Mu ghugu cy’u Bushinwa, imiryango igeza ku 110 yasezeraniye umunsi umwe mu birori by’akataraboneka byarazwe n’udushya twinshi kuri iki cyumweru tariki ya 21 Gcurasi 2017.

Ibintu btasaga n’ibidasanzwe ndetse bitanakunda kubaho muri kiriya gihugu ko abantu bangana gutya bahuza umugambi bagakora igikorwa kimwe kidasanzwe nk’iki

Muminsi ishize, nibwo mu gihugu cya Uganda habaye ibindi bisa n’ibi ubwo hasezeranaga imiryamgo igera kuri 270

Abagabo mu mmakositimu y’imikara n’abaeni ba bo mu makanzu yera, aho bari bateraniye hari hanogeye amaso mu birori byafashwe nk’akataraboneka



