Ugisha inama: Umugore we ntiyaciye imyeyo ariko aranyara cyane mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Sangiza iyi nkuru

Mu nsobanurire, Kunyara biva ku mugore cyangwa ni ku mugabo, uwanje ntiyaciye imyeyo kandi igitsina cye giteye neza cyane, mpfa kwinjizamo igitsina agahita anyara akazana amavangingo menshi cyane.
Ese nta buhanga burimo kugirango anyare? Ntakunda gukora imibonano akanya kanini, nibaza ko kunyara bigabanya ukuryoherwa kw’umugore.
Amara kuzana amazi(amavangingo)akambwira ko yumva atakibishaka kandi njye mba nkibishaka ariko namunyaza agahita avuga ko atakibishaka.
None kunyara nibyo bisoza umunezero ku mugore, nirwo rugero rwanyuma rwo guhaga imibonano mpuzabitsina cyangwa ni ko kurangiza ku mugore? munsobanurire.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *