Umuntu aravuka agakura akagera aho yubaka urugo, benshi usanga ibi birori babitegurana ubushake n’imbaraga nyinshi kugirango bazajye babyibukiraho amateka y’urukundo rwabo babiri bashyingiranwe.

Ni muri urwo rwego bamwe bagera n’aho babitegura cyane bikabarenga bikagera naho bakora ibidasanzwe bigatangaza isi yose, ndetse bikanafatwa nk’ubusazi kandi ari ku bw’ibyishimo bya ba nyiri ibirori.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ibindi mu mafoto:


[xyz-ihs snippet=”google-pub”]


SRC photos:Topito.com
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com


