Saa kumi n’ebyiri n’iminota 10 z’igitondo cyo kuri uyu wa 19 Mata, ni bwo Uwimpuhwe Denis w’imyaka 18 y’amavuko na na Nsengimana Paul w’imyaka 20, bari bafungiye kuri RIB Sitasiyo ya Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie w’imyaka 26 bamuteye icyuma mu muhogo, barasiwe na polisi mu mudugudu wa Nyakabingo, akagari ka Gatare, mu murenge wa Macuba muri aka karere ka Nyamasheke hafi y’aho bamwiciye.
Bivugwa ko ubwo bari bagiye kubereka aho bahishe ibyo babazwaga birimo imyenda bamwishe bambaye, amafaranga bamwambuye n’ibindi, bageze mu gashyamba kari hafi aho, bavuga ko babishyize, aho kubyerekana bashaka kwiruka umwe mu bapolisi bari bajyanye ahita abarasa bagwa aho.
Nk’uko Bwiza.com yabitangarijwe n’umuyobozi w’Akarere ka Nyamasheke Mukamasabo Appolonie wahise ahagera bakiraswa akanakoresha abaturage na bo bahise bahagera inama y’umutekano,ngo aba basore 2 bamenyekanye nyuma y’iperereza ryakurikiye urupfu rwa nyakwigendera rwabaye ku mugoroba wok u wa 13 Mata,
ubwo uyu mukobwa wari usanzwe ari gapita w’imirimo ya VUP mu murenge avukamo wa Kirimbi, avuka mudugudu wa Buha ,akagari ka Cyimpindu, nimugoroba ayivuyemo akajya acuruza amainite kuri santere y’ubucuruzi ya Kamina muri aka kagari, yatahaga agategerwa n’aba bagizi ba nabi muri metero 200 gusa agiye kugera iwabo, mu kayira kari mu ikawa zihari,umurambo we ukajugunywa munsi yako,ukabonwa na se wa nyakwigendera wari uherekeje umushyitsi wari wamusuye, agatabaza inkuru ikamenyekana ityo.

Meya Mukamasabo Appolonie
Meya Mukamasabo Appolonie avuga ko iperereza ryahise ritangira, ku wa 14 Mata hafatwa abantu 8 bakekwaga kugira uruhare mu rupfu rwe, iryo perereza riza kwerekanamo 3 barwiyemereye, ari bo Uwimpuhwe Denis, Nsengimana Paul na Ishimwe Steven, banasanganywe telefoni 2 za nyakwigendera zirimo iyo yari amaze iminsi 3 gusa aguze amafaranga 110.00, igikapu yari ahetse mu mugongo, banatanga amakuru y’aho bajugunye icyuma bakoresheje bamwica, cyasanzwe mu bwiherero buri mu kagari ka Mutongo mu murenge wa Macuba, iwabo w’uyu Nsengimana Paul,banavuga aho bahishe amafaranga 200.000 bamwambuye bamwica.
Ati’’ Iperereza rimaze gufata abo 3 abandi bararekuwe barataha,abo biyemereraga urwo rupfu basigara bafunze, cyane cyane ko bagaragazaga aho bajugunye icyuma bari bamwicishije kikanaboneka, banagaragaza ko banamwambuye amafaranga 200.000.’’
Yakomeje ati’’ Mu iperereza baje no kubazwa imyenda bamwishe bambaye,mu ma saa kumi n’imwe z’iki gitondo cyo ku wa 19 Mata bavuga ko bagiye kuyerekana,hamwe na simukadi 2 bamwambuye,bagera mu ishyamba ryo mu mudugudu wa Nyakabingo,akagari ka Gatare mu murenge wa Macuba,aho bavugaga ko babihishe,hafi y’umurima w’ibisheke byinshi bihahinze.
Bahageze,aho kubyerekana batangira gushaka kurwanya abapolisi bari babaherekeje,muri uko guteza akavuyo bariruka, umupolisi arasa mu kirere ngo bahagarare baranga barakomeza bayabangira ingata, umupolisi abonye nta kindi yakora,nyine arabarasa, ni uko ibyabo byarangiye.’’
Yavuze ko aba bishwe bari basanzwe barananiranye, bateza umutekano muke ku buryo bukomeye muri uyu murenge,barajyanywe mu kigo kibagorora byarananiranye, bajyanwa Iwawa na bwo bagaruka ari ba bandi, bakomeza kujujubya abaturage,ari abajura ruharwa,uretse no mu baturanyi n’ababyeyi babo bahoraga bataka ko utuntu twose two mu nzu batubamazeho.
Yasabye abaturage kujya batangira amakuru ku gihe igihe babona insoresore nk’izo zirirwa ari imburamukoro, ku mugoroba zigatangira kwiroha mu bugizi bwa nabi, ko nk’izo mu mudugudu zitayoberana,bakazitungira agatoki ubuyobozi.
Cyane cyane ko muri aka karere ngo imirimo ihari,haba mu mirima y’ibyayi byabuze abasoromyi n’ahandi, ko nta musore cyangwa inkumi wavuga ko yabuze icyo akora ,ko abahungabanya umutekano w’abaturage bigera no kubambura ubuzima,bo batazahabwa amahwemo.
Yanavuze ko bibabaje kubona umuntu afatwa yakoze icyaha,nk’aho yakwemeye kugororwa agashaka ahubwo guhangana n’inzego z’umutekano no gutoroka,ko ukora ibyo aba arushaho gushyira ubuzima bwe mu kaga karimo no kububura burundu, nk’uko byagendekeye bariya basore,avuga ko niba hari n’ufashwe hari icyo akekwaho aba agomba kugaragaza imyitwarire myiza aho afungiye, ntiyiteze ibindi bibazo.
Bwiza.com yanavuganye na Nshimyumurwa Jean w’imyaka 51,umubyeyi wa nyakwigendera,avuga ko yari imfura ye mu bana 9, aho arangirije kwiga akabona iriya mirimo yamufashaga ku mibereho y’abandi bana, agasaba Leta kumuba hafi,ikamubera mu cyimbo cy’umwana we abuze amanzaganya, ikanamwunganira mu butabera agahabwa impozamarira.
Ati’’ Icyanshenguye umutima cyane ni uko bamwishe ku wa 3,ku cyumweru yari yanzaniye Fiyanse we bari kuzarushinga vuba,aje kumutwereka nk’ababyeyi twamushimye, none batuvukije ibirori by’imfura kandi umwe mu bamwishe turaturanye hano mu mudugudu wacu,undi atuye muri Macuba na bwo hafi yacu, sinibaza impamvu y’ubwo bugome,gusa bari abasore b’imyitwarire mibi cyane.
Yakoraga muri VUP akadutunga twese, agafasha bene nyima mu mashuri, ngasaba Leta kumfasha, haba mu butabera, haba no mu cyadutunga mu rugo,dore ko uretse nanjye,n’igihugu cyose yari agifitiye akamaro,yari umujyambere, n’igihugu cyose kirahombye,ariko ntibantererane rwose.’’
Amakuru avugwa ko kandi muri uyu murenge hasigayemo izindi nsoresore zigize ibihazi,aho hamaze gukorwa urutonde rw’izigera kuri 32 zibangamiye umutekano w’abaturage nk’uko bivugwa na Gitifu Mukamugema,ngo na zo zizashyikirizwa inzego z’umutekano vuba zikajya kugororwa zitarakora ishyano nk’iri.



90 Responses
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Iki gikorwa police nigikore nahano inyamirambo, Gitega , Gatsata amabandi ameze nabi asigaye yirara kubababinywereye agacupa akabacucuza utwabo
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Iki gikorwa police nigikore nahano inyamirambo, Gitega , Gatsata amabandi ameze nabi asigaye yirara kubababinywereye agacupa akabacucuza utwabo
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Nomuyindi Mirenge insoresore z,imbursmukorozirahari Police Oyeeee!!!
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Nomuyindi Mirenge insoresore z,imbursmukorozirahari Police Oyeeee!!!
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Wow, iki gikorwa Police yakoze ni inyamibwa kandi aba basore bari babikwiriye. N’ahandi bazajye batanga ikosora nkiri byatuma tugira umutekano usesuye.
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Wow, iki gikorwa Police yakoze ni inyamibwa kandi aba basore bari babikwiriye. N’ahandi bazajye batanga ikosora nkiri byatuma tugira umutekano usesuye.
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ariko buriya polisi ntiyaba yihuse kwica bariya bakekwa Wenda bari kuvuga amakuru yatuma bamenya n’abandi bagizi ba nabi bakorana. Polisi yacu nikore kinyamwuga Wenda barase amaguru kwica ntibikwiye cyane cyane iyo bagikekwa.
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Wowe ibyo uvuga ntubizi. Iyo aza kuba ari mushiki wawe bishe kariya kageni, wari kuba uvuga andi magambo atari atari aya yagashinyaguro. Iyo bacika polisi, byari kutubabaza twe ABANYARWANDA kurusha uko ababa bagome kaniwe urubakwiye. Iyi niyo nzira bari barahisemo. Uhitamo neza bikaguhira, wahitamo nabi bakaguhitana. Nibagende, barahemutse,kandi ntibari bakwiye kuba muri sosiyete NYARWANDA. BARIYA BAPOLISI RERO, mbasabiye imbabazi, bakoze akazi kabo neza. Ubonye n’ahandi iyaba badufashaga gutya. Uraterwa munzu, ukwibwa, byose bagatwara, ukabura uko ugira. Ufashwe nawe, iyo bana mufunze, ntarenza amezi 6, iyo agarutse noneho aba yabonye ipeti rya commanda. Aza ari kabutindi.
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Wowe ibyo uvuga ntubizi. Iyo aza kuba ari mushiki wawe bishe kariya kageni, wari kuba uvuga andi magambo atari atari aya yagashinyaguro. Iyo bacika polisi, byari kutubabaza twe ABANYARWANDA kurusha uko ababa bagome kaniwe urubakwiye. Iyi niyo nzira bari barahisemo. Uhitamo neza bikaguhira, wahitamo nabi bakaguhitana. Nibagende, barahemutse,kandi ntibari bakwiye kuba muri sosiyete NYARWANDA. BARIYA BAPOLISI RERO, mbasabiye imbabazi, bakoze akazi kabo neza. Ubonye n’ahandi iyaba badufashaga gutya. Uraterwa munzu, ukwibwa, byose bagatwara, ukabura uko ugira. Ufashwe nawe, iyo bana mufunze, ntarenza amezi 6, iyo agarutse noneho aba yabonye ipeti rya commanda. Aza ari kabutindi.
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ariko buriya polisi ntiyaba yihuse kwica bariya bakekwa Wenda bari kuvuga amakuru yatuma bamenya n’abandi bagizi ba nabi bakorana. Polisi yacu nikore kinyamwuga Wenda barase amaguru kwica ntibikwiye cyane cyane iyo bagikekwa.
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ikigikorwa police yakoze nicyo gushim8rwa pee! Kuko jye ngisoma iyi nkuru numvise ngize agahinda nubwo uyu mukobwa ntarimuzi. Ntakikindi gihano bano bagizi banabi bari bakwiye
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ikigikorwa police yakoze nicyo gushim8rwa pee! Kuko jye ngisoma iyi nkuru numvise ngize agahinda nubwo uyu mukobwa ntarimuzi. Ntakikindi gihano bano bagizi banabi bari bakwiye
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Rwose nibakomeze batugoboke muruyumurengewa Kirimbi mukagari kamuhororo ntutugisinziraibihazi bibyinshi
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Rwose nibakomeze batugoboke muruyumurengewa Kirimbi mukagari kamuhororo ntutugisinziraibihazi bibyinshi
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Icyo gikorwa nikiza rwose bravo kuri police yacu
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Icyo gikorwa nikiza rwose bravo kuri police yacu
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibi Police ya koze ni ihame kuko iyo bamucika twe abaturage rwose ntiyarikuducika pee
Ingegera nizihashye byimbitse
Abayobozi bacu tubari inyuma
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibi Police ya koze ni ihame kuko iyo bamucika twe abaturage rwose ntiyarikuducika pee
Ingegera nizihashye byimbitse
Abayobozi bacu tubari inyuma
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibi police ikoze ndabishimye bifuje kwambura mugenzi wabo ubuzima nabo ubwawo burahaburiwe ngaho nibishime
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibi police ikoze ndabishimye bifuje kwambura mugenzi wabo ubuzima nabo ubwawo burahaburiwe ngaho nibishime
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibyo police yakoze rwose jye ndabishyigikiye, n’ahandi bikorwe. I Rusizi baturembeje impande zose!
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibyabaye ni agahoamunwa. Abishwe nta cyaha cyaricyabahama kandi polisi ntiberaho kwica. Gusa iyo ushaka gusibanganya ibimenyetso … wica uwari kubitanga! ni iki kivuga ko uwishe bariya basore atashaka kwibikiza yuko bashoboraga kumuvamo? Sinemeranya n’abumva polisi ifite uburenganziraa bwo kwica umuntu aho kurinda umutekano we. Ese koko imfungwa iri mu mapingu yakwiruka igasiga polisi? Hari amaradiyo yo hanze yatanze urutonde rw’abantu bamaze kwicwa bari mu maboko ya polisi. Biteye ubwoba!
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ziba birukanswagwa Niki? Ubwo nawe nguravuz kireka uriya mukobwa aruwawe niho eabyumva nez nonese ko bazize kurwanya police murwanda kwica biremewe ccg wagiraga bic na police
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ziba birukanswagwa Niki? Ubwo nawe nguravuz kireka uriya mukobwa aruwawe niho eabyumva nez nonese ko bazize kurwanya police murwanda kwica biremewe ccg wagiraga bic na police
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ziba birukanswagwa Niki? Ubwo nawe nguravuz kireka uriya mukobwa aruwawe niho eabyumva nez nonese ko bazize kurwanya police murwanda kwica biremewe ccg wagiraga bic na police
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ziba birukanswagwa Niki? Ubwo nawe nguravuz kireka uriya mukobwa aruwawe niho eabyumva nez nonese ko bazize kurwanya police murwanda kwica biremewe ccg wagiraga bic na police
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibyabaye ni agahoamunwa. Abishwe nta cyaha cyaricyabahama kandi polisi ntiberaho kwica. Gusa iyo ushaka gusibanganya ibimenyetso … wica uwari kubitanga! ni iki kivuga ko uwishe bariya basore atashaka kwibikiza yuko bashoboraga kumuvamo? Sinemeranya n’abumva polisi ifite uburenganziraa bwo kwica umuntu aho kurinda umutekano we. Ese koko imfungwa iri mu mapingu yakwiruka igasiga polisi? Hari amaradiyo yo hanze yatanze urutonde rw’abantu bamaze kwicwa bari mu maboko ya polisi. Biteye ubwoba!
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibyo police yakoze rwose jye ndabishyigikiye, n’ahandi bikorwe. I Rusizi baturembeje impande zose!
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibyo police yakoze rwose jye ndabishyigikiye, n’ahandi bikorwe. I Rusizi baturembeje impande zose!
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibyo police yakoze rwose jye ndabishyigikiye, n’ahandi bikorwe. I Rusizi baturembeje impande zose!
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibyo police yakoze rwose jye ndabishyigikiye, n’ahandi bikorwe. I Rusizi baturembeje impande zose!
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibyo police yakoze rwose jye ndabishyigikiye, n’ahandi bikorwe. I Rusizi baturembeje impande zose!
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Nukuri twihaganishije umuryango wuwo mwana bishe twari tucyimukeneye pe. Niko turikure ubundi twari kuzaza kumuherekeza Eugenie. Izo mbobo zose bazifate bazifuge zitojyera kwica abandi. Twarababaye nkurubyiruko twifatanyije numuryango wee. imana imwacyire mubayo.
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Nukuri twihaganishije umuryango wuwo mwana bishe twari tucyimukeneye pe. Niko turikure ubundi twari kuzaza kumuherekeza Eugenie. Izo mbobo zose bazifate bazifuge zitojyera kwica abandi. Twarababaye nkurubyiruko twifatanyije numuryango wee. imana imwacyire mubayo.
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Murirwamagana nibo gusa barafatwa bakagaruka najye babarasa batumariye intoke ibitoke
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Murirwamagana nibo gusa barafatwa bakagaruka najye babarasa batumariye intoke ibitoke
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Abajura batujeje habinikibazo mu Rwanda knd inzegozibanze zirabazi abatwiba byarabananiye kubikemura nyakubahwa azadufashe abihe umurongo byakemurwamo
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Abajura batujeje habinikibazo mu Rwanda knd inzegozibanze zirabazi abatwiba byarabananiye kubikemura nyakubahwa azadufashe abihe umurongo byakemurwamo
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Abajura batujeje habinikibazo mu Rwanda knd inzegozibanze zirabazi abatwiba byarabananiye kubikemura nyakubahwa azadufashe abihe umurongo byakemurwamo
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Abajura batujeje habinikibazo mu Rwanda knd inzegozibanze zirabazi abatwiba byarabananiye kubikemura nyakubahwa azadufashe abihe umurongo byakemurwamo
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Iyo police yakoze igikorwa cy’ingenzi abatwaye ubuzima bw’abandi birakwiye ko nabo bava Ku Isi.
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Iyo police yakoze igikorwa cy’ingenzi abatwaye ubuzima bw’abandi birakwiye ko nabo bava Ku Isi.
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
bwiza.com nukuri mwakoze nanjye Ndi umu agents mukarere ka Nyagatare ark rwose akabandi ameze nabi inzego zumutekano zitube hafi ..Mbashimiye uburyo mwaduhaye amakuru ark muzatumenyere niba ibyo Umubyeyi yiguza leta izamufasha rwose. Amahoro kurimwese
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
bwiza.com nukuri mwakoze nanjye Ndi umu agents mukarere ka Nyagatare ark rwose akabandi ameze nabi inzego zumutekano zitube hafi ..Mbashimiye uburyo mwaduhaye amakuru ark muzatumenyere niba ibyo Umubyeyi yiguza leta izamufasha rwose. Amahoro kurimwese
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
bwiza.com nukuri mwakoze nanjye Ndi umu agents mukarere ka Nyagatare ark rwose akabandi ameze nabi inzego zumutekano zitube hafi ..Mbashimiye uburyo mwaduhaye amakuru ark muzatumenyere niba ibyo Umubyeyi yiguza leta izamufasha rwose. Amahoro kurimwese
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
bwiza.com nukuri mwakoze nanjye Ndi umu agents mukarere ka Nyagatare ark rwose akabandi ameze nabi inzego zumutekano zitube hafi ..Mbashimiye uburyo mwaduhaye amakuru ark muzatumenyere niba ibyo Umubyeyi yiguza leta izamufasha rwose. Amahoro kurimwese
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
oye police ibyo yakoze nibyiza cyane amabandi nimeshi mumugi wa kigali kbs nimuyarase Wenda twagira umutekano kuko birakaze pe nimuyarase tubarinyuma police yacu nimudufashe
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
oye police ibyo yakoze nibyiza cyane amabandi nimeshi mumugi wa kigali kbs nimuyarase Wenda twagira umutekano kuko birakaze pe nimuyarase tubarinyuma police yacu nimudufashe
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Police y’u Rwanda oyeeee
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Police y’u Rwanda oyeeee
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Police y’u Rwanda oyeeee
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Police y’u Rwanda oyeeee
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Police y’u Rwanda oyeeee
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Police y’u Rwanda oyeeee
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Police y’u Rwanda oyeeee
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Police y’u Rwanda oyeeee
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Police y’u Rwanda oyeeee
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Police y’u Rwanda oyeeee
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
oya bapfuye neza kandi bo baramwishe nabi iyaba arijye wahanaga uwishe undi kukarengane najya mwica nkamuzura nkongera nkamwica mpaka
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
oya bapfuye neza kandi bo baramwishe nabi iyaba arijye wahanaga uwishe undi kukarengane najya mwica nkamuzura nkongera nkamwica mpaka
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Porice,yacu,igikorwa,mwakoze,turabashimye
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Porice,yacu,igikorwa,mwakoze,turabashimye
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Porice,yacu,igikorwa,mwakoze,turabashimye
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Porice,yacu,igikorwa,mwakoze,turabashimye
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Rwose uwishe nawe akwiye gupfa itegekonshinga rikwiyeguhinduka
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Rwose uwishe nawe akwiye gupfa itegekonshinga rikwiyeguhinduka
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Rwose uwishe nawe akwiye gupfa itegekonshinga rikwiyeguhinduka
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Rwose uwishe nawe akwiye gupfa itegekonshinga rikwiyeguhinduka
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibi Police yakoze nibyo ndabishimye
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibi Police yakoze nibyo ndabishimye
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibi Police yakoze nibyo ndabishimye
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibi Police yakoze nibyo ndabishimye
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Nukuri murwanda twugarijwe nimburamukoro zitwikira ijoro zikambura abantu ubuyobozi bwacu bukure ibirayi nyaboz mubind birababaje kumva inkuru nkiyi ndagije nshimira police kugikorwa kiza yakoz nihanganisha numuryango wuwo mukobwa
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Nukuri murwanda twugarijwe nimburamukoro zitwikira ijoro zikambura abantu ubuyobozi bwacu bukure ibirayi nyaboz mubind birababaje kumva inkuru nkiyi ndagije nshimira police kugikorwa kiza yakoz nihanganisha numuryango wuwo mukobwa
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Nukuri murwanda twugarijwe nimburamukoro zitwikira ijoro zikambura abantu ubuyobozi bwacu bukure ibirayi nyaboz mubind birababaje kumva inkuru nkiyi ndagije nshimira police kugikorwa kiza yakoz nihanganisha numuryango wuwo mukobwa
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Nukuri murwanda twugarijwe nimburamukoro zitwikira ijoro zikambura abantu ubuyobozi bwacu bukure ibirayi nyaboz mubind birababaje kumva inkuru nkiyi ndagije nshimira police kugikorwa kiza yakoz nihanganisha numuryango wuwo mukobwa
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Nukuri murwanda twugarijwe nimburamukoro zitwikira ijoro zikambura abantu ubuyobozi bwacu bukure ibirayi nyaboz mubind birababaje kumva inkuru nkiyi ndagije nshimira police kugikorwa kiza yakoz nihanganisha numuryango wuwo mukobwa
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Nukuri murwanda twugarijwe nimburamukoro zitwikira ijoro zikambura abantu ubuyobozi bwacu bukure ibirayi nyaboz mubind birababaje kumva inkuru nkiyi ndagije nshimira police kugikorwa kiza yakoz nihanganisha numuryango wuwo mukobwa
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Nukuri murwanda twugarijwe nimburamukoro zitwikira ijoro zikambura abantu ubuyobozi bwacu bukure ibirayi nyaboz mubind birababaje kumva inkuru nkiyi ndagije nshimira police kugikorwa kiza yakoz nihanganisha numuryango wuwo mukobwa
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Nukuri murwanda twugarijwe nimburamukoro zitwikira ijoro zikambura abantu ubuyobozi bwacu bukure ibirayi nyaboz mubind birababaje kumva inkuru nkiyi ndagije nshimira police kugikorwa kiza yakoz nihanganisha numuryango wuwo mukobwa
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Rose ibyo polisi utakoze ninyamibwa pe!
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Rose ibyo polisi utakoze ninyamibwa pe!
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Rose ibyo polisi utakoze ninyamibwa pe!
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Rose ibyo polisi utakoze ninyamibwa pe!
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Byukuri nibicwekuko ibuyeryagaragaye ntiribarikishe isuka gusa uwabigizemo uruharewese kumuziranejye wacu ntamahoro nzikoyagiye ntawumuvuga nabi mumirimo yarashizwe ntamakurumabi mubotwagedanye ntacyokumushinja.imana imwakire mubayo ntarubanza mama.
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Byukuri nibicwekuko ibuyeryagaragaye ntiribarikishe isuka gusa uwabigizemo uruharewese kumuziranejye wacu ntamahoro nzikoyagiye ntawumuvuga nabi mumirimo yarashizwe ntamakurumabi mubotwagedanye ntacyokumushinja.imana imwakire mubayo ntarubanza mama.
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibi birakwiriye rwose ko ubuyobozi budakomeza kwihanganira izi nkoramaraso.Imbabazi zatanzwe muri JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI zirahagije . BAREKE ABANTU BABEHO
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Ibi birakwiriye rwose ko ubuyobozi budakomeza kwihanganira izi nkoramaraso.Imbabazi zatanzwe muri JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI zirahagije . BAREKE ABANTU BABEHO
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Nazibe ruhugwa jacg urareba umwan wumukobwa bishe sha ahubwo aboba porisi bakoze akaz neza bakuye ababyeyibe banyakwigender amata mukwan ntacyo ark baramukurikiy bagapf ka4
Nyamasheke: Polisi yarashe babiri mu bakekwaho kwica Nyampinga Eugénie bahita bapfa
Nazibe ruhugwa jacg urareba umwan wumukobwa bishe sha ahubwo aboba porisi bakoze akaz neza bakuye ababyeyibe banyakwigender amata mukwan ntacyo ark baramukurikiy bagapf ka4