Muraho bantu b’Imana, ndabanza kwisegura kuko ntabwo ndibuvuge amazina yanjye ariko ndimo kugisha inama kuko hano kuri uru rubuga mbona hazaho abantu bakuze pe!
Nize ubuganga mu Rwanda na nyuma ngira amahirwe njya mu mahanga kongera ubumenyi, ubu ndi umukozi mu bitaro byo mu gihugu ariko ntari buvuge, mpembwa neza hahandi nza mu ba mbere bafata umushahara utubutse.
Ntavuze byinshi rero, mfite imyaka 36, ariko rwose ngerageza kwisanisha na buri wese ariko nabuze umugabo pe kuko abasore dukorana mbona banantinya kuko wenda ndi n’umuyobozi.
Aho ntuye abasore barahari, uwo tuganiriye mba numva amfata nk’umuntu ukomeye cyane kandi byahe se, kandi rwose ni ukuri mba numva nkeneye kubegera, imyaka ndabona irimo kunsiga.
Twari babiri mu kigo tugejeje muri iyi myaka kandi turi abakobwa, mugenzi wanjye we navuga ko yaguye mu mutego birangira atewe inda n’uwamubeshyaga urukundo, ubu afite umwana. Gusa ku bwanjye numva nkeneye umugabo kuko kubyara nta mugabo mbona nta cyubahiro naba nihaye birenze noneho nk’ukuriye abandi bakozi.
Mungire inama, sinzi niba ari umwaku niba ubaho, sinzi niba ari abangiriye ishyamba da, sinzi niba ahari ari ukudasenga cyane, ni byinshi nibaza bikanyobera kuko ntacyo mbuze mu birebana n’imitungo, icyo mbura ni umugabo.
Sinkeneye umugabo wo kuri interineti ahubwo nkeneye inama zanyu, andika comments ungire inama.
276 Ibitekerezo
emmanuel Kuwa 08/12/19
erega muratinyitse p ikindi kandi gushaka umugore ukurusha amafaranga rimwe narimwe usanga atagufata nkumugabo murugo ariko sibose,uzanyandikire kuriyo email tuganire birambuye
Subiza ⇾Kuwa 08/12/19
Mpamagara kuri iyi numéro yanjye tuvugane: 0783851328
Subiza ⇾edouardo Kuwa 08/12/19
Uwo
Subiza ⇾Muganga
Kazi
Wabuze
Umugabo
Nasenge
Imana
Izamufasha
Amubone
edouardo Kuwa 08/12/19
Uwo Mugang
Subiza ⇾Kazi
Wabuze
Umugabo
Nasenge
Imana
Izamuha
pajero Kuwa 08/12/19
Njyewe shaka ko twazaganura nka kugirana twasanga barakugiririyeyo nkagufasha kubyivanamo kandi niwihebe uracyari muto my number 0788441960 Thanks
Subiza ⇾james Kuwa 08/12/19
send u aimal
Subiza ⇾jean baptiste hakizimana Kuwa 09/12/19
My dear If you are serious,atari ugutanga inkuru gusa wanyandikira kuri iyi email,kuko shaka umukobwa ukuze nkawe mfite 39 and kdi najye ntakibazo mfite mfite nakazi keza pe gusa nakunze abakobwa 2 barimunsi ya 30ans bantesha umwanya.wanyandikira kuri:bahakis2017@gmail.com
Subiza ⇾gatama Kuwa 09/12/19
unyandikre kuti iyo email.or call on 0722806294 nguhe inama zizagufasha rwose kandi ukanezerwa
Subiza ⇾xxxx Kuwa 09/12/19
Muganga amafranga nimeza kuyagira ark abasore umusore ushaka kubaka urugo sintekerezako aramafranga yawe yaza areba ndemeranya numuntu wakubwiye ko wagenzura imico yawe nimyitwarire ko ataribyo bituma ubura umugabo if not, wait for God’s plan your time is in way
Subiza ⇾gumyusenge ISSA Kuwa 09/12/19
umve ndakurangira umusore nawe ufite akazi gusa ahembwa agashahara kangana 150000frw umpamagare 0786481273
Subiza ⇾Tanga igitekerezo