Umugore wanjye ambuza gukora siporo ngo ndamubangamira mu gihe cy’akabariro

Sangiza iyi nkuru

Umugabo witwa Sam Kagabo (amazina yahinduwe) yandikiye Bwiza.com avuga ko umugore we ari kumusuba guhagarika siporo ijyanye no guterura ibyuma kuko ngo amubabaza mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.

Mu butumwa yaduhaye mu buryo bwa imeli (email) yagize ati “ Umugore wanjye arimo kunsaba kureka guterura ibyuma. Namubajije impamvu ambwira ko abona biri mu bituma ntinda kurangiza mu gihe cy’akabariro.”

Yongeyeho ati “ Yambwiye ko abandi bagore ariko bamugiriye inama. Gusa nanjye iyo ndembye imigendekere y’imibonano mpuzabitsina hagati yanjye na we, mbona yaba abangamiwe kuko arangiza mbere cyane kandi njye ngikomeje.”

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Ndasaba ko mwangira inama kuko kureka siporo byangiraho ingaruka ku buzima ariko nanone sinshaka kubangamira umugore wanjye.

Ufite igitekerezo ushaka kutugezaho, watwandikira kuri info@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *