Nitwa Vangeline nkaba ndi umukobwa w’imyaka 22, nkunda koga muri pisine cyane ni nayo siporo yanjye ariko muri iyi minsi mfite ubwoba cyane.
Hashize igihe kigera ku kwezi noganye n’umusore muri pisine imwe iri mu mujyi wa Kigali, gusa nyuma yaje kumbwira ko kogana nanjye byamucumuje cyane ngo kuko yakunze kunyitegereza areba imiterere y’umubiri wanjye akumva aranyifuje mu buriri.
Ngo bitewe n’akenda ko hasi nari nambaye kagaragaza imiterere y’igitsina cyanjye, ngo we byamuteye kunshaka cyane bituma anirangirizaho aho muri pisine.
Kandi koko turimo koga nabonaga igitsina cye cyafashe umurego cyane, ariko nyine ibyo ndabimenyereye kuko imyaka maze noga muri pisine ni myinshi ariko nyuma yo kumbwira ko yasohoreyemo byanteye ubwoba cyane kuko twaregeranaga nkamwigisha koga neza kuko we ntabyo azi neza.
Hari n’aho imibiri yacu yakoranagaho, birumvikana ko koko nshobora kuba naramucumuje ariko ntabwo byari ngombwa.
Bitewe n’inkuru nigeze gusoma kuri internet y’abakobwa 16 baterewe inda muri pisine n’umusore wayisohoreyemo nanjye byanteye ubwoba ntekereza ko intanga z’uyu musore zaba zaranyinjiyemo.
Maze iminsi numva ntameze neza nkaba nkeka nti ese zaba zaranyinjiyemo, mbese mfite impungenge pe, ndakeka ko nta mubyeyi nabibwira ngo abyemere ko ntasambanye mbaye ntwite, icyambabaza ni uko naba nanatwitiye umuntu tutanakundana. Nkeneye inama zanyu. Ifoto yahinduwe
29 Ibitekerezo
ELYSÉ Kuwa 08/09/20
Ibyo bibaho, ariko byiza wojya kwa muganga bakagupima.
Subiza ⇾NIYOMBIKESHA Eustache Kuwa 08/09/20
Tuuza ntacyabaye wana, uzige neza biology ntabwo ibyo bipfa gushoboka rwose hari quantity ya sperms igenwe kugirango usame ntiyapfa kuboneka rero igiye yarangirije mu mazi pe!
Subiza ⇾NIYOMBIKESHA Eustache Kuwa 08/09/20
Tuuza ntacyabaye wana, uzige neza biology ntabwo ibyo bipfa gushoboka rwose hari quantity ya sperms igenwe kugirango usame ntiyapfa kuboneka rero igiye yarangirije mu mazi pe!
Subiza ⇾theo Kuwa 13/09/20
Sha wapi pe mwarabikoze kuko intanga zahuye namazi zihita zihinduka ibihuhwe,ntizibe zigikora,rero kugusohoreraho ubwabyo muri mumazi ntabwo byaguterinda,uri kubeshya!
Subiza ⇾Goodluck Kuwa 28/09/20
Wikwitera stress jya Kwa muganga bagupime ukuri kujye ahagaragara
Subiza ⇾clovis Kuwa 10/02/21
Ntakundi narh kukugirinama iyohaba narakwenze
Subiza ⇾cloude Kuwa 20/02/21
Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules bikire burundu binahe urugo rwawe umunezero.
REVIVE ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza.
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
Iki gihingwa kimaze imyaka isaga ibihumbi bibiri mu Bushinwa gikoreshwa nkicyongera imbaraga z’abagabo ndetse no mu kuvura imikorere mibi ku mubiri wa kigabo.
REVIVE yateguwe byumwihariko kugirango yongere ubushake bw’imibonano mpuzabitsina, yongere ubwinshi no gukomera kw’intanga, yongere imbaraga za ogisijeni mu maraso.
REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
?Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro.
?Yongera libido ku kigero cyo hejuru.
?Irinda ikanavura ububabare bwo mu kibuno.
?Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi.
?Ituma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga.
?Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
?Ivura guhorana umunaniro ukabije...
INGARUKA NZIZA ZO GUKORESHA REVIVE mu rugo iwawe.
?Umugabo wakoresheje revive atuma amarangamutima n’ipfa ry’imibonano ku mugore bishira kubera kukunezeza.
?Irwanya kwiheba no gusa nabi ku mugore.
?Nta ntonganya n’ubwumvikane buke cyangwa gucana inyuma biba mu rugo.
UWAKORESHEJE REVIVE:
?Uwo mukoranye imibonano mpuzabitsina uguma mu mutima we kandi agakomeza kuguhimbaza nk’imana y’URUKUNDO rwe mu buzima bwe.
?Ubwawe wumva ko uri umuntu wifitiye ikizere kandi akenshi uzasanga umukobwa wese ushobora kuryamana na we azakwiruka inyuma kubera ibyishimo umuha, cyangwa ntazigere akwibagirwa.
?Gukoresha revive bigufasha gusohora mu gihe ushaka gusohora ibyo bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
UKO REVIVE IFATWA:
??Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi ashyushye y’akazuyaze.
Uyikeneye Call&WhatsApp:+250782345572
Subiza ⇾cloude Kuwa 20/02/21
Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules bikire burundu binahe urugo rwawe umunezero.
REVIVE ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza.
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
Iki gihingwa kimaze imyaka isaga ibihumbi bibiri mu Bushinwa gikoreshwa nkicyongera imbaraga z’abagabo ndetse no mu kuvura imikorere mibi ku mubiri wa kigabo.
REVIVE yateguwe byumwihariko kugirango yongere ubushake bw’imibonano mpuzabitsina, yongere ubwinshi no gukomera kw’intanga, yongere imbaraga za ogisijeni mu maraso.
REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
?Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro.
?Yongera libido ku kigero cyo hejuru.
?Irinda ikanavura ububabare bwo mu kibuno.
?Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi.
?Ituma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga.
?Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
?Ivura guhorana umunaniro ukabije...
INGARUKA NZIZA ZO GUKORESHA REVIVE mu rugo iwawe.
?Umugabo wakoresheje revive atuma amarangamutima n’ipfa ry’imibonano ku mugore bishira kubera kukunezeza.
?Irwanya kwiheba no gusa nabi ku mugore.
?Nta ntonganya n’ubwumvikane buke cyangwa gucana inyuma biba mu rugo.
UWAKORESHEJE REVIVE:
?Uwo mukoranye imibonano mpuzabitsina uguma mu mutima we kandi agakomeza kuguhimbaza nk’imana y’URUKUNDO rwe mu buzima bwe.
?Ubwawe wumva ko uri umuntu wifitiye ikizere kandi akenshi uzasanga umukobwa wese ushobora kuryamana na we azakwiruka inyuma kubera ibyishimo umuha, cyangwa ntazigere akwibagirwa.
?Gukoresha revive bigufasha gusohora mu gihe ushaka gusohora ibyo bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
UKO REVIVE IFATWA:
??Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi ashyushye y’akazuyaze.
Uyikeneye Call&WhatsApp:+250782345572
Subiza ⇾Kuwa 16/06/21
Uwp multi se ugurirwa he?
Subiza ⇾Munyangeri Elisa Kuwa 31/01/22
Ihangane uzajye kwa muganga urebe uko uhagaze maze nusanga warasamye uziyakire uzarere umwana kuko uburenganzira bwe bugomba kubahirizwa .
Subiza ⇾Tanga igitekerezo