Amavangingo-Kunyaza: Ukubitaho amazi akameneka ukumva uburyohe- Umuvuzi wa Gakondo arasobanura

Sangiza iyi nkuru

Dusabimana Emmanuel ni umuvuzi wa Gakondo ukorera mu Mujyi wa Kigali, Akarere ka Gasabo, mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV, yasobanuye byinshi ku burwayi abagabo bashobora kugira ku buryo gutera akabariro byanga bityo anakomoza ku mavangingo azanwa n’abagore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.

Ku bw’uyu mugabo ufite umugore n’abana batatu umaze imyaka myinshi avura gakondo, ahamya ko hari abagore batagira amavangingo, ibi ngo bikaba byabasenyera.

Reba Video arakubwira byose.

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Amavangingo-Kunyaza: Ukubitaho amazi akameneka ukumva uburyohe- Umuvuzi wa Gakondo arasobanura
    Aba ni ab’imitwe bamaze amafaranga y’abantu, ko aho kuvura umuntu ngo azamwishyure nyuma amaze gukira bizwi nko gutasura byahozeho abanza akayakwaka ndetse akagusaba ibya Milenge ku Ntenyo! inama nagira abantu bafite bene ibi bibazo ni uko bazajya bagana ibitaro bagashaka inzobere z’abadogiteri bazwi nka’aba Genicologues nibyo baminujemo barabafasha bigakemuka rwose kandi ku bwishingizi ubwo ari bwo bwose bwokwivuza hano mu RWANDA.

  2. Amavangingo-Kunyaza: Ukubitaho amazi akameneka ukumva uburyohe- Umuvuzi wa Gakondo arasobanura
    Aba ni ab’imitwe bamaze amafaranga y’abantu, ko aho kuvura umuntu ngo azamwishyure nyuma amaze gukira bizwi nko gutasura byahozeho abanza akayakwaka ndetse akagusaba ibya Milenge ku Ntenyo! inama nagira abantu bafite bene ibi bibazo ni uko bazajya bagana ibitaro bagashaka inzobere z’abadogiteri bazwi nka’aba Genicologues nibyo baminujemo barabafasha bigakemuka rwose kandi ku bwishingizi ubwo ari bwo bwose bwokwivuza hano mu RWANDA.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *