Amafoto: Perezida Kagame yitabiriye inama yahuje Israel n’ibihugu biri mu nzira y’amajyambere

Sangiza iyi nkuru

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame n’itsinda ryamuherekeje mu Nama Rusange ya 71 y’Umuryango w’Abibumbye, kuri uyu wa Kane, itariki 22 Nzeri 2016, bitabiriye inama hagati ya Israel na Afurika ndetse n’ibindi bihugu biri mu nzira y’amajyambere. Iyi nama ikaba yayobowe na Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benyamini Netanyahu.

Reba Amafoto:

29865368865_3db0fb65f8_z

29865394725_07971eb471_z-1
Perezida Kagame na Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benyamini Netanyahu

29572163340_e8f0265bf4_z

29238204584_f011935cfd_z 29238221734_a59d54e211_z 29238232764_6758c3158c_z 29238235474_80dfd4f74d_z 29238496224_e2ebec471a_z-1 29239095373_2be0cc7c07_z 29239099403_84abe96545_z 29239105063_da90c50c3e_z 29239137753_fca8b9f977_z-1 29865361485_ac7263b80e_z

Amafoto: Village Urugwiro

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Dennis Ns./Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *