UBUSESENGUZI: Ijambo rya Perezida Kagame ku barwanya ubutegetsi risobanuye iki?

Sangiza iyi nkuru

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Nzeri 2020 yavuze ku barwanya ubutegetsi, bavuga ko bazaza mu gihugu baje gufata ubutegetsi nk’uko ingabo za RPA/RPF Inkotanyi zabigenje mu rugamba rwo kubohora igihugu.

Yabivuze ubwo yahaga ikaze Abanyarwanda baba mu mahanga bifuza gutaha, aza gukomoza no ku bashaka gutaha babanje gushyiraho amabwiriza.

Iri jambo ryaba risobanuye iki? Abashaka gufata ubutegetsi biciye mu rugamba rw’amasasu ndetse n’abifuriza igihugu inabi bo baryumve bate?

Kurikira ikiganiro gisesengura ibi byose kuri Bwiza TV, ufunguye iyi videwo maze usobanukirwe byose:

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *