Izere Ineza Willo Queen wari ufite imyaka 3 n’igice y’amavuko wabanaga n’ababyeyi be mu mudugudu wa Maseka, akagari ka Kibogora,umurenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke,ingurube yabo yamusanze mu cyumba imurya amaboko yombi inamurya umutwe ibanje kuwujanjagura, arapfa.
Nk’uko BWIZA yabitangarijwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari ka Kanjongo, Niyonsenga Jean Pierre, ngo ibi byago byabaye ku mugoroba wo ku wa mbere tariki ya 28 Ugushyingo ubwo aba babyeyi basanganywe abana 2, uyu ari we wari mukuru n’undi w’imyaka 2, bajyaga bajya ku kazi aho umugabo akorera umwe mu miryango itegamiye kuri Leta ikorera muri aka karere, umugore we akora muri kimwe mu bigo by’imari gikorera muri uyu murenge wa Kanjongo, uyu bakamusiga ku ishuri,umuto bakamusiga mu baturanyi kuko ngo nta mukozi bagiraga.
Akomeza avuga ko umwana yavuye ku ishuri ku mugoroba, ageze mu rugo ajya mu cyumba asanzwe araramo araryama, akavuga ko hari uburyo bashobora kuba basigaga urufunguzo rw’umuryango ugana mu gikari aho umwana azi akaza agafungura akajya mu cyumba kuryama.
Ati: “Ubwo twatabaraga dusanga umwana ingurube yamuriye,se yatubwiye ko yatashye mbere ya nyina w’abana, ageze mu rugo asanga umwana aryamye mu cyumba cye nk’uko bisanzwe, yasinziriye, yanga kumukangura, asubira nko ku muhanda.
Hagati aho ingurube yaje kumena ikiraro bigaragara ko yari ishonje cyane, ishobora kuba itari yagaburiwe, kuko urugi rw’igikari rwari rukinguye ngo umwana nabyuka abone uko asohoka. Muri koridoro y’iyo nzu, mu ruhande ruva mu gikari ni ho ibikoresho byo mu gikoni birimo amasafuriya byari biri.’’
Arakomeza ati: “Ingurube ikimena ikiraro yahise yinjira mu nzu itangira gusandaza bya bikoresho byo mu gikoni biri aho muri koridoro ishakamo ibiryo,umwana abyuka ayigwamo atazi ko ihari,ihita imwirukaho,ayihungira mu kindi cyumba kugikinga biramunanira imusangamo. Kuko nta wamutabaraga yirwanaho biranga imucagagura amaboko yombi irarya, imujanjagura n’umutwe irawurya, imaze kubirya irisohokera.’’
Avuga ko se w’umwana yagarutse asanga ingurube hanze, ayinjiza mu kiraro atamenye ibyabaye, arebye umwana aho yari aryamye aramubura atekeraza ko yaba yasanze umuvandimwe we mu baturanyi aho basanzwe bamusiga, ariko bimwanga mu nda akomeza kureba mu bindi byumba, ni ko gusanga ibice byasigaye by’umubiri w’uwo mwana we muri icyo cyumba ingurube yamuririyemo.
Ati: “Yahise ajya gutabaza mu baturanyi, igihe akigira abo abwira nyina w’umwana na we aba aratashye, ahitira kureba kakandi gato aho basanzwe bagasiga barazana. Bareba undi mu cyumba kuko umugabo atari yahise amubwira uko byagenze agishakisha abamutabara, umugore na we ashatse umwana aho yaryamaga aramubura,akinguye icyo cyumba asanganirwa n’ibice bibe by’umubiri w’umwana we ibindi iyo ngurube yabiriye, ariko we ataramenya icyamuriye kuko iyo ngurube yari yasubijwe mu kiraro cyayo.’’

Umugore ngo kubyakira byaramunaniye ahita amanuka ajya kwiyahura mu kivu kuko kibegereye, abaturanyi bavuza induru baramugarura, ari bwo inkuru ngo yahise isakara, umugabo ajya kubibwira RIB, bahamagara n’izindi nzego z’umutekano, iz’ubuyobozi n’abaturage baratabara, ibice by’umubiri w’uwo mwana byari byasigaye bijyanwa mu bitaro bya Kibogora gukorerwa isuzuma.
Nyakwigendera yigaga mu wa 3 w’ishuke. Ubwo twandikaga iyi nkuru, ibice by’umubiri we bitariwe n’iyi ngurube byari bikiri mu bitaro bya Kibogora, atarashyingurwa.



56 Responses
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Iyi si ingurube, ni inyamaswa, iyi nkuru inteye igikomere ariko Imana nyir’ihumure yihanganishe uyu muryango!
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Iyi si ingurube, ni inyamaswa, iyi nkuru inteye igikomere ariko Imana nyir’ihumure yihanganishe uyu muryango!
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
MANAWE.IYINKURU IRABABAJEPE GUSA ABABABYEYI.BIHANGANE.NAHO UWOMWANA IMANA IMWACYIRE MUBAYO
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Mbanje kwihanganisha ababyeyi b’uyu mwana.Biragaragara ko nta muntu wasigaranye n’aka kana.Ingurube nayo yali ishonje cyane batayigaburiye.Bituma irya umwana.Twibuke ko n’abantu bajya barya abana babo iyo bashonje.Bible irabihamya muli Amaganya 4:10.Historian w’umuyahudi witwaga Josephus,mu gitabo cye kitwa The Jewish war,yanditse umugore wariye umwana we igihe abasirikare b’aba Roma bagotaga umujyi wa Yeruzalemu mu mwaka wa 70.Gusa nkuko Yesaya 11:6-8 havuga,mu isi nshya izaba paradizo dusoma muli Petero wa kabili igice cya 3,umurongo wa 13,nta nyamaswa izongera kurya abantu.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Mbanje kwihanganisha ababyeyi b’uyu mwana.Biragaragara ko nta muntu wasigaranye n’aka kana.Ingurube nayo yali ishonje cyane batayigaburiye.Bituma irya umwana.Twibuke ko n’abantu bajya barya abana babo iyo bashonje.Bible irabihamya muli Amaganya 4:10.Historian w’umuyahudi witwaga Josephus,mu gitabo cye kitwa The Jewish war,yanditse umugore wariye umwana we igihe abasirikare b’aba Roma bagotaga umujyi wa Yeruzalemu mu mwaka wa 70.Gusa nkuko Yesaya 11:6-8 havuga,mu isi nshya izaba paradizo dusoma muli Petero wa kabili igice cya 3,umurongo wa 13,nta nyamaswa izongera kurya abantu.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
MANAWE.IYINKURU IRABABAJEPE GUSA ABABABYEYI.BIHANGANE.NAHO UWOMWANA IMANA IMWACYIRE MUBAYO
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Nukuri biteye agahinda Abo babyeyi n’umwana mubabe hafi kandi rwose bihangane bakomere .
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Nukuri biteye agahinda Abo babyeyi n’umwana mubabe hafi kandi rwose bihangane bakomere .
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Nanjye ndarize atarinjyewe byabayeho????????????????????????,
gusa ababyeyi buyu mwana bihangane cyane!
Mana wee, birababaje pe!.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Nanjye ndarize atarinjyewe byabayeho????????????????????????,
gusa ababyeyi buyu mwana bihangane cyane!
Mana wee, birababaje pe!.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Rwose birababaje ,gusa mwisi niko tubayeho ,ibyishimo n’agahinda biragendana,Imana imwakire mubayo ,ababyeyi bakomeze kwihangana.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Rwose birababaje ,gusa mwisi niko tubayeho ,ibyishimo n’agahinda biragendana,Imana imwakire mubayo ,ababyeyi bakomeze kwihangana.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Mbega inkuru y’incamugongo!? Gusa Imana ifashe ababyeyi be kubyakira Kandi Ako kaziranenge Karuhukore mimahoto RIP.gusa ibi bidusigire isomo ryo kwita kubyo dutunze murugo kuko tubonye ko nunwo biduufasha kugira
ibyo byodukemura ariko iyo haje monkurangara duhomba byinshi.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Mbega inkuru y’incamugongo!? Gusa Imana ifashe ababyeyi be kubyakira Kandi Ako kaziranenge Karuhukore mimahoto RIP.gusa ibi bidusigire isomo ryo kwita kubyo dutunze murugo kuko tubonye ko nunwo biduufasha kugira
ibyo byodukemura ariko iyo haje monkurangara duhomba byinshi.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
YESU weeee
IMANA iguhe iruhuko ridashira kibondo
Mbega inkuru mbi
Ababyeyi IMANA ibambike imbaraga nukuri
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
YESU weeee
IMANA iguhe iruhuko ridashira kibondo
Mbega inkuru mbi
Ababyeyi IMANA ibambike imbaraga nukuri
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Birababaje cyane. Uyu muryango bihangane cyane. Gusa na none hari ibyi kunengwa. Birababaje pe, niba ababyeyi bombi bakorera amafranga, bakagira udufranga duke binjiza, btibashake umukozi wo mu rugo wagira ibyo yitaho, bakiha no korora amatungo adafite uyitaho, bagasiga abana bato mu rugo bonyine, ni ikibazo. Usibye n ingurube, n indi nyamaswa cg umugizi wa nabi yabahekura.
Bibere abandi isomo. Ntamwana munsi ya 15ans ukwiye kuba ari wenyine nta muntu mukuru bari kumwe.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Mwihangane, babyeyi, mwijuru, tizibagirwa,imibabaro,yose
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
babyeyi mwihangane kubyakira ntibyoroshye.Imana imwakire mu bayo
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
babyeyi mwihangane kubyakira ntibyoroshye.Imana imwakire mu bayo
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Mwihangane, babyeyi, mwijuru, tizibagirwa,imibabaro,yose
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Birababaje cyane. Uyu muryango bihangane cyane. Gusa na none hari ibyi kunengwa. Birababaje pe, niba ababyeyi bombi bakorera amafranga, bakagira udufranga duke binjiza, btibashake umukozi wo mu rugo wagira ibyo yitaho, bakiha no korora amatungo adafite uyitaho, bagasiga abana bato mu rugo bonyine, ni ikibazo. Usibye n ingurube, n indi nyamaswa cg umugizi wa nabi yabahekura.
Bibere abandi isomo. Ntamwana munsi ya 15ans ukwiye kuba ari wenyine nta muntu mukuru bari kumwe.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Ubundi ingurube situngo ahubwo ni daimoni. Nge kubyakira byananiye????????
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Ubundi ingurube situngo ahubwo ni daimoni. Nge kubyakira byananiye????????
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
yesuwe IMANA hmwakire mubayo kandi nabo babyeyi bakomeze kwihangana
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
yesuwe IMANA hmwakire mubayo kandi nabo babyeyi bakomeze kwihangana
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Imana,ikomeze,kwihanganisha, uyuuryango, mwijuru,tzibagirwa imibabaro,twagiriye,mu isi
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Imana,ikomeze,kwihanganisha, uyuuryango, mwijuru,tzibagirwa imibabaro,twagiriye,mu isi
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
IMANA ibashoboze kwihangana
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
IMANA ibashoboze kwihangana
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Umwana arambabaje pe Imana imuhe iruhuko ridashira,Kandi ababyeyibe bihangane ntakibaho kidafite impamvu.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Umwana arambabaje pe Imana imuhe iruhuko ridashira,Kandi ababyeyibe bihangane ntakibaho kidafite impamvu.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Manawe lmana imwiyereke iteka kdi lmana ikomeze ababyeyi,mbega inkurimbi!!!! Ark ntakundi lmana iraguha byabangombwa ikanisubiza gusa nange byanteye ubwoba ark ntakundi lmana ikomeze abasigaye
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Manawe lmana imwiyereke iteka kdi lmana ikomeze ababyeyi,mbega inkurimbi!!!! Ark ntakundi lmana iraguha byabangombwa ikanisubiza gusa nange byanteye ubwoba ark ntakundi lmana ikomeze abasigaye
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Bavandi Iyi nkuru iraba baje cyane Kandi itumye ntekereza kabiri ku kazi kacu n’abana bacu:amafaranga ni ngombwa kuyashaka Ngo tubesheho imiryango!Ariko uwagira inama ba bakecuru bacu cyane cyane b’inyangamugayo bakishira hamwe bagasigara bakinisha abana batabashije kuguma ku Madhuri(abiki kigero banezezwa cyane no gukina n’abana) buri kwezi ababyeyi b’abo bana bakamenyera abo bakecuru igikoma cy’ababyeyi(si umushahara),byatuma hari abana benshi barokoka ihohpterwa n’ibindi byago!Mana we uko ndimo nandika Iyi nkuru inteye agahinda Kenshin!Gusa abo babyeyi bihangane Ibyo mu isi ni birebire nta kindi nyine!
