RDC yaciye amarenga y’uko yamaze kunoza umugambi wo gutera u Rwanda
Nyanza: Umuyobozi wa Polisi yaba afunzwe akekwaho kugira uruhare muri Jenoside
Abacungagereza 88 birukanywe,abandi bashyikirizwa RIB
Home > ... > Forum 1641
7 February 2020, 15:35, by Mbabazi
Ndabarahiye inkuru zubwicanyi zimaze gutera iseseme. Itegeko ryumuryango rivugururwe kuko abantu bagiye kuzamarana kdi ikibyihishe inyuma nuko umwe mubashakanye yanga kurekura ngo inkiko zibagabanye imitungo bityo umwe akibwirako niyica undi azabyegukana. Leta idufashe rwose nahubundi inkuru nkizi ziteye agahinda mu Rwanda rwa 2020.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Ndabarahiye inkuru zubwicanyi zimaze gutera iseseme. Itegeko ryumuryango rivugururwe kuko abantu bagiye kuzamarana kdi ikibyihishe inyuma nuko umwe mubashakanye yanga kurekura ngo inkiko zibagabanye imitungo bityo umwe akibwirako niyica undi azabyegukana. Leta idufashe rwose nahubundi inkuru nkizi ziteye agahinda mu Rwanda rwa 2020.