Umugabo w’umuherwe muri Kenya witwa Mike Sonko yaciye agahigo ko kugira ubutunzi buhambaye bugaragariro mu bikoresho birimo imodoka, impeta zo ku ntoki, ibinyobwa byose bikoze muri zahabu.

Uyu mugabo wanabaye umunyepolitiki guhera muri 2010, yavugishije abantu amagambo menshi nyuma yo gushyira amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga yambaye ibikoze muri Zahabu, imodoka n’ibindi bitandukanye bikoze muri Zahabu.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]

Nyuma yo kuba umudepite, ubwo Itegekonshinga rya Kenya ryahindurwaga muri 2010, uyu muherwe yanatorewe kuba Senateri aho yatowe ku bwiganze bw’amajwi menshi cyane, agakomeza akazike mu bya politiki ariko anakora ibindi nikorwa bimwinjiriza agatubutse mu mijyi itandukanye muri kiriya gihugu.
Reba amafoto ye n’imitungo ye bikoze muri Zahabu.

Mu mwaka ushize wa 2016, ni bwo uyu munyepolitiki yatorewe kuyobora umujyi wa Nairobi kugeza ubu, akaba akomeje kuyobora haba mu bijyanye na politiki ndetse no mu baherwe bo mu gihugu.



Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com


