Home > ... > Forum 271

Ndi umuganga kandi mfite amafaranga, mbabazwa n’uko abasore bantinya nkaba mbona ngumiwe- Nkore iki?

6 December 2019, 19:07, by manzi

Byo tyrabatinya peee. Sinzi niba ari wowe nzi arko abakibwa b’abaganga bari kurwego rwo hejuru muratinyitse, I mean Doctors.
Ikindi rero nshuti y’Imana kuba ufite imitungo nkaba ndeba ari nayo ushaka gushyira imbere burya abasore natwe dushaka kubaka siyo tuza tureba. Check yourself urebeko inyuma y’imitungo uvuga nta tugeso tuhihishe dutuma utarongorwa.
Bitari ibyo, tegereza ugushaka kw’Imana ntarirarenga n’ubwo mbona imyaka ikujyane.
Ufite imitungo ishakemo n’urukundo rwo kubaka kdi usenge uwawe azaza na Mukaperezida I Gishari yaramubonye.

Amahirwe gusa

Tanga igitekerezo

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa