Ibibazo 10 benshi bibaza ku kunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano, ese banyaza bate (igice cya 4)

Sangiza iyi nkuru

Mu bice bitatu byatambutse ku kunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina byatumye benshi batwandikira batubwira ko bafite ingo, bafite abagore babo beza kandi bakunda, bakora imibonano ariko ntibabasha kubageza kuri ibi byishimo ngo bazane ayo mavangingo ari nayo mpamvu bagiye babaza iki kibazo.
Bati: “Ese banyaza umugore bate mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina”.
Mbere na mbere twabibutsa ko izi nyigisho tuzitanga zigenewe abarushinze cyangwa abari mu nzira yabyo, intego ntabwo ari ukwigisha ubusambanyi mu rubyiruko rufite irari ry’imibiri.
Tubaze tumenye, ese kunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni iki?
N’ubwo hari benshi batabisobanukiwe, ni igihe umugore abasha gusohora amavangingo aturuka mu myanya myibarukiro ye biturutse ku byiyumviro aba yatewe n’umugabo. Bisonanuye rero ko hataza inkari ahubwo haza amavangingo ashyushye cyane, bikaba biryohera umugore cyane kuko biza bitewe n’ibyishimo ndengakamere aba yatewe n’uwo babikorana bitewe nyine n’uburyo abimukoreramo.
Noneho kunyaza byo rero, Umugabo ushaka kunyaza abanza gutegura uwo benda guhuza urugwiro nk’uko bisanzwe, nyuma rero ntago yinjiza igitsina cye cyose mu cy’umugore ahubwo akigarukiriza ahagana hanze rwose agakikijwe n’imigoma nyuma akajya agikoza kuri rugongo amanura yongera azamura adakuraho.
Uko umugabo akomeza kuyihata, icyo gihe umugore atangira kumva uburyohe budasanzwe bityo uko umugabo akomeza niko n’umugore akomeza kugira ububobere bwinshi ari nabyo biryohera umugabo cyane. Uko umugabo aryoherwa kubera ububobere ni nako igikorwa kigenda cyoroha kandi n’uburyohe ku mugore bugakomeza kuba bwinshi.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Bwa buryohe umugore yumva uko burushaho kuba bwinshi ni nako arushaho kugira amatembabuzi atumba ububobere mu myanya ndangagitsina yiyongera, bikaza kugera rero aho umugore azana amavangingo ashyushye, umugore akumva aruhutse ashize amavunane ari nayo mpamvu bavuga ko bivura umutwe n’umugongo ku mugore ubikorerwa kenshi.
Nyamuneka utabanje gutegura umugore neza ntabwo wamunyaza pe, bisaba kubanza kumuha akanya, ikindi kandi ntabwo byashoboka mwese murebana ay’ingwe, gice cya gatatu twabivuzeho.
Icyo kwitondera, mugabo koresha imbaraga nke umenye ko umugore wawe ari umuntu, nushaka kumunyaza ku ngufu uzamubabaza nawe utibabariye, koresha mu mutwe kurusha uko wakoresha ibibaraga byinshi, umva ko niba byanze uyu munsi ejo bizakunda.
Mu gice cya gatanu tuzabagezaho pozisiyo zagufasha kunyaza umugore wawe neza, kuko benshi bagiye batwandikira bakitubazaho. Murakoze!! Icyo tubifuriza nka bwiza.com ni ukugira urugo rwiza ruzira umunabi.
Tanga igitekerezo cyawe cyangwa icyo wongera kuri ibi, ufite ikibazo twandikire kuri kamikazigentille08@gmail.com, Watsapp 0785058200.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *