Perezida Museveni yagize Maj. Gen. Kandiho umujyanama we mukuru
Rutsiro: Karinda afunzwe akekwaho kwica umugore babanaga batarasezeranye
Hari abatazi inyungu ziva mu guhoberana! Sobanukirwa akamaro kabyo
Home > ... > Forum 56003
3 August 2023, 12:34, by gisagara
Abakobwa n’Abagore benshi bambara ubusa mu ruhame kugirango bakurure abagabo. Ntabwo bazi ko ingingo ya 135 y’Itegeko riteganya ibyaha n’ibihano mu Rwanda,rivuga ko “icyaha cy’urukozasoni cyakorewe mu ruhame gihanishwa igifungo cy’imyaka 2 cyangwa 3†.Imana yaturemye,nayo itubuza kwambara ubusa mu ruhame.Ntabwo ari byiza kwanika ibibero n’amabere Imana yaguhaye,ubyereka abahisi n’abagenzi.Yabiguhaye kugirango ubibikire umuntu umwe gusa muzabana biciye mu mategeko.Ntabwo yabiguhaye ngo ubikoreshe mu busambanyi.Nkuko ijambo ryayo rivuga,abantu banga kumvira imana izabakura mu isi ku munsi w’imperuka,isigaze ku isi abayumvira gusa.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Abakobwa n’Abagore benshi bambara ubusa mu ruhame kugirango bakurure abagabo. Ntabwo bazi ko ingingo ya 135 y’Itegeko riteganya ibyaha n’ibihano mu Rwanda,rivuga ko “icyaha cy’urukozasoni cyakorewe mu ruhame gihanishwa igifungo cy’imyaka 2 cyangwa 3†.Imana yaturemye,nayo itubuza kwambara ubusa mu ruhame.Ntabwo ari byiza kwanika ibibero n’amabere Imana yaguhaye,ubyereka abahisi n’abagenzi.Yabiguhaye kugirango ubibikire umuntu umwe gusa muzabana biciye mu mategeko.Ntabwo yabiguhaye ngo ubikoreshe mu busambanyi.Nkuko ijambo ryayo rivuga,abantu banga kumvira imana izabakura mu isi ku munsi w’imperuka,isigaze ku isi abayumvira gusa.