Mu gihe cyo gutera akabariro hari ibintu umuntu ashobora gukora atabishaka ahubwo akaza kubyicuza nyuma bikaba byanamutera isoni n’ikimwaro bitewe nuko aba yabikoze asa n’uwataye ubwenge kubera ubushake bwinshi. Abenshi iyo bari muri iki gikorwa bihutira kwivana ku nkeke baba batewe n’ubushake umubiri wabo uba ufite ,ndetse hari n’abakora ibidakwiye gusa bo batabizi ariko bakabikora ngo bacubye uwo muriro uba ubakiranamo.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
1.izere udashidikanya ko wamusomye neza Ubushakashatsi bwavuze ko abagore baba bifuza gusomana mu gihe cyo gutera akabariro, nyamara bagatinya kubikora bitewe n’impungenge baba bafite z’uko umugabo yabifata nabi, cyangwa na none bakaba bari muri pozisiyo (position) itabibemerera. Nanone kandi ubushakashatsi buvuga ko buri mugabo agiye acunga
umugore we amaze kwambura ariko igikorwa nyirizina kitaratangira akaruma mu buryo butababaje ku buryo bingana no gutamira gusa bimwe mu bice by’umugore we, yaba yongereye uburyohe bagiye kuvoma mu gikorwa incuro zitabarika. Ubushakashatsi buti ushobora gusa nutamira agace gato k’ugutwi kwe cyangwa ku ijosi, ibitugu, ukahakomba nubwo abenshi ngo babyishisha, iyo uwawe atabyishisha ni uburyo bwiza bwo kumutegura neza kandi bworoshye. Ni uburyo bwo kohereza uburyohe bw’igikorwa ku bwonko kandi akabwumva bwose.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
2.Irinde kwibanda ku gice kimwe cy’umubiri. abagabo benshi ngo bahanga amaso imyanya ndanga gitsina y’abagore babo gusa nyamara burya ngo umugore afite ahantu henshi wakibanda bikamushimisha kurusha aho uba utumbiriye. Biba byiza iyo wibanze ndetse ku mubiri we wose cyane cyane ku mabere, mu ntege, mu misatsi,,,,,,,n’ahandi, bituma yumva ko akwiye ibyo ugiye kumuha maze akumva ako ari umuntu wahisemo wamushimye atari umuntu ugiye gutura umunaniro, maze nawe akitanga bishoboka ngo agushimishe nawe ukabigenza uko.
3. Itonde mu gihe byabaye ngombwa ko umujya hejuru . mu gihe muryamanyeho, abagore nibo bakunze kuba bashobora gutsikamira umuntu kuburyo yicuza impamvu yemeye ko umuryamaho cyangwa umwicaraho,gerageza wiyoroshye muri ibyo bihe, gerageza worohere umukunzi wawe maze yumve ko utamutsikamiye kuko urebye nabi wabishya ibihe wari witezemo ibyishimo kubera kumumariraho ibiro byawe byose.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
4 mu gihe unyaza jya unyuzamo winjire imbere mu gitsina cy’umugore mu gitsina cy’umugore habamo ururenda urwo rurenda rero rugufasha kugabanya ubushake bukabije bityo iyo ukuyemo igitsina cyawe ukomeza akazi ntakabuza kuko ruba rwakugabanyirije ingano(umuvuduko) yo gusohora
Ubushakashatsi buvuga ko uramutse ukurikije aya mabanga ntakabuza wakwitwara neza mu gitanda maze urugo rwanyu rugasugira amahoro ibyishimo n’umunezero bikarangwa mu rugo
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@bwiza.com


