Uko i Kinshasa hiriwe hifashe ku munsi w’Umujyi Upfuye ‘Ville Morte’ – Amafoto

Sangiza iyi nkuru

Umujyi wa Kinshasa kuri uyu wa Kabiri wiriwe utuje bidasanzwe , imirimo yahagaze nyuma y’aho abatavuga rumwe n’ubutegetsi bahamagariye abaturage kutagira icyo bakora kuri uyu munsi bise “Ville Morte”. Nta kibazo cyavutse mu duce dushyushye two mu murwa mukuru, mu gihe abakoresha internet bo bahuye n’ikibazo cya connection yari nkeya cyane nyuma y’icyemezo cya guverinoma.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]

Radio Okapi dukesha iyi nkuru iravuga ko urujya n’uruza rwari rukeya, nta n’umubyigano nk’uwakundaga kugaragara ahategerwa imodoka wigeze uboneka. Naho ku kijyanye n’imodoka zitwara abagenzi, hari bus z’ikigo cya Transco nkeya zatwaraga abantu n’izindi nkeya zisanzwe zagaragaraga mu mihanda imwe n’imwe.
ob 3791ec boulevard triomphal in cheikfitanews

Ibikorwa by’ubucuruzi nabyo ngo byasaga nk’ibidahari ku buryo mu masaha ya nyuma ya saa sita za butike n’amaduka mu duce dutandukanye two mu mujyi byari bifunze.
IMG 20170808 072210 IMG 20170808 072939 IMG 20170808 073058 IMG 20170808 073909 IMG 20170808 074033 Poids Lour R56A1630 R56A1632
 
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
 
Dennis Ns./Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *