Muraho bantu b’Imana, ndabanza kwisegura kuko ntabwo ndibuvuge amazina yanjye ariko ndimo kugisha inama kuko hano kuri uru rubuga mbona hazaho abantu bakuze pe!
Nize ubuganga mu Rwanda na nyuma ngira amahirwe njya mu mahanga kongera ubumenyi, ubu ndi umukozi mu bitaro byo mu gihugu ariko ntari buvuge, mpembwa neza hahandi nza mu ba mbere bafata umushahara utubutse.
Ntavuze byinshi rero, mfite imyaka 36, ariko rwose ngerageza kwisanisha na buri wese ariko nabuze umugabo pe kuko abasore dukorana mbona banantinya kuko wenda ndi n’umuyobozi.
Aho ntuye abasore barahari, uwo tuganiriye mba numva amfata nk’umuntu ukomeye cyane kandi byahe se, kandi rwose ni ukuri mba numva nkeneye kubegera, imyaka ndabona irimo kunsiga.
Twari babiri mu kigo tugejeje muri iyi myaka kandi turi abakobwa, mugenzi wanjye we navuga ko yaguye mu mutego birangira atewe inda n’uwamubeshyaga urukundo, ubu afite umwana. Gusa ku bwanjye numva nkeneye umugabo kuko kubyara nta mugabo mbona nta cyubahiro naba nihaye birenze noneho nk’ukuriye abandi bakozi.
Mungire inama, sinzi niba ari umwaku niba ubaho, sinzi niba ari abangiriye ishyamba da, sinzi niba ahari ari ukudasenga cyane, ni byinshi nibaza bikanyobera kuko ntacyo mbuze mu birebana n’imitungo, icyo mbura ni umugabo.
Sinkeneye umugabo wo kuri interineti ahubwo nkeneye inama zanyu, andika comments ungire inama.
276 Ibitekerezo
moise Kuwa 19/03/21
Arko basha yabasavye mumuhanure arko mwese mbona mwikwegerako kubwanje inama nomugira urukundo nakaz ntaho bihuriye ntoshobora kubura umugbo utabigizemwo uruhara vrt usanga ugara
Subiza ⇾issac Kuwa 20/03/21
0783797000
Subiza ⇾Kuwa 20/03/21
Rwose mumfashe ndamwifuza cyane mwampa number ye kuri 0781968321. Murakoze cyane.
Subiza ⇾Kuwa 21/03/21
Uuuuuummmm are you sure ?
Subiza ⇾innocent Kuwa 21/03/21
Ok ubwo nawe ntawe ashaka kuko amushaka yatubona cyane ahubwose aramushaka
Subiza ⇾innocent Kuwa 21/03/21
Nonese kwakomeje kwishongora uti sishaka umugabo wokumbuga natubwire umugabo mwiza ashaka aruwo mukihe kigo mubiba murwanda ikijyenga cy cyareta aha wanga niho uzamukura ndakurahiye turahari Kandi dufite gahunda
Subiza ⇾lionel eddy Kuwa 27/03/21
Isuzume mbere yo gushaka ibyo wifuza
Subiza ⇾Umenye impanvu nyayo bakubenga
Edson Kuwa 04/04/21
0783881192 Nkugire inama inbox
Subiza ⇾Kuwa 08/04/21
Njye nagukunda byukur. 0727146842\0784805057 MURAKOZ
Subiza ⇾Amable Kuwa 14/04/21
Uzabanze kwivanamo ibyimitungo ufite uhe umwanya abagerageza kukureba neza naho niwumvako ugomba kwerekana iyo mitungo ngo bagukunde irariwe irashize abobose baguha za email nibisambo tegeteza wihanganye uzabona ugukwiye.
Subiza ⇾Tanga igitekerezo