Umuparakomando yayisimbutse- Abantu bavuga ibitandukanye kuri ya modoka yatwawe n’umuvu w’amazi Nyabugogo
Mu ijoro ryo ku wa 25 Ukuboza 2019, nibwo mu bice bitandukanye by’igihugu haguye imvura ikangiza byinshi birimo no kubura ubuzima kwa bamwe. Kuri uyu munsi kandi nibwo amazi aturuka mu bice bya Kimisagara, Nyamirambo, Gitega n’ahandi mu mujyi wa Kigali, aca muri ruhurura ya Mpazi, hamanutsemo imodoka ifatwa munsi y’ikiraro kiri Nyabugogo. Iyi modoka […]
Abasirikare b’u Burundi mu myitozo ikaze nyuma yo guteguzwa kugabwaho ibitero

Abasirikare b’u Burundi bamaze iminsi bari mu myitozo ikaze yo kurwanya ibitero by’iterabwoba, ni mu gihe iki gihugu kitegura amatora y’umukuru w’igihugu azaba umwaka utaha kandi hari imitwe itandukanye irwanya Leta iriho bikekwa ko yaba kidobya bitewe n’integuza yagiye itanga. Ni imyitozo yabereye mu Ntara ya Muramvya mu kigo cya gisirikare kizwi nka Brigade dâArtillerie […]
Musanze: Inka 3 z’umuturage zatemwe n’abagizi ba nabi

Inka Eshatu z’umuturage witwa Murwanashyaka Gilbert zatemwe mu ijoro ryo ku wa Gatanu rishyira ku wa Gatandatu tariki ya 28 Ukuboza 2019, mu Kagari ka Nyabigoma, Umurenge wa Kinigi, Akarere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru. Izi nka za Murwanashyaka zatemwe ku mirizo ndetse n’amaguru, amakuru avuga ko ucyekwaho ubu bugizi bwa nabi yaba yatawe muri yombi […]
Impamvu 10 zitera abagabo guca inyuma abagore babo bataramarana igihe kirekire
Ni kenshi uzasanga umugabo bafatiwe mu cyuho baca inyuma abagore babo bataranamarana kabiri, uruhande rumwe umugabo ashobora kubikorwa bimuturutseho kimwe n’uko n’umugore ashobora kubigiramo uruhare. Tugiye gihera ku mpamvu zishobora guturuka ku mugabo, umugore we nta ruhare yabigizemo. 1. Kutamenya kwifatira umwanzuro: Umugabo akaba amaze ukwezi kumwe, abiri cyangwa umwaka ashakanye n’umugore, kubera kutamenya kwifatira […]
Huye: Mu ishyamba rya Kaminuza hatoraguwe umurambo w’umusore wakaswe ijosi

Mu ishyamba rya Kaminuza, mu Mudugudu wa Mamba, Akagali ka Butare, umurenge wa Ngoma ho mu karere ka Huye, Intara y’Amajyepfo, hatoraguwe umurambo w’umusore utaramenyekana amazina, wishwe akaswe ijosi. Umurambo w’uyu musore wabonwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Ukuboza 2019, mu ishyamba rya kaminuza, mu ruhande rwo munsi y’umuhanda w’igitaka, […]
Nigeria: ISIS yaciye imitwe abakirisitu 11
Umutwe wa Etat Islamique (ISIS) ugendera ku matwara ya kiyisilamu wasohoye amashusho werekana uburyo wakase abakirisitu 11 imitwe, uhorera abayobozi bawo ISIS ivuga ko iki ari kimwe mu bikorwa yakoze byo guhorera abategetsi bayo, biciwe muri Syria, barimo umukuru wayo hamwe n’umuvugizi. Nta bisobanuro byatanzwe ku bishwe, bose bari abagabo, ariko ISIS ikavuga ko bose […]
Perezida Nkurunziza yaburiye Abanyarwanda ko baryama bazi ko igihe kizagera Abarundi bakababyukirizaho urubanza
Perezida Nkurunziza w’u Burundi mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru gisoza umwaka ku wa 25Ukuboza 2019, yagarutse ku bibazo bufitanye n’u Rwanda, aho arushinja gushotora u Burundi ndetse ko igihe kizagera bukabyutsa urubanza. Perezida Nkurunziza avuga ko urubanza rutabora, ngo n’ubwo hashira imyaka 100 cyangwa magana abiri, Abanyarwanda bazabona bahamagajwe kwitaba urukiko ku “bw’amabi” avuga bakorera Abarundi. […]
Umugabo wishinja kugirana ibibazo n’abagore benshi yahisemo gushyingiranwa n’igipupe- AMAFOTO

Umugabo uzwi nka Yuri Tolochko wo mu gihugu cya Kazakhistani, usaznwe ari umukinnyi wa Filimi, mu ntangiriro z’uku kwezi nibwo yatangaje ko agiye gushyingiranwa n’igipupe. Tolochko, avuga ko yanzuye kubana n’igipupe cy’ikigore nyuma yo kumara imyaka ashwana n’abagore batandukanye, amahirwe yo gukomezanya nabo ntayagire kubera ibibazo bagiye bagirana. Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru ComedyClub cyo mu […]
Huye: Umuturage urembeye mu bitaro arashinja abanyerondo kumuvuna

Nzamurambaho Eric ni umugabo w’imyaka 47, urembeye mu bitaro bya Kaminuza bya Huye (CHUB) mu Karere ka Huye, Intara y’Amajyepfo, avuga ko ari imvune yetewe n’inkoni yakubiswe n’Abanyerondo b’umwuga. Eric atuye mu Kagari ka Mpare, muri uyu Murenge, akavuga ko abanyerondo bamukubise bakanamujugunya mu mungoti akavunika nyuma yo kumusanga iwe mu rugo mu ijoro, bari […]
Papa ni umuhinde, mama ni umunyarwandakazi, ndi mwiza ariko nahuzwe urukundo kubera amateka yanjye- Nkore iki?
Mbifurije Noheli nziza n’umwaka mushya muhire twinjira mu cyerekezo 2020 amahoro. Nitwa Jolie, ndi umukobwa w’imyaka 23 y’amavuko nize amashuri yisumbuye ubu nkaba ndi mu mwaka wa kabiri wa Kaminuza,niga muri Kigali. Ndabakunda kandi nezezwa n’uburyo mukoramo, mutugira inama nziza, kubera ikibazo nahuye nacyo mu buzima bwanjye, naganiriye n’umubyeyi umwe, arangije angira inama yo kubacaho […]
Perezida Nkurunziza yongeye gushimangira ko ari u Rwanda ruherutse kumugabaho igitero
Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza yongeye gushimangira ko igitero giherutse kugabwa ku ngabo ze muri Komini Mabayi, Intara ya Cibitoke ku musozi wa Twinyoni cyagabwe n’u Rwanda. Umukuru w’igihugu cy’u Burundi yabitangaje kuri uyu wa 25 Ukuboza 2019, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu Ntara ya Cibitoke, aho yasabye abasirikare be gukomeza kuba menge mu gihe […]
USA: Hagaragaye ku bwinshi amafi afite ishusho y’igitsina cy’umugabo- AMAFOTO

Amafi menshi yagaragaye ku mwaro wa Drakes uherereye muri Leta ya California muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yishwe ‘poissons pĂ©nis’ bitewe n’uburyo afite ishusho nk’iy’igitsina cy’umugabo. Ni amafi yagaragaye ari menshi kuri uyu mwaro nyuma yo gushyirwa imusozi n’umwuzure, inini ifite 25cm, nyuma yo kubona ishusho yayo imeze nk’iy’igitsina benshi bakaba bayahururiye. Ikinyamakuru Leparisien […]
Mfite umugabo ugira ubusambo, yantukiye inyama nzihurwa ubwo- Nkore iki?
Mbifurije Noheli nziza abo duhuje ukwemera nkanabasaba inama nyuma y’ibyambayeho kubera umugabo wanjye ugira ubusambo. Kuva ku itariki ya 24 ukuboza 2018 ntabwo nari nongera kurya inyama iwanjye. Mbarizwa mu Karere ka Ruhango. Mu by’ukuri umugabo wanjye dufitanye abana batatu, ni wa mugabo uba ushaka kwihahira byose, akanashaka kumenya ibiri mu nkono, ibyiriwe, ibihashywe mbese […]
Abasirikari basubijwe ku mpungure kugira ngo hagurwe kajugujugu: Gen. Kabarebe
Umujyanama Mukuru wa Perezida Kagame mu by’umutekano n’igisirikare, Gen Kabarebe James avuga ko bitari byoroshye kurwana intambara y’Abacengenzi nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, mu gihe igihugu cyari cyugarijwe n’ubukene, bityo ko abasirikare bari batangiye guhabwa imishaha basubijwe ku mpungure hagurwa ibikoresho by’urugamba. Ni mu kiganiro Gen Kabarebe yagezaga ku bitabiriye ihuriro […]
Pasiteri yishe umukirisito yasengeraga amutwikishije Lisansi
Mu gace ka Baruwa kari mu Mujyi wa Lagos (Nigeria), umupasiteri wasengeraga umukirisito ngo imyuka mibi imuvemo, yamutwitse akoresheje lisansi arashya arakongoka . Uyu mupasiteri utatangajwe amazina yatwitswe umuyoboke we biturutse ku kwibeshya kwabayeho, amumenaho lisansi azi ko ari amazi. Umuvugizi w’ishami rishinzwe ibikorwa by’ubutabazi bwihuze muri uyu mujyi, Ibrahim Farinloye yavuze ko yamennye kuri […]
Nsabimana Callixte [Sankara] ushinjwa ibyaha 16 yagejejwe mu rukiko yitwaje Bibiliya
![Nsabimana Callixte [Sankara] ushinjwa ibyaha 16 yagejejwe mu rukiko yitwaje Bibiliya 16 Sankara na Me Nkundabarashi, bari mu rukiko](https://bwiza.com/wp-content/uploads/2019/12/nsabimana.jpg)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Ukuboza 2019, Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara yagejejwe imbere y’urukiko Rukuru, Urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka rwa Nyanza, mu Karere ka Nyanza, Intara y’Amajyepfo. Sankara wagaragaye mu rukiko afite Bibiliya yera, yari kumwe n’umwunganizi we mu mategeko, Me Nkundabarashi MoĂŻse akaba ashinjwa ibyaja […]
Abasirikare 8 ba Congo bafashwe biba ibigori n’bishyimbo
Abasirikare Umunani ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bashyizwe muri kasho nyuma yo gufatwa bibye imyaka y’abaturage irimo ibigori, ibishyimbo. Ku wa Gatandatu tariki ya 21 Ukuboza 2019, nibwo polisi ifatanije n’abasirikare bataye muri yombi aba basirikare mu gace ka Kabingo, Teritwari ya Minembwe, ngo ubwo bari bamaze guhunga urugamba rwahaberaga bashoka mu ngo […]
Umugabo yantaye ku nyama z’Inkoko twasangiraga mufata arimo gusambana n’igikwerere cy’umugore- Nkore iki?
Noheli nziza mwe mwese nkunda kandi nishimira, ibitekerezo byanyu n’inama mudahwema guha abari mu bibazo. Njyewe ndi umudamu, Ntuye mu murenge wa Nyamirambo, Kigali city nkaba ndi umudamu ubyaye kabiri. Mfite akazi keza, umugabo wanjye na we ni uko. Dore ikinteye kugisha inama, umugabo wanjye naramutunguye nti urihe ngo nze ungurire ka burusheti, yambwiye aho […]
Barindwi barimo abakomando bafatanwe imbunda za rutura bagabye igitero ku ngoro ya Perezida Nkurunziza
Abantu Barindwi barimo n’abakomando bari bitwaje ibirwanisho biremereye bafashwe bagana ku ngoro nshya y’umukuru w’igihugu cy’Uburundi, Pierre Nkurunziza, bayigabyeho igitero. Uko ari barindwi ngo bari mu modoka y’igisirikare cy’u Burundi bakaba bafashwe n’abasirikare kabuhariwe (Special forces) bashinzwe kurinda iyo ngoro y’umukuru w’igihugu izwi nka Ntare Rushatsi iherereye mu Mujyi wa Bujumbura. Bafashwe mu ijoro ryo […]
Biravugwa ko Gen.Shemeki Shaban wari Komiseri w’ingabo muri CNRD/FLN yishwe
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo avuga ko Gen.Shemeki Shaban wari Komiseri ushinzwe ingabo muri CNRD/FLN yishwe. Bitangazwa ko mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira iryo ku Cyumweru tariki ya 22 Ukuboza 2019, ahagana sa kumi za mugitondo, uyu Mujenerari wo muri FLN yaguye mu mutego w’umutwe udasanzwe w’ingabo za Congo (FARDC) […]
Imbonerakure ziravuga ko “zizica” abatavugarumwe na Leta
Urubyiruko rw’Imborakure rubarizwa mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi rushinjwa ibikorwa by’iterabwoba ku batavuga rumwe na Leta aho zibakangisha kuzabica. Izi Mbonerakure zakoreye imyiyereko mu mihanda yo mu Ntara ya Bubanza, ziririmba n’amagambo y’urwango ku batavuga rumwe na Leta, ko umunsi umwe bazahabwa ikosora mu gihe cyose bazakomeza kwanga kugendera ku matwara y’iri […]
Umusore yansabye amafoto nambaye ubusa ndayamuha none uwo yayeretse amereye nabi- Nkore iki?
Mbanje kubiseguraho kuko namanitse agati nicaye ariko kukamanura byaranyobeye pe. Urukundo rugira umuntu nk’umusazi ariko ubu ndicuza. Nitwa Clarisse, ndi umukobwa wibera mu mujyi wa Kigali nkaba nari mfite umusore tumaranye imyaka dukundana ariko yankoreye ibintu ntigeze nishimira mu buzima ku buryo byanatumye dushwana. Yari umukunzi wanjye nakundaga, dukorana byose, dusangira byose, ntacyo muhisha, ku […]
U Bubiligi: Abanyamulenge bigaragambije bamagana ubwicanyi bukorerwa benewabo muri Congo
Abanyamulenge aho bari hirya no hino ku Isi bakomeje kwamagana ubwicanyi bukorerwa bene wabo bari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bavuga ko bukorwa n’imitwe y’inyeshyamba irimo ikomoka mu Burundi. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Ukuboza 2019, nibwo aba Banyamulenge bafatanije n’inshuti zabo bigaragambya imbere y’ingoro y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi bamagana ubu bwicanyi […]
Abarwayi ba CNRD/ FDLR n’imiryango yabo basesekaye ku bwinshi muri Teritwari ya Mwenga
Abantu 500 barimo inyeshyamba za CNRD (Conseil National pour la Renaissance et la DĂ©mocratie) nâimiryango yazo bakambitse muri Teritwari ya Mwenga nyuma yogushwiragizwa nâigisirikare cya Congo (FARDC) mu duce zari zarigaruriye. Izi nyeshyamba nâabazikomokaho bageze mu duce two muri iyi teritwari ku wa Gatanu tariki ya 30 Ukuboza 2019, nyuma yo gushwiragizwa na FARDC muri […]
Nashushanyije Habyarimana mvutswa amahirwe yo kwiga, mpimbira Kagame indirimbo banyangira kumuririmbira- Nzinzi
Ku izina ry’ubuhanzi yitwa Nzinzi wa Nzigiye akaba ari umuhanzi n’umucuranzi w’indirimbo za Gakondo, uyu mugabo utuye mu Murenge wa Gisozi, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali avuga ko yigeze gushushanya Perezida Habyarimana Juvenal ifoto ye imaze gushimwa yizezwa ko azajya kwiga Kaminuza ariko abura ayo mahirwe bitewe n’uko ngo yakomokaga i Nyanza. Uyu muhanzi […]
Mukuru wanjye yansabye kuryamana n’umugabo we ngo arebe ko ikibazo ari we utabyara- Nkore iki?
Hari igihe umuntu ahura n’ibigeragezo bikaze akabura n’uko abyikuramo rwose, niyo mpamvu mfashe uyu mwanya mbagisha inama kuko ni byinshi mpungukira iyo nsomye ubuhamya bw’abandi. Mu mwaka wa 2008 nibwo mukuru wanjye yashyingiwe, umugabo we bamaranye imyaka 11, sha barakundana pe bimwe bidasanzwe nubwo bwose nta mwana bari babyara. Uru rugo narubayemo imyaka myinshi, nkiga […]
Icyiciro cy’ubudehe ntabwo kizongera kuba ikiranga guhabwa ishuri- Min. w’Intebe
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard avuga ko umunyeshuri azajya ahabwa inkunga imwemerera kwiga Kaminuza y’u Rwanda hagendewe ku manota afite, ko iby’ibyiciro cy’Ubudehe byitabwagaho bigiye guhagarara. Ku munsi wa Kabiri w’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 19, yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Ukuboza 2019, i Kigali, nibwo Minisitiri w’Intebe yamaze impungenge abari […]
Kanombe: Guha abana Noheli byanabaye umwanya mwiza wo kubaha impanuro

Ababyeyi bo mu Mudugudu w’Ubumwe, Akagari ka Rubirizi, Umurenge wa Kanombe, Akarere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali bahurije hamwe abana bo muri uyu mudugudu babaha Noheli, ibirori banaherewemo impanuro. Umunsi mukuru wa Noheli ni umunsi abakirisitu bizihizaho ivuka rya Yezu cyangwa Yesu Kirisitu, ukaba uzizihizwa ku wa Gatatu w’icyumweru gitaha tariki ya 25 Ukuboza. […]
Umugabo wari wibye matela inzoka yamwizingiyeho mu ijosi iramuniga- REBA AMAFOTO

Umugabo utatangajwe amazina wo mu Karere ka Kyenjojo, mu Burengerazuba bwa Uganda, yatabawe amerewe nabi ubwo inzoka yari yamwizingiye mu ijosi yamuhejeje umwuka. Uyu mugabo ngo yari avuye kwiba Matela aho zicuruzwa ku iduka, ubwo yari amaze kugenda urugendo ruto avuye aho yayibye, nibwo yakubitanye n’inzoka nini ngo ibanza kumuburabuza birangira imugeze ku gakanu. Iyi […]
Mukobwa niba witegura gushyingirwa dore ibintu 10 bishobora kuzagutonda mu minsi ya mbere
Akenshi uzabona abakobwa baririra mu muhango wo gusaba no gukwa, si uko aba agiye kubaho nabi cyangwa se ngo abe atanzwe atabishaka, ahubwo ni uko aba yibaza cyane ku buzima bushya agiye gutangira, ukabona araturitse ararize. Akimara kugera mu rwe ku munsi wa mbere, abari bamutahiye ubukwe barataha agasigarana n’umugabo we, ako kanya hari ibyo […]
RDC: Abarwanyi 56 ba CNRD bafatanwe n’imbunda zabo
Abarwanyi 56 b’inyeshyamba za CNRD (Conseil National pour la Renaissance et la DĂ©mocratie) bafashwe n’igisirikare cya Congo hamwe n’imbunda zabo 10. Umuvugizi w’igisirikare cya FARDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, Capt DieudonnĂ© Kasereka yemeje aya makuru kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Ukuboza 2019, ko bafashe aba barwanyi 56 biyongera ku bandi 400 n’ababakomokaho […]
Sinumva impamvu badakwiriye kuba basobanurira abasenyewe, birasaba amikoro angana ate? -Perezida Kagame

Perezida Kagame yanenze abayobozi batabanje gusobanurira abaturage bihagije ikibazo gihari kirebana n’ibiza bishobora kugira ingaruka ku buzima bwabo, none ubu bakaba banenga uburyo basenyerwamo inzu zabo bari basanzwe batuyemo. Ibi Perezida wa Repubulika yabikomojeho kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Ukuboza 2019, ubwo yatangizaga Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 17, irimo kubera i […]
Mushiki wa Ben Rutabana na bagenzi be 3 ntibakozwa ibyo kwirukanwa burundu muri RNC
Abayobozi bane bari bahagarariye ishyaka RNC ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda barimo na mushiki wa Benjamin Rutabana umaze igihe yaraburiwe irengero, bavuga ko kubirukana burundu muri iri shyaka byakozwe hatubahirijwe amategeko arigenga. Mu itangazo RNC yasohoye ku wa 8 Ukuboza 2019, umuhuzabikorwa Mukuru yatangazaga ko abirukanwe ari Simeon Ndwaniye Umuhuzabikorwa wâakarere ka Windsor, Jean […]
Umushyikirano2019: Gusenyera abaturage, ibiciro byâibiribwa, imisoro ihanitse; bimwe mu byo Abanyarwanda bifuza ko byaganirwaho
Inama yâIgihugu yâUmushyikirano ku nshuro ya 17, yatangiye kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Ukuboza 2019, ikaba yitabiriwe nâabarenga 2000 i Kigali. Ubusanzwe inama nâ iyi ihuza abaturage bâingeri zinyuranye zâ igihugu nâabaturage bayitangamo ibitekerezo bakoresheje itumanaho aho bibereye mu giturage iwabo ndetse no mu migi. Iyi nama ikaba iterana buri mwaka nkâuko biteganywa […]
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mĂšre nta kibazo
Nitwa Emmanuel, mfite imyaka 34, ndabasuhuza abo duhurira kuri iki kinyamakuru Bwiza.com, nkaba nshaka umukunzi twabana ufite gahunda kandi uzi gukora. Mu buzima busanzwe, ndi umushoferi nkaba nifuza umukunzi twashyira hamwe tugakora n’ubwo yaba ari fille-mĂšre [umukobwa wabyariye iwabo] nta kibazo, apfa kuba afite gahunda, naho iby’imibereho byo nta kibazo mfite. Umushahara wanjye ni ibihumbi […]
Nta majyambere abaho urubyiruko rudahari- Min. W’intebe Dr Ngirente

Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard yatangarije urubyiruko rw’u Rwanda ko nta majyambere yagerwaho rudahari bityo arwibutsa ko ruzakomeza kugira uruhare mu guteza imbere ubukungu bw’igihugu. Ibi Minisitiri w’Intebe yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Ukuboza 2019, mu Nkera yâImihigo yâUrubyiruko âYouthConnekt Conventionâ yaberaga i Rusororo, mu Karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, aho […]
Basanze ndimo konka ibere rya Mama yapfuye- Umuhanzi San-G
Amazina ye yiswe n’ababyeyi ni Munyanshongore Celestin akaba azwi ku izina ry’ubuhanzi bwa San-G, uyu musore avuga ko yaciye mu buzima bukakaye nyuma yo kubura ababyeyi akiri muto. Mu kiganiro kirambuye yagiranye na Bwiza Tv, avuga ko ahagana mu 1997 aribwo nyina yitabye Imana afite umwaka umwe n’igice, yarezwe na nyirakure ndetse anamubwirwa amateka y’uko […]
Databukwe namufashe arimo kwihumuriza amakariso yanjye, byanteye ubwoba- Nkore iki?
Amahoro kuri mwese, ndi umugore utaramara umwaka mu rugo kuko ubukwe bwacu bwabaye umwaka ushize ariko databukwe mbona bitazanyorohera kuba hafi ye. Umugabo wanjye ntabwo ubu ahari, nyuma y’igihe gito tubanye yahise ajya muri misiyo hanze azagaruka irangiye, singombwa kuvuga akazi akora ariko ubu ntawe. Dutuye mu gipangu kimwe no kwa databukwe niho umugabo wanjye […]
Leta y’u Burundi bafatiye ibihano bikakaye abanyeshuri bishwanyagurijeho imyenda

Leta y’u Burundi yafatiye ibihano abanyeshuri 96 bishwanyagurijeho imyenda y’ishuri ubwo bari mu byishimo ko basoje ayisumbuye, none ubu bakaba bagomba kubanza gucishwa mu kigo ngororamuco mbere yo guhabwa impamyabumenyi zabo. Amafoto y’aba banyeshuri yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga muri Kanama uyu mwaka bamwe bari ku mazi aho bari mu munezero ko basoje amashuri yisumbuye, bityo […]
Inyeshyamba za CNRD zagabweho ibitero mu gace zari zatangiye kwikusanyirizamo
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zitangazako kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Ukuboza 2019, zongeye kugaba ibitero ku nyeshyamba za CNRD muri Teritwari ya Kabare ari zari zatangiye kwikusanyiriza. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’ingabo za FARDC muri aka Karere, Capt. DieudonnĂ© Kasereka, ngo izi nyeshyamba zagabweho ibitero kugera muri Teritwari ya Mwenga. […]
Rubavu: Abakuwe mu byabo bahunzwa ibiza barataka imibereho mibi
Abaturage bakuwe mu ngo zabo ubuyobozi bukabacumbikisha mu mashuri hikangwa ko bagirwaho ingaruka n’ibiza byaturuka ku mvura nyinshi ishobora kugwa,none ubu bakaba bugarijwe n’imibereho mibi. Ni ibintu n’ubuyobozi bw’Akarere buvuga ko buzi, ko aba baturage babayeho nabi aho ngo babasha guteka ari uko uwo munsi habonetse umucyo, ndetse ko ubutabazi bw’ibanze bwabashije kubaha ari ukubacumbikishiriza […]
Umugore wanjye yapfuye yari amaze iminsi abimbwiye- Ev. Jean Baptiste
Ndayisenga Jean Baptiste ni umuvugabutuma, avuga ko yamaze imyaka myinshi ari umusinzi wanywaga urumogi rw’amafaranga 2000Frs ku munsi ariko Imana iza kumuhamagara ko agomba kuvuga ubutumwa bwayo. Avuga ko yaje kugira ibyago umugore we yitaba Imana ariko ngo Imana yari imaze iminsi ibimubwiye ibinyujije mu mwana we, ndetse n’umwana yari atwite na we biba uko […]
Umugabo wifuzaga ubukire yategetswe na pasiteri kumara imyaka ibiri anywa inkari z’umugore we
Umugabo usanzwe afite umugore yahishuye uburyo yogejwe mu bwonko n’umupasiteri yagejejeho icyifuzo cye cy’uko akeneye ubukire na we amushyira ku kigeragezo cyo kumara imyaka ibiri anywa inkari z’umugore we. Ubu buhamya bw’uyu mugabo yabucishije ku rukuta rwe rwa Instagram, akavuga ko ibyo pasiteri yamusabye yasanze birenze ubwonko bwe. Gusa akaba ababazwa n’uko yaje no gusanga […]
Diamond arahigira kurongora bitarenze 2020

Umuhanzi Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania, avuga ko nta kintu na kimwe abuze kugira ngo abe yarongora, none ubu akaba ahigira kubikora mu mwaka utaha wa 2020. Diamond avuga ko afite umukunzi, Tanasha Donna ukomoka muri Kenya ngo wanamubyariye umwana mwiza, akagira inshuti n’ibindi byangombwa, bityo ko gukora ubukwe atabibona nk’ibyamunanira ariyo mpamvu […]
Kayumba Nyamwasa yavuze ku ibura rya Ben Rutabana bwa mbere
Umuhuzabikorwa wungirije wa mbere mu ishyaka rya RNC, Kayumba Faustin Nyamwasa, washinjwaga na bamwe mu bayoboke baryo kugira uruhare mu ishimutwa rya Benjamin Rutabana, yagize icyo abivugaho bwa mbere agaragaza ko na we ahangayitse. Benjamin Rutabana yabuze mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cyenda, ni byinshi byagiye bivugwa kuri iri bura rye cyane cyane Kayumba Nyamwasa atungwa […]
Ni iki kirimo gutera abakobwa gukunda cyane abagabo bubatse kurusha abasore?
Iki ni ikibazo buri wese ashobora kuba yibaza, umukobwa aba abizi ko uri umugabo, yewe rimwe na rimwe anazi umugore wawe ariko ugatungurwa n’uko aguteye imitoma, akubwira uburyo agukunda. Bamwe bavuga ko abakobwa baba bishushanya, ko nta rukundo baba bafitiye abagabo bubatse ahubwo ko babereka ko babakunda uruhande rumwe bagamije kubakuraho amafaranga, aka ya mvugo […]
Hari igihe cyageze mbega abasore benshi none ubu bigeze aho numva nshaka umukunzi w’ukuri pe- Nkore iki?
Mbanje kubifuriza umwaka mushya muhire na Noheli nziza, nanjye ndashaka umukunzi kuko imyaka ndabona irimo kugenda imbana myinshi. Nibyo koko hari igihe imyaka idushuka, kuko nanjye kuva mu myaka 23 kugera muri 28 abasore nabenze ni benshi pe. Nirebaga mu ndorerwamo nkabona ari njyewe mukobwa mwiza ariko ubu ngize imyaka 34 ariko nkeneye umukunzi cyane. […]
Abarwanyi basaga 2000 ba CNRD na MaĂŻ-maĂŻ bari mu maboko y’igisirikare cya Congo
Mu gihe cy’ibyumweru bitatu, abarwanyi b’inyeshyamba za MaĂŻ-maĂŻ n’ab’umutwe wa CNRD urwanya Leta y’u Rwanda ubu bari mu maboko y’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC). Kuva ku wa 26 Ugushyingo- 14 Ukuboza 2019, ni abarwanyi 1900 ba CNRD (Conseil national pour le renouveau et la dĂ©mocratie), umutwe w’inyeshyamba zitandukanije na FDLR-Foca hamwe n’abandi […]
Dore impamvu 5 zituma abasore bishimira kubana n’ abakobwa babyariye iwabo
Ni kenshi uzasanga umukobwa yihebye nyuma yo guterwa inda, rimwe na rimwe yibaza umusore uzamurongora nyuma yo kubyarira undi ariko rimwena rimwe hari igihe usanga bibeshya kuko hari abasore badakozwa ibyo kurongora umukobwa utarabyaye. Nibyo hari abasore uzanga bifuza kubana cyane n’abakobwa babyariye iwabo, dore impamvu eshanu. 1.Urukundo: Umukobwa watewe inda n’umusore nyuma akamuhemukira ntahite […]
Imirambo itatu ifite ibikomere yatoraguwe ku nkengero za Rusizi
Mu mpera z’icyumweru gishize, imirambo itatu yari itangiye kwangirika yabonwe n’abaturage ku nkombe z’Umugezi wa Rusizi, muri Zone Gasenyi, Komini Buganda, Intara ya Cibitoke mu Burundi. Nk’uko abaturage babitangaje, ngo bagiye basanga iyi mirambo ifite ibikomere, bityo ubuyobozi bubategeka guhita bayishyingura ako kanya nta perereza rikozwe. Umwe muri bo ati “Twategetswe guhita tuyishyingura nta kubaza […]
Abagabye igitero bakica abantu mu Kinigi bahungiye mu nkambi za gisirikare muri Uganda- Amb.Nduhungirehe
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga, Ubutwererane nâUmuryango wâIbihugu bya Afurika yâIburasirazuba, Amb. Nduhungirehe Olivier avuga ko abarwanyi b’umutwe w’inyeshyamba baherutse kugaba igitero mu Karere ka Musanze bakica abaturage, bamwe muri bo bahungiye mu nkambi za gisirikare za Uganda. Ni igitero cyagabwe mu Karere ka Musanze mu ntangiriro z’ukwezi kwa 10 uyu mwaka, inzego […]
AMAFOTO: Umukobwa wa mbere ufite inzara ndende kurusha abandi

Ayanna Williams wo mu gace ka Houston muri Texas amaze imyaka 23 adaca inzara z’intoki, ibi bikaba byamuhesheje kwandikwa mu gitabo cy’amateka y’Isi adasanzwe”Guinness World Records”. Williams afite inzara zifite uburebure bwa 5.4m (18 feet long), kuzisiga amarangi atandukanye bimufata igihe cy’icyumweru kugira ngo abe azirangije. Bitewe n’uburyo yita ku nzara ze ndetse n’igihe azitaho […]
Ndi fille-mĂšre , mfite imitungo, nshaka umusore dukundana n’ubwo yaba akennye ariko akunda akazi nta kibazo
Nitwa Jeannette, ndi umukobwa wabyariye iwabo (fille-mĂšre), ni umwana umwe mfite nkaba narize amashuri yisumbuye na kaminuza ikiciro cya mbere. Ndifuza umukunzi w’umusore nubwo yaba akennye nta kibazo. Mfite ibiro 69, uburebure buraringaniye, nkaba ndi imibiri yombi, nkorera mu nkengero z’umujyi wa Kigali, ni business yanjye bwite kandi iteye imbere. Umwana wanjye namubyaye nkirangiza segonderi, […]
Perezida Kagame yitabiriye inama yiga ku miyoborere muri Qatar- AMAFOTO

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yagiriye uruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Qatar aho yitabiriye inama y’iminsi ibiri yiga ku miyoborere, yitabiriwe n’abayobozi batandukanye bo hirya no hino ku Isi. Nk’uko itangazo ryo mu biro byâumukuru wâIgihugu cyâu Rwanda ribivuga, Perezida Kagame yageze ku kibuga cy’indege mu Mujyi wa Doha yakirwa na Minisitiri ushinzwe ubwikorezi nâitumanaho, […]
Umugabo yarongoye umukobwa we nyuma yo kwica umusore bakundanaga
Umugabo witwa Larry Paul McClure wo muri Leta ya Virginia avugwaho kubana mu nzu imwe n’umukobwa we, babana nk’umugabo n’umugore, nyuma y’aho umusore wakundanaga n’uyu mukobwa amwishe. Larry Paul McClure yahamijwe icyaha cy’ubwicanyi bwo mu rwego rwa mbere nyuma yo guhamwa no kwica Tomas McGuire w’imyaka 38 wakundanaga n’umukobwa we. Paul w’imyaka 55 wahamijwe ubwicanyi, […]
Perezida Tshisekedi yemeje ifatwa mpiri ry’abarwanyi 1712 ba CNRD
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi yashimye imbaraga ingabo ze zakoresheje mu gutsimbura mu birindiro inyeshyamba za CNRD, ubu abasaga igihumbi bakaba barafashwe mpiri. Mu ijambo yagejeje ku bagize Inteko Nshingamategeko, imitwe yombi ku wa Gatanu tariki ya 13 Ukuboza 2019, Perezida Tshisekedi yavuze ko 95% by’ibirindiro izi nyeshyamba za CNRD zari […]
Moto n’intebe zo muri salo nziza nibyo umusore dukundana arimo kunsaba ngo abone kundongora- Nkore iki?
Iby’urukundo rwo muri iyi minsi bisigaye bincanga pe, umusore dukundana ndetse twaniteguraga gukora ububwe yanyisubiranye, yambwiye amagambo ndumva ndatunguwe. Hari hashize umwaka urenga nkundana n’umusore, ubu twari tugeze muri gahunda zo kubana ariko ubu arimo kumbwira ngo iwacu bazabanza bamugurire moto ngo n’intebe nziza zo muri salo. Mu by’ukuri ntabwo nshaje nta nubwo rwose ari […]
Madamu Jeannette Kagame yakomoje ku byemezo bishobora gufatirwa uwasinze
Madamu Jeannette Kagame wari witabiriye ihuriro ry’urubyiruko yavuze ko hari aho bafatira ibyemezo umuntu wasinze ndetse no kubanza gusuzuma ko abinjiye mu kabari bujuje imyaka, agasaba uruhare rwa buri wese mu kurinda abana b’u Rwanda inzoga n’ibindi biyobyabwenge. Ni ihuriro ryahuje urubyiruko 600 n’ababyeyi mu bibiganiro ku mibereho y’urubyiruko no kubaho neza k’umuryango muri rusange, […]
Kigali: Ubukwe bw’umugore ukuze n’umusore bwajemo kidobya
Impaka zari zose mu biro by’Umurenge wa Jali, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, aho Mukampabuka Beatrice wari uje gusezerana na Nizeyimana Jean Marie Vianney, ibirori byabo byatambamiwe n’umukobwa w’uyu mugore utifuzaga ko basezerana ivangamutungo. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Jali, Ndanga Patrice wasezeranyaga uyu muryango, yabanje gusaba ko bajya kuzana ibyangombwa by’umutungo wa Beatrice, ngo […]
Umugabo yamatanye n’umugore basambanaga- AMAFOTO

Umugore usanzwe afite umugabo ubwo yasambanaga n’umusore bakundanaga, bamatanye, bumvise bakomeje kuribwa cyane baratabaza. Uyu musore n’umugore basambaniraga muri Hoteli (Explor-Inn Hotel) yo muri Nigeria, basakuje basaba ubufasha, imbaga y’abantu uhurura igiye kwirebera ibyo ikinyamakuru Afrikamag dukesha iyi nkuru kise umukino w’ikimwaro. Iki kinyamakuru gitangaza ko umugore ariwe watabaje mbere arimo kuribwa cyane igitsina cy’umusore […]