Isano iri hagati y’umurego w’igitsina cy’umugabo n’ikimera cya Epimedium

Sangiza iyi nkuru

Ikimera cya Epimedium kizwi na none nka ‘Horny Goat Weed’ cyangwa ‘Yin Yang Huo’ kimaze imyaka myinshi gikoreshwa mu buvuzi gakondo ku mugabane wa Asia, by’umwihariko mu Bushinwa.

Ikigo cya Leta zunze ubumwe za Amerika gishinzwe ubuzima (NIH), mu ishami ryacyo ry’ubuvuzi, National Library of Medicine, gisobanura ko iki kimera cyifashishwa cyane nk’inyunganiramirire, kigafasha abagabo kongera umurego w’igitsina, mu gihe bakeneye gukora imibonano mpuzabitsina.

NIH isobanura ko Epimedium igizwe n’ikinyabutabire cya Icariin (ICA) kiboneka ku gice cyo hejuru cy’iki kimera, kikaba ari cyo kizamura umurego w’igitsina cy’umugabo; igikorwa gihera mu misemburo iba mu gasabo k’intanga izwi nka ‘testosterones’.

Iki kigo cyabihamije kimaze gukorera ubushakashatsi ku mbeba y’ibyumweru 12 by’amavuko, yari ifite ubuzima buzira umuze.

Ikinyabutabire cya Icariin ni cyo kiboneka mu nyunganiramirire [cyangwa umuti] ya Revive Capsule ikorwa n’ikigo cy’ubuvuzi cya Kedi Healthcare Company Ltd kiri mu mujyi wa Hong Kong mu Bushinwa.

Revive Capsule izwi na none nka ‘Kedi Revive’ yifashishwa mu gukemura n’ibindi bibazo, birimo icyo kurangiza vuba mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.

Soma inkuru bifitanye isano hano https://bwiza.com/?Icyo-abashakashatsi-bavuga-kumuti-ufasha-abagabo-mu-gihe-bafite-ikibazo-cyo

Mu nyandiko y’ubutaha, muzakomeza gusobanurirwa uburyo bwo gukoresha Revive Capsule kugeza iki kibazo gikemutse. Mu Rwanda, uyikeneye iyi wahamagara ndetse ukandikira WhatsApp nimero: +250783303692 bakayikugezaho. N’abatuye USA, Canada n’i Burayi, biroroshye ko bayikugezaho byihuse.

Soma Izindi Nkuru

One Response

  1. Isano iri hagati y’umurego w’igitsina cy’umugabo n’ikimera cya Epimedium
    Mwongereho ko wakwibeshya ukayijyaho wayibura ntikazongere no guhaguruka uretse no gucika intege

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *