Byuma Djuma , ufite ibikorwa bitandukanye , birimo amacumbi azwi nka Shez Manu , avuga ko nyuma yo kumva ijambo ry’umukuru w’igihugu perezida Paul Kagame akangurira abanya Musanze kwikorera ibyabo aho kujya kubishaka hanze, ryamukanguye akareba ikintu gikenewe muri Musanze , maze ahitamo gukora uruganda rukora imigati n’ibijyanye nayo.
Byuma Juma usanzwe ari rwiyemezamirimo ukorera mu karere ka Musanze , avuga ko abanya Musanze bashubijwe muri iki gihe nyuma y’uko begerejwe uruganda rukora ibijyanye n’imikati (Boulangerie Patisserie) , bitewe nuko mbere babonaga umugati ari uko bagiye mu gihugu cya Uganda .
Reba Video
Byuma avuga ko abanya Musanze batagisubiye Uganda kugura umugati kuko ubu begerejwe Patisserie ikomeye


