Muganga/Umuhanzi Pedro Someone yahanutse ku nzu, Imana ikinga ukuboko

Niyigena Jean Pierre uzwi ku izina rya Pedro Someone yakoze impanuka yo guhanuka ku nzu bimuviramo gukomereka ku kaboko mu gihe we avuga ko byashoboraga no kumuviramo kubura ubuzima. Ni impanuka yabaye ku wa Kabiri tariki ya 7 Nyakanga 2020, mu Mudugudu wa Gikumba, Akagari ka Nyabikenke, Umurenge wa Bumbogo, Akarere ka Gasabo mu Mujyi […]
Abagenzuzi b’Imari ya Leta mu bitaro barasaba Perezida Kagame kubarenganura

Abagenzuzi bwite b’Imari n’umutungo wa Leta mu bitaro by’Uturere, Intara n’Ibitaro Bikuru, baravuga ko itegeko ribemerera guhabwa agahimbazamusyi ariko bakababazwa n’uko bakimwa, bityo bagasaba Umukuru w’Igihugu kubarenganura nyuma y’aho inzego zitandukanye zikomeje kubaheza mu gihirahiro. Bavuga ko aka gahimbazamusyi (top up) bakimwa kandi itegeko rivuga ko bagomba kugahabwa katarenze 30% by’umushahara wa buri muntu. Ibi […]
Rwamagana: Cyamunara y’urusengero yateje impaka hafi yo kurwana

Ni cyamunara yabereye mu MUdugudu wa Nyirabuhene, AKagari ka Gishore mu Murenge wa Nyakariro mu Karere ka Rwamagana, aho umuhesha w’Inkiko w’Umwuga, Ingabire Uwayo Lambert yatezaga mu Cyamunara umutungo w’Itorero Agape Sanctuary Church ariko haza kugaragara rwiyemezamirimo, Ndagijimana Jean wavugaga ko uyu mutungo uri mu maboko ye. Ku wa Gatanu tariki ya 15 Gicurasi 2020 […]
Kigali: Umukecuru w’imyaka 83 ashimangira ko umuti wa Covid-19 wagaragaye Madagascar no mu Rwanda bawukora-Video
Mukarugaryi Leocadie w’imyaka 83 y’amavuko avuga ko ikibura mu Rwanda ari ukwishyira hamwe kw’abafite aho bahurira n’ubuvuzi bwa gakondo, bityo ko iyo ntera yagezweho umuti wavura icyorezo cya Covid_19 bawutahura. Mukarugaryi ni umuvuzi gakondo ufite ivuriro mu Murenge wa Muhima, Akarere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, ashimangira ko aka kazi akamazemo imyaka irenge 30, […]
Mont Kigali: Abayobozi batangaga ibiribwa nijoro barwanye n’abaturage bamwe barakomereka

Mu Mudugudu wa Ruhango, Akagari ka Ruliba, Umurenge wa Kigali ho mu Karere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali, umuyobozi w’Umudugudu afatanije n’abashinzwe umutekano barwanye n’abaturage ngo bashakaga kubambura imfashanyo bari bafite ikubiyemo ibyo kurya biza kurangira bafatanye mu mashati bamwe barakomereka. Ibi byabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Mata 2020, abaturage bavuga ko […]
Gisagara: Inzira y’umusaraba Ikimanishaka Olive yanyuzemo nyuma yo guterwa inda akiri umwana
Ikimanishaka Olive, wo mu Mudugudu wa Ruhima, Akagari ka Gabiro, Umurenge wa Gishubi, mu Karere ka Gisagara, yahishuye ibigeragezo yanyuzemo kubera guterwa inda akiri umwana kugera n’aho ngo yari agiye kwicwa. Olive avuga ko yari umunyeshuri aza guterwa inda n’umugabo yita umuhinzi, bimugiraho ingaruka kugeza ubwo yaje kubaho yicumbikira, inzu yabagamo nyirarume agashaka kuyimusohoramo, akorerwa […]
Kigali: Umusore yafashwe akekwaho ubujura ariko Imana yakinze akaboko yari apfuye
Ahishakiye Jean Bosco, ni umusore w’imyaka 21 y’amavuko ukomoka mu Murenge wa Nkomane, Akarere ka Nyamagabe, Intara y’Amajyepfo, akaba avuga ko aba mu Gatsata, mu Karere ka Gasabo, umujyi wa Kigali, yafashwe ku manywa y’ihangu n’abaturage bo mu gace ka Kiruhura, mu Murenge wa Kigali, bamushinja kwiba imyenda aho yari yanitse mu gipangu cy’umuturage afatanyije […]
Gatsata: Inzara iravuza ubuhuha, barimo kwibwa ibiryo bishyushye bikiri ku mbabura
Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Nyamabuye, Umurenge wa Gatsata, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko inzara ibamereye nabi muri ibi bihe ntawemerewe kuva mu rugo hirindwa icyorezo cya Coronavirus. Batangarije Bwiza TV ko kubera iyi nzara hadutse ubujura bwo kwiba ibiryo biri ku ziko wajya mu nzu ugasanga isafuriya wari […]
Kigali: Umubyeyi wugarijwe n’ibibazo ageze n’aho kwibagirwa nimero ye ya Telefoni
Uwimbabazi Aline, umubyeyi w’abana batanu utuye mu Mudugudu wa Runyinya, Akagari ka Rugarama, Umurenge wa Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge, avuga ko umutwe we utakibasha no kwibuka ibintu bimwe na bimwe birimo na nimero ye ya Telefoni bitewe n’ibibazo bimwugarije. Uwimbabazi, umugabo we yamutanye abana batanu ajya kwishakira undi mugore, muri aba bana umuto muri […]
Operasiyo Kitona: Gen Kabarebe n’ingabo yari ayoboye bahase igitutu Perezida Kabila ahunga Kinshasa
Operasiyo Kitona yakozwe mu mwaka wa 1998 nyuma yaho urugamba rwo kubohoza Zaire ku ngoma ya Marechal Mobutu Sese Seko Koukou Nguendu wa Zabanga rwasozwaga, hakabaho ko ubutegetsi bushya bushyiraho ingamba zo kubaka igihugu cyari kimaze gufata izina rya Republika Iharanira Demokrasi ya Kongo. Operasiyo yaje rero aho uwari wabaye Perezida wa Republika Iharanira Demokrasi […]
Akuma kifashishijwe bakata ku gitsina cya wa mukobwa wa Kimisagara kerekanwe, Zaina yarahari n’abandi 6
Nyuma y’inkuru imaze iminsi mu bitangazamakuru ivuga ko hari umukobwa wahohotewe mu Murenge wa Kimisagara akarere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali na bagenzi be barimo uwitwa Zaina bapfaga umugabo, mu iburanisha ryabaye ku wa Mbere tariki ya 9 Werurwe 2020, herekanwe akuma ka jirete bifashishije bamwogosha imisatsi ndetse n’insya, byakozwe mu rwego rwo kumuhohotera. Abashinjwa […]
Byari ibyishimo ubwo Clarisse Karasira na Kayirebwa bahuriraga ku meza amwe, biteguye kunezeza abafana

Umuhanzikazi Clarisse Karasira yagaragaje amarangamutima yatewe no kuba yicaranye n’uwo yita umubyeyi, Kayirebwa Cecile, avuga ko yakunze kuva kera ataranatangira umuziki by’umwihariko bakaba banagiye guhurira mu gitaramo kizaba ku Cyumweru tariki ya 8 Werurwe 2020. Hari mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Werurwe 2020, i Kigali, cyateguwe na Bwiza Media […]
Njyewe naciye imyeyo nkiri muto, biraryoha cyane iyo umugabo arimo gukozaho igitsina- Umubyeyi w’abana babiri
Uwamurera Germaine ni umubyeyi ubyaye kabiri akaba avuga ko guca mu rubohero [Guca imyeyo cyangwa se Gukuna] bifite akamaro kanini mu kubaka urugo, ngo kuko iyo waruciyemo undyohera umugabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV, Germaine yaduhishuriye uburyo na we yaciye mu rubohero ubu akaba anezeza umugabo we bamaze kubyarana kabiri. […]
Umudamu Germaine yatubwiye uburyo akuramo imyenda yose akereka igitsina cye abo agiye gucira imyeyo
Uwamurera Germaine ni umubyeyi w’abana babiri, yatangarije Bwiza Tv ko akazi ke ka buri munsi ari ugufasha abana b’abakobwa bageze mu myaka 12 kuzamura, akabigisha uburyo baca imyeyo cyangwa se gukunda atibagiwe n’abagore bakuze rimwe na rimwe banashatse. Germaine yatubwiye ko hari igihe ahura n’imbogamizi, yajya gucira nk’umudamu imyeyo akagira isoni bityo akabanza gukuramo imyenda […]
Ngororero: Umuvunyi mukuru yavuze ko ruswa ituma abaturage banga ubuyobozi

Umuvunyi Mukuru, Murekezi Anastase avuga ko mu gihe cyose ruswa itarwanyijwe, ishobora gutera abaturage kwanga ubuyobozi buriho bitewe n’uko ibatera ubukene abo bayiha batera imbere. Yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Gashyantare 2020, mu Murenge wa Ngororero, Akarere ka Ngororero, Intara y’Uburengerazuba, aho uru rwego rw’umuvunyi ku bufatanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’i Burayi […]
ADEPR/Nyarugenge: Byinshi wamenya kuri Korali Hoziana ifite amateka y’ imyaka isaga 50
Amateka ya Korali Hoziana ahera mu mwaka wa 1967, ikaba itsinda ry’abaririmbyi ribarizwa mu itorero rya ADEPR/ Nyarugenge ariko igakora umurimo w’Imana mu bice bitandukanye. Iyi Korali itambutsa ubutumwa bwa Yesu kirisito haba mu ndirimbo ndetse no mu bindi bihangano byabo. Ifite amateka aturuka mu mwaka wa 1967, muri uyu mwaka nibwo Rev. Kayihura Jacob […]
Icyo abaturage bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo/ mu rukundo n’ibindi
Mu gihe mu mitwe ya benshi hakirimo urupfu rwa Kizito Mihigo wapfuye yiyahuye nk’uko Polisi y’u Rwanda yari imufite yabitangaje, bamwe mu bamukundaga bavuga ko no kuba hari umukobwa wamwanze ngo biri mu byaba byaramuteye agahinda kiyongera ku byaha yashinjwaga agahitamo kwiyahura. Ni kenshi mu bitangazamakuru Kizito yagiye avugwaho gukundana n’abakobwa ariko bagategereza ubukwe bagaheba. […]
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Mu gihe ubuyobozi bw’Umudugudu wa Gaseke, Akagari ka Kimisagara mu Murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, bwarimo kunga umuryango wa Innocent Ntirenganya n’umufasha we Solange nyuma y’amakimbirane bamaranye iminsi, uyu mugore yasuzuguye ubuyobozi. Ni nyuma y’iminsi Ine gusa uyu mugabo witwa Innocent Ntirenganya yigabye ku Rusengero rwa ADEPR ruri mu Murenge wa Gitega ahitwa mu […]
Abayobozi dufite inshingano yo kurwanya ruswa duhereye no ku bo tubyara- Murekezi Anastase

Umuvunyi mukuru, Murekezi Anastase avuga ko abayobozi bose mu nzego zitandukanye bafite inshingano yo kurwanya ruswa bafatanyije n’abo bayobora ndetse bakanabikora bahereye hasi no ku babakomokaho. Umuvunyi Mukuru yabitangarije mu kiganiro cyahuje Urwego rw’Umuvunyi n’inzego z’Ubutabera zirimo: Minisiteri y’Ubutabera, Ubushinjacyaha bukuru , Urukiko rw’Ikirenga ku bufatanye n’Umuryango w’Ibihugu by’Ubumwe b’Uburayi (EU) i Kigali, ku wa […]
Umukobwa washakaga kuba Nyampinga w’u Rwanda yavuze ikintu gikomeye kuri Mwiseneza Josiane
Ishimwe Melissa ni umukobwa w’imyaka 19 y’amavuko akaba ari umwe mu bahataniraga ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda muri uyu mwaka wa 2020 ariko ntiyabasha gukomeza, avuga ko Miss Mwiseneza Josiane amukunda cyane ndetse ko yakoze ibintu bidasanzwe muri Miss Rwanda 2019. Bwiza TV yagiranye ikiganiro n’uyu mukobwa uvuga ko akijijwe ndetse anatubwira byinshi ku buzima […]
Muhima: Hari abaturage bamara umwaka n’undi ukaza barara ku gasozi
Iyo utembereye mu Midugudu itandukanye yo mu Murenge wa Muhima, Akarere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali, ugenda ubona abantu baryamye ku mabaraza z’inzu abandi munsi y’ibiti ndetse no mu busitani, aba bantu bamwe bakaba bavuga ko batagira ho baba, ko barara hanze, ubu akaba aribwo buzima biberamo. Bwiza TV yatambagiye muri uyu murenge badutangariza ubuzima […]
Byinshi ku gitaramo kizashimirwamo Cecile Kayirebwa

Ibyamamare birimo Kayirebwa Cecile, Maria Yohana n’ibindi byamamare birimo Muyango, Mani Martin, Jules Sentore, Karasira Clarisse ni bamwe mu byamamare nyarwanda biririmba indirimbo zimakaza umuco Nyarwanda bategerejwe mu gitaramo kizabera mu mujyi wa Kigali. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku Cyumweru tariki ya 9 Gashyantare 2020, umuhuzabikorwa w’iki gitaramo ndetse akaba anashinzwe itangazamakuru mu mitegurire yacyo, […]
Hatagize igikorwa ubuzima bwa benshi bushobora gutikira kubera imvura idasanzwe igwa muri Kigali
Nyuma y’imvura nyinshi imaze iminsi igwa mu Mujyi wa Kigali, benshi bemera gushyira ubuzima bwabo mu kaga bagaca mu nzira za bugufi zo mu bishanga byuzuyemo amazi banga gukora urugendo rurerure ngo bagere aho bajya. Gusa ku ruhande rwa bamwe bakavuga ko ubuzima bwabo buri mu kaga. Ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki ya […]
Kigali/Karuruma: Motari yakijijwe n’amaguru nyuma yo kugonga umugenzi agahita apfa
Iyi Mpanuka yabereye mu gasanteri ka Karuruma kari mu Murenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali aho umugenzi yagonzwe n’umumotari ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 6 Gashyantare 2020, agahita yitaba Imana. Ubwo Bwiza TV yageraga aho iyi mpanuka yabereye yasanze abari bahari bavuga ko umumotari ari we wari ufite […]
Barafinda yameneye ibanga ababa batekereza kuba batera u Rwanda
Barafinda Sekikubo Fred avuga ko igisirikare cy’u Rwanda gihagaze neza, kigakora kinyamwuga, bigoye kugica mu rihumye ngo umuntu cyangwa umutwe w’inyeshyamba ube wakisukira ngo utere u Rwanda mu buryo bworoshye. Ni mu kiganiro Bwiza TV yagiranye n’uyu mugabo uvuga ko yifitemo politiki, unashimangira ko imodoka ye ubu yamaze kwangirika. REBA VIDEO
Shangazi yatubwiye uko yaciriye umuzungu imyeyo/Gukuna n’uko banyaza bakoza kuri rugongo
Shangazi ni umubyeyi ufasha abakobwa n’abagore ku mabanga arebana no guca imyeyo cyangwa se Gukuna, kunyaza ndetse n’andi mabanga y’urugo. Bwiza TV ubwo yasuraga uyu mubyeyi aho akorera mu Mujyi wa Kigali yadusobanuriye byimbitse uko baca imyeyo/Gukuna ndetse anatubwira uko yanayiciriye umuzungukazi by’umwihariko n’uburyo bigira uruhare mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ku mugore waciye imyeyo ngo […]
Abana b’imfubyi za jenoside birirwa basembera imitungo yabo ifitwe n’Itorero rya ADEPR
Ikibaruta Olivier na mushiki we Joyeuse bavuga ko bamaze imyaka igera kuri 20 basiragira mu buyobozi basaba ko barenganurwa mu gihe imitungo y’ababyeyi babo bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ubu yigaruriwe n’itorero rya ADEPR/ Gishari mu Karere ka Rwamagana. Mu kiganiro Olivier yagiranye na Bwiza TV, yavuze ko amasambu y’ababyeyi babo ADEPR/Gishari yatangiye […]
Imana yavuguse umuti, ndi umujenerali w’umucikacumu- Barafinda Fred
Barafinda Sekikubo Fred, umugabo uvuga ko ari umunyapolitiki, yashimangiye ko ari umujenerali mu bwonko utari uwo ku mwambaro ndetse ko yacitse ku icumu bitewe n’ubuzima bw’ibizazane yagiye acamo. Ni mu kiganiro uyu mugabo yagiranye na Bwiza TV ubwo yamusuraga iwe i Kanombe mu Mujyi wa Kigali. Ikiganiro Kirambuye, Reba Video aho avuga ati “Imana yavuguse […]
Umukobwa yagaragaje ibice by’umubiri we by’ibanga ubwo basubiragamo ubupfubuzi- Irebere amashusho
Uwimbabazi Chanela ni umukobwa wagaragaye muri comedie ‘Umupfubuzi’ igice cyayo cya mbere n’icya kabiri, mu kiganiro kirambuye yagiranye na Bwiza Tv yatubwiye byinshi ku buzima bwe ndetse n’uko bamwe bamufata nyuma yo gukina iyi filimi. Reba Video
Kujijura abaturage ni inshingano zacu nk’abayobozi- Umuvunyi mukuru

Umuvunyi Mukuru, Murekezi Anastase yasabye abayobozi batandukanye bo mu Ntara y’Iburengerazuba kumva ko bafite inshingano zo kujijura abaturage bagasobanukirwa amategeko abagenga arimo n’ayo guhabwa ndetse no gutanga amakuru. Ibi umuvunyi mukuru yabibatangarije mu Karere ka Karongi, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Mutarama 2020, mu kiganiro uru rwego rw’Umuvunyi rwagiranye n’abayobozi batandukanye barimo abafite […]
Rwamagana: Umugore yatwitse umugabo we akoresheje amazi ashyushye
Ni inkuru yabaye kimomo mu Mudugudu wa Bacyura, Akagari ka Sibagire, Umurenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana aho umugabo witwa Theobar usanzwe ari agoronome muri Kigali yatwitswe n’umugore we, Umurerwa wakoresheje amazi ashyushye. Abaturanyi bavuga ko batabashije kumenya intandaro y’aya mahano gusa bagakeka ko umugore yaba yabikoze kubera kumufuhira. Ubu Theobar arimo kuvurirwa mu […]
Remera/ Giporoso: Umukobwa yapfiriye muri Lodge
Umukobwa wari uzwi ku izina rya Karashika yasanzwe mu icumbi yari yakodesheje yapfuye mu gace ka Giporoso, i Remera mu Karere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali. Urupfu rw’uyu mukobwa rukaba rukiri amayobera. Bwiza TV ubwo yageraga ku icumbi (Lodge) uyu mukobwa yari acumbitsemo yanaje gupfiramo ahazwi nko muri korodori/ Giporoso, yahasanze imbaga y’abantu yari ihashungereye […]
Sugira twaramwondoye ahita acecekesha KNC- Rwarutabura wimukiye mu cyaro cya Nyabyondo
Umufana ukomeye w’ikipe ya Rayon Sports uzwi ku izina rya Rwarutabura, avuga ko barimo kondora Sugira Ernest iyi kipe yatijwe na mukeba wayo, APR FC. Uyu mufana usigaye atuye mu gace ka Nyabyondo, mu Kagari ka Rutonde mu Murenge wa Shyorongi, Akarere ka Rulindo, Intara y’Amajyaruguru akomeza avuga ko Sugira agiye gukora ibitangaza muri iyi […]
Namenye ko nanduye SIDA mbanza kwihagararaho nk’Imbwa irya uruhu- Ingabire waryamanye n’abasaga 100
Ingabire Chadia ni umubyeyi w’abana batatu utuye mu Mudugudu wa Nyagakoki, Akagali ka Kimisagara, Umurenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali, avuga ko abana n’ubwandu bw’agakoko gatera SIDA ariko akaba atajya amenya amakuru y’amashyirahamwe abandi bahuriramo ngo na we abe yabisunga. Uyu mubyeyi avuga ko ari umuzunguzayi, umugabo we arafunze, ni we […]
Bruce Melodie ndamukunda cyane ariko Igitsina ntacyo namuha- Gisele uvuga ko akiri isugi
Ni umubyeyi w’abana babiri uzwi ku izina rya Gigi [Gisele], mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV yavuze ko n’ubwo bwose amaze kubyara kabiri akiri isugi, by’umwihariko akaba afana bya cyane umuhanzi Nyarwanda, Bruce Melodie. Uyu mugore avuga ko kubera urukundo akunda uyu muhanzi, yamuha ibyo afite byose uretse kimwe aricyo ‘kuryamana na we’. Yemera ko […]
Kigali: Umukecuru w’imyaka 106 yifuza kuba yahura na Perezida Kagame mbere yo kuva kuri iyi Si
Kantashya Anastasie ni umukecuru ufite imyaka 106, utuye mu Murenge wa Kacyiru, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali. Ashima Perezida wa Repubulika Paul Kagame by’umwihariko mu nzozi ze akaba ari uko yazatabaruka yarabonanye na we akamushimira. Bwiza TV yasuye uyu mukecuru aho atuye atubwira byinshi birimo ibanga yakoresheje kugira ngo agere muri iyi myaka, ibyo […]
Meya Rwamurangwa Steven yarambwiye ngo nzajye kumurega aho nshaka hose- Umuturage usembera

Umusaza witwa Burasanzwe Francois avuga ko amaze imyaka Ine asiragira mu buyobozi nyuma yo kurangiza igifungo cye cy’imyaka 19 yataha agasanga ubutaka bwe Akarere ka Gasabo ngo karabutujemo abandi bantu. Uyu musaza ubu uvuga ko atagira aho atuye twasanze mu Mudugudu wa Gisasa Akagari ka Ngara, Umurenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo, ahamya ko […]
Dusabe Vestine arabagira inama y’uburyo mwazajya muteramo akabariro mukaryoherwa nk’abageze mu ijuru rito
Dusabe Vestine ni umudamu umaze kumenyerwa mu Rwanda nk’uwigisha kandi akanakebura abashakanye ku birebana no kubaka urugo cyane cyane abagaragariza ko amabanga yo mu buriri aza ku isonga mu kurwubaka rugakomera. Muri iki kiganiro aragaruka ku ngingo zitandukanye, uburyo wafata umugabo wawe, uburyo umugore atagomba kuba umunebwe mu gitanda, abagore bapfuba ndetse n’abasore babapfubura, uburyo […]
Rulindo/ Rutonde: Umuyobozi yaratorotse, aracyekwaho kugira uruhare mu iyicwa ry’uruhinja rwavukaga
Umuyobozi mu Mudugudu wa Nyamirembe, Akagari ka Rutonde mu Murenge wa Shyorongi, Akarere ka Rulindo aracyekwaho kuba yaragize uruhare mu iyicwa ry’uruhinja rwatoraguwe mu cyumweru gishize ruri mu isakoshi aho rwari rwajugunywe ku mugezi wa Nyakabingo. Abaturage bavuga ko babonye inzego z’umutekano na RIB bajya gusaka mu rugo rw’uwitwa Athanase wari umuyobozi w’Isibo, gusa uru […]
Kigali: Umuturage yandikiye Perezida ashinja abayobozi kumubeshya

Musabyimana Jacqueline ni umuturage utuye mu Mudugudu wa Hanika, Akagari ka Nyamabuye, Umurenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, yandikiye umukuru w’igihugu amusaba kurenganurwa, aho ashimangira ko abayobozi bagiye bamubeshya ko agiye guhabwa inzu mu batishoboye ariko akisanga zahawe abandi. Ni umupfakazi, uyu mubyeyi akaba yarasigiwe abana batatu n’umugabo we waje kwitaba […]
Kigali/ Gatsata: Abakora uburaya bamennye amabanga bakoresha, Kujandika imyenda y’abagabo
Bamwe mu bavuga ko bakoze uburaya baherereye mu Murenge wa Gatsata, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali bavuga amayeri atandukanye bakoresha kugira ngo amafaranga babonye ku mugabo yose bayamumareho. Kuri mikoro ya Bwiza TV, aba bakobwa babitubwiye byose. REBA IYO VIDEO
Gatsata: Ushinzwe umutekano arashinjwa n’umubyeyi kuburisha umwana we w’umukobwa
Chantal ni umubyeyi utuye mu Mudugudu wa Hanika, Akagari ka Nyamabuye, Umurenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo, avuga ko umwana we w’umukobwa yabuze hakaba hashize amezi ane atazi irengero rye. Uyu mubyeyi arasaba inzego z’umutekano n’izindi bireba kumufasha kubona uyu mwana we w’umukobwa avuga ko yigaga mu mashuri abanza, akaba akeka ko yaba yaragizwe […]
Gatsata: Umusore arakekwaho kwica umugore basambanaga
Mu murenge wa Gatsata, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, haravugwa inkuru y’umugore witwa Ikirezi Shekira wishwe agasangwa mu nzu bivugwa ko yari yajyanwemo n’umusore bicyekwa ko basambaniragamo. Abazi uyu mugore bavuga ko yakoraga uburaya ngo akaba yari yajyanye n’uyu musore muri iyi nzu n’ubundi ngo ari ubusambanyi bagiye gukora n’ubwo byaje kurangira aburiyemo […]
Kigali/Bumbogo: Abaturage bashinja abanyerondo ubujura no kubakubita
Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Kayumba, Akagari ka Musave, Umurenge wa Bumbogo, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko abashinzwe irondo babahohotera bakabakubita by’umwihariko bakanasubira inyuma bakanabiba. Kuri mikoro ya Bwiza TV, bamwe mu baturage bavuga ko bakubiswe imigeri n’inkoni ku buryo hari n’abafite ibikomere, ibi bikaba ngo byarabagizeho ingaruka mu […]
Afande mukuru yaranyemeje, umupolisi ankubita urushyi ndi muri Swingi- Murwanashyaka wari warajujubije abantu
Murwanashyaka Alex ni umugabo wubatse, mu buhamya bwe atanga imbere y’imbaga mu giterane cy’ivugabutumwa cyaberaga i Nyabugogo mu mujyi wa Kigali, yasobanuye uburyo yanywaga urumogi, akanarucuruza by’umwihariko akaba yari n’umujura ruharwa. Mu buhamya bwe, avuga ko igihe cyageze agahura na Afande mukuru yita Yesu ngo akamwemeza. Yahishuye uburyo bagenzi be bibanaga bagiye baraswa by’umwihariko ko […]
Amavangingo-Kunyaza: Ukubitaho amazi akameneka ukumva uburyohe- Umuvuzi wa Gakondo arasobanura
Dusabimana Emmanuel ni umuvuzi wa Gakondo ukorera mu Mujyi wa Kigali, Akarere ka Gasabo, mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV, yasobanuye byinshi ku burwayi abagabo bashobora kugira ku buryo gutera akabariro byanga bityo anakomoza ku mavangingo azanwa n’abagore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ku bw’uyu mugabo ufite umugore n’abana batatu umaze imyaka myinshi avura gakondo, ahamya […]
Kigali/Ndera: Uwarokotse jenoside aratabaza ubuyobozi
Mukantwari Eugenie utuye mu Mudugudu wa Nezerwa, Akagari ka Kirenga, Umurenge wa Ndera, mu Karere ka Gasabo arasaba inzego zitandukanye kumurenganura nyuma yo gusanga imyaka ye yari yarahinze yatemaguriwe hasi. Mukantwari avuga ko ahangayikishije n’umutekano w’ubuzima bwe kubera ibyo avuga akorerwa. Afite ubumuga avuga ko yetewe na jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ndetse yanamusize ari […]
Kigali/Bumbogo: Bafashwe bamaze kubaga ingurube bibye bazengurutswa karitsiye bambaye inyama zayo
Ni abagabo Babiri bafatiwe mu Mudugudu wa Kayumba, Akagari ka Musave mu Murenge wa Bumbogo, Akarere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali, bamaze kwiba ingurube barayibaga inyama zayo bazibika mu nzu babagamo. Nyuma yo gufatwa n’abashinzwe irondo mu ijoro, bwakeye barazambara bazenguruka karitsiye banikoreye n’ibindi bibye bagezwa ku Kagari. Abaturage bo muri uyu Mudugudu wa […]
Icyo u Rwanda rwongeye kubwira Perezida Nkurunziza
Leta y’u Rwanda yatangarije u Burundi ko nta ruhare rugira mu bikorwa byo guhungabanya umutekano wabwo, ibi bikaba bitangajwe nyuma y’aho Perezida Nkurunziza w’iki gihugu avugiye ndetse akanabisubiramo ko u Rwanda rumaze kumugabaho ibitero birenze kimwe. Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Biruta Vincent akaba yabitangaje ku wa Gatatu tariki ya 8 Mutarama 2020 mu […]
Muhanga: Abanyeshuri biga mu Kigo cya Nyabisindu baratabaza
Abanyeshuri biga mu Rwunge rw’amashuri rwa Nyabisindu [G.S Nyabisindu], giherereye mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Gitarama, Umurenge wa Nyamabuye, mu Karere ka Muhanga, bavuga ko bakubitwa, bakagaburirwa amafunguro make kandi batishimiye. Ikibazo n’ababyeyi babo bashimangira bakanongeraho ko basibizwa bakanabuzwa gukora ibizamini mu gihe batarishyura amafaranga arimo n’amaturo. Bwiza Tv ubwo yageraga muri iki Kigo […]
Bakomye gato nahungira mu marembo yo kwa Perezida- Umugore Ushinja abayobozi kumuhungabanyiriza umutekano
Mukasinzi Clarisse ni umugore utuye muri Niboye, mu Karere ka Kicukiro, avuga ko aka Karere katuje abantu mu mitungo ye, ubu akaba abayeho mu buzima yita ko bukomeye, akavuga ko uretse Perezida wa Repubulika wenyine ariwe wamurenganura. Hari bamwe mu bayobozi atunga agatoki ko bagiye bamufungisha, bigeza aho aranahunga n’aho agarukiye akemeza ko umutekano we […]
Umucuruzi wari uzwi muri Muhanga arakekwaho kwiyahura amaze kwica umugore we

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Mutarama 2020, nibwo mu Mudugudu wa Nyarucyamu ya kabiri, Akagari ka Gahogo, mu Murenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga, hamenyekanye inkuru y’umugabo basanze yiyahuye, bigakekwa ko yabanje kwica umugore we. Abaturage baganiriye na Bwiza Tv, batangaje ko uyu mugabo yitwaga Uwiremye Sixbert akaba yari […]
Nyabugogo: Amayobera ku musore wigishaga kuri Yesu na Iliminati akaza kwikubita hasi
Ni umusore witwa Tugirimana Pacifique akaba atuye mu Murenge wa Gatsata, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali. Kuri Mikoro ya Bwiza Tv, yasobanuriraga abari bamushungereye inkomoko y’umubare 666 ufatwa nk’ikimenyetso cya Iliminati, ndetse akanagaruka no ku ivuka rya Yesu Kirisito. Byaje kurangira afashwe n’isereri, umwuka umubana muke, aho bamwe byababereye amayobera. Reba Video yose
Icyo polisi ivuga ku kurasa mu kico ‘uwambaye amapingu’
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera, avuga ko bishoboka ko umupolisi arasa umunyacyaha mu gihe yagerageje gucika afite icyaha gikomeye ariko ko atamurasa yabanje kumwambika amapingu. Ibi yabivuzeho nyuma y’ikibazo yari abajijwe mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku gicamunsi cyo ku wa Gatanu tariki ya 3 Mutarama 2020, ku Cyicaro Gikuru cya Polisi […]
Ange ni umukobwa w’imyaka 32 arashaka umukunzi w’umusore ‘ubyibushyemo’
Ni umukobwa witwa Ange, yacishije ubutumwa bwe kuri iki kinyamakuru Bwiza.com avuga ko yifuza umukunzi w’umusore, ariko yongeraho ko abaye abyibushye byaba ari akarusho. Yagize ati “Amazina nkoresheje si ayanjye, ndashaka umukunzi ufite gahunda, ndi umukobwa w’imyaka 32 mfite 1.62, mfite akazi gaciriritse ariko kiyubashye, nshaka umusore ubyibushyemo unsumbaho gato abaye atuye byaba ari byiza […]
Umukobwa w’imyaka 18 yashyingiranwe n’imbwa- AMAFOTO

Umukobwa w’imyaka 18 yashingiwe imbwa mu birori byabereye muri Leta ya Jharkhand mu gihugu cy’u Buhinde. Ni ibirori byatunguye benshi mu batuye Isi aho umukobwa ukiri muto w’imyaka 18 ashobora gukorerwaho imihango nk’iyi yo kumushyingira inyamaswa. Ikinyamakuru Dailymail kigatangaza ko uyu mukobwa yakorewe ibi mu rwego rwo kumuvanamo ikibi ngo cyari kimutuyemo. Iki kinyamakuru gitangaza […]
Kugira umukwe ni kimwe mu byanejeje Perezida Kagame mu mwaka wa 2019

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame avuga ko umwaka wa 2019 wagenze neza haba ku gihugu muri rusange ndetse no ku muryango we bwite, yishimira ko umwana we w’umukobwa, Ange Kagame Ingabire yamushyingiye, ubu akaba afite umukwe. Ibi Perezida Kagame yabitangaje ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 31 Ukuboza 2019, mu kiganiro yagiranye na televiziyo y’igihugu […]
Miss Josiane, imfu z’ibyamamare, Ne- Yo na Van Gaal i Kigali: Umwaka wa 2019 mu ruhando rwa siporo n’imyidagaduro

Umwaka wa 2019, mu ruhando rwa Siporo n’imyidagaduro waranzwe n’impinduka zagaragaye mu matora ya Miss Rwanda, ibyamamare byasuye u Rwanda, minisiteri ya siporo n’ibindi ariko na none usigira bamwe amarira nyuma y’imfu za bamwe mu byamamare nyarwanda Mu ncamake y’ibyo turagarukaho muri iyi nkuru bigaruka ku ruhando rwa siporo n’imyidagaduro, ku matora ya Miss Rwanda […]
Mukantabana Séraphine wayoboraga Komisiyo yo Gusezerera no Gusubiza mu Buzima Busanzwe Abavuye ku Rugerero, yirukanwe ku mirimo ye

Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard yavanye Madamu Mukantabana SĂ©raphine ku mwanya wa Perezida wa Komisiyo y’Igihugu yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abavuye ku rugerero (RDRC: Rwanda Demobilization and Reintegration Commission) Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe, riravuga ko Mukantabana SĂ©raphine, ahagaritswe ku mirimo ye guhera ku Cyumweru itariki ya 29 Ukuboza 2019. […]
Ndi umurundikazi, nkunda abasore b’abanyarwanda ariko bo mbona bantinya- Nkore iki?
Ndabaramukije mwese, nk’uko nabivuze haruguru ndi umurundikazi, nitwa Bella, maze imyaka igera muri 7 mba mu Rwanda i Kigali, nkunda abagabo b’abanyarwanda ariko abenshi batinya kuntereta nyuma yo kumva mvuga Ikirundi. Mu by’ukuri navukiye i Burundi, ariko mu nyuma naje kuba muri famille i Kigali kubera ko ari naho nize, birangira mbonye n’akazi inaha, ndahakunda […]