Dusabe Vestine arabagira inama y’uburyo mwazajya muteramo akabariro mukaryoherwa nk’abageze mu ijuru rito

Sangiza iyi nkuru

Dusabe Vestine ni umudamu umaze kumenyerwa mu Rwanda nk’uwigisha kandi akanakebura abashakanye ku birebana no kubaka urugo cyane cyane abagaragariza ko amabanga yo mu buriri aza ku isonga mu kurwubaka rugakomera.

Muri iki kiganiro aragaruka ku ngingo zitandukanye, uburyo wafata umugabo wawe, uburyo umugore atagomba kuba umunebwe mu gitanda, abagore bapfuba ndetse n’abasore babapfubura, uburyo amavangingo aza mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina,…

Niba wubatse cyangwa uri mu nzira zabyo reba iyi Video imara iminota 25 iragufasha kubaka urugo rwawe neza ubundi wowe n’uwo mwashakanye mukazajya muhorana akanyamuneza mu rugo rwanyu.

Video, ikiganiro na Vestine

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Dusabe Vestine arabagira inama y’uburyo mwazajya muteramo akabariro mukaryoherwa nk’abageze mu ijuru rito
    I need your contact number i have the private question
    Thanks

    1. Dusabe Vestine arabagira inama y’uburyo mwazajya muteramo akabariro mukaryoherwa nk’abageze mu ijuru rito
      Mwiriwe neza, ibiganiro bya Vestine byaranyigishije cyane nkene ko twaganira nanjye nkabasha kugira umuti nagura kuko ikiganiro vestine yatanze ejobundi nko kuwa 4 or 5 ninjye yabwiraga kd numvise hari imiti myinshi kd myiza nkeneye kuwugura uyu munsi biba ngomba ngo mubona ubutumwa bwanjye. Thanks

    2. Dusabe Vestine arabagira inama y’uburyo mwazajya muteramo akabariro mukaryoherwa nk’abageze mu ijuru rito
      Mwiriwe neza, ibiganiro bya Vestine byaranyigishije cyane nkene ko twaganira nanjye nkabasha kugira umuti nagura kuko ikiganiro vestine yatanze ejobundi nko kuwa 4 or 5 ninjye yabwiraga kd numvise hari imiti myinshi kd myiza nkeneye kuwugura uyu munsi biba ngomba ngo mubona ubutumwa bwanjye. Thanks

  2. Dusabe Vestine arabagira inama y’uburyo mwazajya muteramo akabariro mukaryoherwa nk’abageze mu ijuru rito
    I need your contact number i have the private question
    Thanks

  3. Dusabe Vestine arabagira inama y’uburyo mwazajya muteramo akabariro mukaryoherwa nk’abageze mu ijuru rito
    Mwiriweho neza Vestina nunvise ibiganiro byawe nunva wanfasha ariko watanze nimero itariyawe ihangane uduhe namba yawe nkuvugishe murakoze

  4. Dusabe Vestine arabagira inama y’uburyo mwazajya muteramo akabariro mukaryoherwa nk’abageze mu ijuru rito
    Mwiriweho neza Vestina nunvise ibiganiro byawe nunva wanfasha ariko watanze nimero itariyawe ihangane uduhe namba yawe nkuvugishe murakoze

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *