Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa

Sangiza iyi nkuru

Rev. Pasteur Nzabonimpa Canisius wari mu bashumba b’itorero ADEPR bakomeye mu gihugu, yapfiriye mu Karere ka Rubavu ari mu murimo w’ivugabutumwa.

Umuhungu wa nyakwigendera, Nsengurebe Joel (nyiri shene ya YouTube yitwa Iyobokamana TV) yatangarije Bwiza.com ko inkuru y’uru rupfu yamenyekanye mu gitondo cy’uyu wa 23 Mutarama 2022, kandi rwaje rutunguranye kuko ngo nta kibazo cy’ubuzima yari afite.

Yagize ati: “Bahagurutse i Cyangugu ku wa Kane, berekeza mu Karere ka Rubavu mu ivugabutumwa ku Rurembo rwa Rubavu kuri ADEPR Gisenyi. Bari bafite igiterane bagombaga kwitabira weekend yose; ni ukuvuga: Ku wa Gatanu, ku wa Gatandatu no ku Cyumweru. Ejo ku wa Gatandatu ni we wahabwirije,

Noneho nijoro bararyama nk’abandi bose, mu gitondo rero bakomanze ngo bitegure gukomeza ivugabutumwa, barahamagara. Umuntu wapi, baratelefona, telefone ntayifate.”

Ngo ubwo bahamagaye urwego rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, kugira ngo rukingure aho Past. Nzabonimpa yari yaraye, abakozi barwo basanga yashizemo umwuka.

Nsengurebe avuga ko icyishe umubyeyi we kitaramenyekana, ati: “Kuko nta burwayi bundi yari asanzwe afite buzwi. Icyo duhamya ni uko ari umugeni wa Kristo, Imana yamukunze kurusha abo mu Isi.”

Rev. Past. Nzabonimpa yari afite imyaka 65 y’amavuko. Yakorewe muri Paruwasi z’iri torero zirimo: Gihundwe, Rwahi, Bigutu na Ntura mu Rurembo rw’Uburengarazuba. Ubu yari mu kiruhuko cy’izabukuru.

RIB yajyanye umurambo we kugira ngo usuzumwe, hamenyekane impamvu y’uru rupfu.

Soma Izindi Nkuru

26 Responses

  1. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Ngo umugeni wa kristo!!!
    Ariko ko mwese mwiyita abageni ba kristo mugirango kristo ni indaya !!!!!

    1. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
      Tokai wadayimoni we umusaza Wacu yakoreye imana ye imwakire ibyurimo nibyawe ndakwamaganye Gumana amadaimoni yawe

    2. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
      Tokai wadayimoni we umusaza Wacu yakoreye imana ye imwakire ibyurimo nibyawe ndakwamaganye Gumana amadaimoni yawe

  2. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Ngo umugeni wa kristo!!!
    Ariko ko mwese mwiyita abageni ba kristo mugirango kristo ni indaya !!!!!

  3. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    @kamere, buriwese aba afite uburenganzira bwo kugaaragaza uko uwitabye Imana yaramuzi,gusa Umenya Ijuru riramutse ariwowe uritanga ntawe wariha kbs!!

  4. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    @kamere, buriwese aba afite uburenganzira bwo kugaaragaza uko uwitabye Imana yaramuzi,gusa Umenya Ijuru riramutse ariwowe uritanga ntawe wariha kbs!!

  5. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Uwiteka amwakire kuko imirimo ye myiza igiye imuherekeje

  6. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Uwiteka amwakire kuko imirimo ye myiza igiye imuherekeje

  7. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Uwiteka amwakire kuko imirimo ye myiza igiye imuherekeje

  8. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Uwiteka amwakire kuko imirimo ye myiza igiye imuherekeje

  9. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Uwiteka amwakire kuko imirimo ye myiza igiye imuherekeje

  10. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Uwiteka amwakire kuko imirimo ye myiza igiye imuherekeje

  11. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Uwiteka amwakire kuko imirimo ye myiza igiye imuherekeje

  12. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Uwiteka amwakire kuko imirimo ye myiza igiye imuherekeje

  13. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Imana nimwakiri mubayo imirimo byiza yarayikoze rwose nimuherekeze

  14. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Imana nimwakiri mubayo imirimo byiza yarayikoze rwose nimuherekeze

  15. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Imana nimwakiri mubayo imirimo byiza yarayikoze rwose nimuherekeze

  16. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Imana nimwakiri mubayo imirimo byiza yarayikoze rwose nimuherekeze

  17. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Hari abantu bihaye ijuru bakaryirukanamo abandi!! Njyewe mbona ijuru arihano kwisi ntarindi rizabaho, njye niberaho nk’uri mwijuru !! Abatizerako tuba mwijuru pole sana

  18. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Hari abantu bihaye ijuru bakaryirukanamo abandi!! Njyewe mbona ijuru arihano kwisi ntarindi rizabaho, njye niberaho nk’uri mwijuru !! Abatizerako tuba mwijuru pole sana

  19. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Hari abantu bihaye ijuru bakaryirukanamo abandi!! Njyewe mbona ijuru arihano kwisi ntarindi rizabaho, njye niberaho nk’uri mwijuru !! Abatizerako tuba mwijuru pole sana

  20. Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo w’ivugabutumwa
    Hari abantu bihaye ijuru bakaryirukanamo abandi!! Njyewe mbona ijuru arihano kwisi ntarindi rizabaho, njye niberaho nk’uri mwijuru !! Abatizerako tuba mwijuru pole sana

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *