Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’igihugu, Paul Kagame, kuri uyu wa 23 Kamena 2021 yazamuye mu ntera Col. Pascal Muhizi, amuha ipeti rya Brigadier-General.
Nk’uko itangazo ryaturutse mu biro bya Minisiteri y’Ingabo ribivuga, Col. Muhizi ahise ahindurirwa ipeti.
Brigadier-General Muhizi asanzwe ayobora ingabo z’u Rwanda (RDF) mu turere twa Rubavu, Nyabihu na Rutsiro turi mu Ntara y’Iburengerazuba.
Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV


