanga 2021, aho byari byitezwe ko nta gihindutse twari kuzayivamo ejo tariki ya 26 Nyakanga 2021.

Soma amabwiriza yose
ibyemezo1.jpg
ibyemezo2.jpg
ibyemezo3.jpg

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *