Guca imyeyo cyangwa se gukuna mu kindi kinyarwanda nyacyo ni igikorwa gikorwa n’abari n’abategarugori mu rwego rwo kwikwiza ndetse bakarushaho gushimisha abagabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
Yishimirwa n’umugabo ku buryo budasanzwe. Bimwe mu byiza by’umugore waciye imyeyo harimo kuba bimufasha guhisha imyanya ndangabitsina ye, mbese ni aba afite umwambaro ntahore arangaye, mu gihe cy’akabariro ho bikaba akarusho.
Harimo kandi kuba bifasha umugabo kugira ubushake vuba mu gihe cyakabariro kuko iyo ayikozeho(imishino) ahita yumva aguwe neza ku buryo iba imbarutso yo kuba yaryoherwa n’imibonano mpuzabitsina ku buryo budasanzwe.
Si umugabo gusa kandi ugerwaho n’ubu buryohe n’umugore nawe ni kimwe mu bitumva yumva ashatse gukora imibonano mpuzabitsina kuko iyo umugabo ayikozeho ahita yumva ahindutse ibyishimo bigasaga umubiri we bityo igikorwa cyo gutera akabariro kikagenda neza hagati yabo.
Kuri bamwe bakunda amavangingo, umugore waciye imyeyo akunze kuba afite amavangingo menshi kuko uko ukora kuri iyo mishino ni ko ubushake bwiyongera amavangingo nayo akaza ari menshi, ibindi ushaka kumenya, reba video iri hasi.
Kanda muri iyo videwo ubashe gusonukirwa birambuye unakande kuri Subscribe ujye ubona Video zitandukanye, hari icyo ushaka gusobanuza, wabariza kuri iyi nimero 0783479504/ 0722796243.



