Karongi yegukanye igikombe cy’umurenge Kagame Cup, Ubuyobozi buhabwa umukoro
Uwakiniye Manchester United mu nzira zijya mu Amavubi
Uburusiya: Igitero cya drônes cyahitanye 6 gikomeretsa 35
Home > ... > Forum 271
6 December 2019, 19:07, by manzi
Byo tyrabatinya peee. Sinzi niba ari wowe nzi arko abakibwa b’abaganga bari kurwego rwo hejuru muratinyitse, I mean Doctors. Ikindi rero nshuti y’Imana kuba ufite imitungo nkaba ndeba ari nayo ushaka gushyira imbere burya abasore natwe dushaka kubaka siyo tuza tureba. Check yourself urebeko inyuma y’imitungo uvuga nta tugeso tuhihishe dutuma utarongorwa. Bitari ibyo, tegereza ugushaka kw’Imana ntarirarenga n’ubwo mbona imyaka ikujyane. Ufite imitungo ishakemo n’urukundo rwo kubaka kdi usenge uwawe azaza na Mukaperezida I Gishari yaramubonye.
Amahirwe gusa
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Byo tyrabatinya peee. Sinzi niba ari wowe nzi arko abakibwa b’abaganga bari kurwego rwo hejuru muratinyitse, I mean Doctors.
Ikindi rero nshuti y’Imana kuba ufite imitungo nkaba ndeba ari nayo ushaka gushyira imbere burya abasore natwe dushaka kubaka siyo tuza tureba. Check yourself urebeko inyuma y’imitungo uvuga nta tugeso tuhihishe dutuma utarongorwa.
Bitari ibyo, tegereza ugushaka kw’Imana ntarirarenga n’ubwo mbona imyaka ikujyane.
Ufite imitungo ishakemo n’urukundo rwo kubaka kdi usenge uwawe azaza na Mukaperezida I Gishari yaramubonye.
Amahirwe gusa