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Bavandi Iyi nkuru iraba baje cyane Kandi itumye ntekereza kabiri ku kazi kacu n’abana bacu:amafaranga ni ngombwa kuyashaka Ngo tubesheho imiryango!Ariko uwagira inama ba bakecuru bacu cyane cyane b’inyangamugayo bakishira hamwe bagasigara bakinisha abana batabashije kuguma ku Madhuri(abiki kigero banezezwa cyane no gukina n’abana) buri kwezi ababyeyi b’abo bana bakamenyera abo bakecuru igikoma cy’ababyeyi(si umushahara),byatuma hari abana benshi barokoka ihohpterwa n’ibindi byago!Mana we uko ndimo nandika Iyi nkuru inteye agahinda Kenshin!Gusa abo babyeyi bihangane Ibyo mu isi ni birebire nta kindi nyine!
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Yewe nange ndarize pee! Iyi nkuru iteye agahinda . Nange mfite akana kangana gutyo kajya kivana kw’ishuri kakicara murugo tudahari ariko mbikuyeho isomo
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Yewe nange ndarize pee! Iyi nkuru iteye agahinda . Nange mfite akana kangana gutyo kajya kivana kw’ishuri kakicara murugo tudahari ariko mbikuyeho isomo
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Uwo mwana IMANA Imwakite mubayo kdi Abo babyeyi bakomeza kwihangana
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Uwo mwana IMANA Imwakite mubayo kdi Abo babyeyi bakomeza kwihangana
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Birababaje cyane pe ! Uwiteka akomeze umuryango. Gusa mwibuke ko bibiliya itigeze yemera ingurube nk’itungo rikwiye kurorwa n’abantu habe no kuyikoraho. Ariko usanga abantu bamwe baraziruye ibyo Imana yatubujije.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Birababaje cyane pe ! Uwiteka akomeze umuryango. Gusa mwibuke ko bibiliya itigeze yemera ingurube nk’itungo rikwiye kurorwa n’abantu habe no kuyikoraho. Ariko usanga abantu bamwe baraziruye ibyo Imana yatubujije.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Gs mw’ijuru niho Iwacu kd muriyisi turi Abagenzi
Niyompanvu nifuje nguha Ababyeyi buwo mwana Ihumuru Erega buriya Ntabwo Qween yaruwanyu Umuremyi wari wamubatije Aramwisubuje gs Imana Ikomeze ibahe kwihangana!!
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Gs mw’ijuru niho Iwacu kd muriyisi turi Abagenzi
Niyompanvu nifuje nguha Ababyeyi buwo mwana Ihumuru Erega buriya Ntabwo Qween yaruwanyu Umuremyi wari wamubatije Aramwisubuje gs Imana Ikomeze ibahe kwihangana!!
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Birababaje gusa RIP kuri uwo muziranenjye Abo babyeyi inshuti abavandimwe mubabe hafi biragoye kubyakira. Uhoraho abakomeze kdi Azabashumbushe.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Birababaje gusa RIP kuri uwo muziranenjye Abo babyeyi inshuti abavandimwe mubabe hafi biragoye kubyakira. Uhoraho abakomeze kdi Azabashumbushe.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Maminkuru ibabajee??? Umuryango w’umwana mukomeze mwihangane kbsa.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Maminkuru ibabajee??? Umuryango w’umwana mukomeze mwihangane kbsa.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
inkuru ibabaje cyane, umuryango w’umwana imana ikomeze kubaha umutima wo kwihangana no kubakomeza, muri ibibihe bigoye.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
inkuru ibabaje cyane, umuryango w’umwana imana ikomeze kubaha umutima wo kwihangana no kubakomeza, muri ibibihe bigoye.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Nyuma yibi, ingurube yo irakomeza kororwa? mwihangane babyeyi.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Nyuma yibi, ingurube yo irakomeza kororwa? mwihangane babyeyi.
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Mbega bibi,Rurema imwakire,gusa amafaranga ni meza ariko ntagatume tubakure y’abacu cyane nubwo bitoroshye,ingulube we!!!
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Mbega bibi,Rurema imwakire,gusa amafaranga ni meza ariko ntagatume tubakure y’abacu cyane nubwo bitoroshye,ingulube we!!!
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Kuko NIDA itatubwira igihe izakorera muyindi mirenge?
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yishwe n’ingurube
Kuko NIDA itatubwira igihe izakorera muyindi mirenge?