Bugesera: Gitifu wâakagari arashinjwa gukorana nâagatsiko kâabajura
Bamwe mu bagize agatsiko kâamabandi yiba abaturage mu murenge wa Gashora, akarere ka Bugesera, barashinja umunyamabanga nshingwabikorwa wâakagari ka Kimaranzara Dusabimana Theogene mu murenge wa Rilima, kubambura nyuma yo kubaha akazi ko kujya kumwibira ariko ntabishyure nyamara basanzwe bakorana. Umwe mu mabandi yaganiriye na TV1/Radio1 yavuze ko Dusabimana Theogene bakunze kwita Jerome, usanzwe ari umunyamabanga […]
Uganda: Icyamamare Ivan Byekwaso cyapfuye
Umugande Ivan Byekwaso wari ufite imyaka 41 yâamavuko, wamamaye mu mikino yo kwiyerekana kwâabubatse umubiri (bodybuilders), yapfuye. Byekwaso yapfiriye mu Budage kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Nzeri 2018, ariko icyaba cyateye urupfu rwe kikaba kitaramenyekana. Abicishije ku mbuga nkoranyambaga, Bon van Deer wari inshuti ya hafi ya Byekwaso, yatangaje akababaro yatewe nâurupfu rwe […]
RGB irasaba Abanyarwanda nâabayoboke bâamatorero kwirinda abiyita abahanuzi
Urwego rwâIgihugu rwâImiyoborere, RGB ruragira inama Abanyarwanda bose muri rusange nâabayoboke bâamadini nâamatorero byâumwihariko, kwirinda abiyita abahanuzi nyuma yo kugaragara ko hari inyigisho zerekeranye nâiyobokamana zitangwa nâaba bantu zigatuma batwara abantu imitungo yabo cyangwa bakabayobya. Soma hano itangazo RGB yasohoye kuri uyu wa 25 Nzeri  Â
Uganda: Uwiyita Yesu Kristo nâabayoboke be batawe muri yombi
Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Lira cyataye muri yombi umugabo wiyita Yesu Kristo nyuma yo kubanza guta muri yombi abayoboke be bagera kuri 14. Igipolisi kiravuga ko cyakuye uyu witwa Alex Okello aho yari yihishe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, itariki 25 Nzeri. â Turamufite nâabayoboke be hano muri kasho yacu, â […]
Amateka yâumugande Joseph Kibwetere wiyitaga umuhanuzi akoreka ubuzima bwâabasaga 1000
Amateka avuga ko umugabo witwa Kibwetere Joseph yavutse mu mwaka wa 1932, agace yavukiyemo muri Uganda ntabwo kazwi, akaba yari umuyobozi wâitorero â Movement for the Restoration of the Ten Commandments of Godâ byâumwihariko akaba yariyitaga umuhanuzi aza koreka ubuzima bwâabasaga igihumbi. Joseph Kibwetere yari afite urusengero muri Uganda, akaba yarabwiye abakirisitu bâitorero yayoboraga ko […]
Nyagatare: Babiri bafunzwe bakekwaho guha ruswa abapolisi
Ku bufatanye bwa Polisi nâUrwego rwâIgihugu rushinzwe ubugenzacyaha kuri station ya Polisi ya Mimuri mu karere ka Nyagatare hafungiye abagabo babiri bakekwaho guha abapolisi ruswa yâamafaranga asaga ibihumbi Magana abiri (200,000 frw) Kuri uyu wa 24 Nzeri 2018 nibwo Byumviyimana Vincent  wafatanwe ibicuruzwa bya magendu, na Rukundo John wenga inzoga zâinkorano bashatse guha ruswa abapolisi […]
New York: Perezida Kabila yamaganye kwivanga kwâamahanga anasaba ko ingabo za Monusco ziva muri Congo
Ubwo yafataga ijambo mu Nama Rusange ya 73 yâUmuryango wâAbibumbye kuri uyu wa Kabiri, itariki 25 Nzeri, Perezida Joseph Kabila wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yamaganye kwivanga mu bibazo bya Congo kwâibihugu byâamahanga ndetse asaba ko ingabo za Monusco zava mu gihugu cye. Perezida Kabila yagize ati: â Ntituzabasha kugira Loni umuryango wa bose […]
U Burundi bwatangaje ko buteganya kwitandukanya nâumuryango wa EAC
Nyuma yo gutangaza ko gishobora kwitandukanya nâakanama ka Loni kâUburenganzira bwa muntu, igihugu cyâu Burundi kuri ubu kiravuga ko gishobora kwitandukanya nâUmuryango wâIbihugu bya Afurika yâIburasirazuba (EAC). Impamvu u Buundi butanga ngo ishobora gutuma bwikura mu muryango wa East African Community, ni uko ngo muri uyu muryango hakoreshwa Icyongereza gusa mu bikorwa byawo. Ibi bikaba […]
Impamvu Zari Hassan yatawe muri yombi mu mujyi wa London
Uwahoze ari umugore wa Diamond Zari Hassan Tlale yatawe muri yombi mu gihe cyâamasaha 16 mu mujyi wa London (Soma Landani) mu gihugu cyâUbwongereza. Uyu mugore yafashwe kubera ibibazo byâubwenegihugu byagaragaraga mu byangombwa bye byâinzira bitandukanye nâ amakuru yari yabanje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga ko yatawe muri yombi bitewe na âPassportâ mpimbano agira ngo yinjire […]
RDC: Depite Zoe Kabila nawe arashima icyemezo cyafashwe na mukuru we Joseph Kabila
Depute Zoe Kabila uhagarariye Manono mu Nteko Ishinga Amategeko ya Congo, yashimye icyemezo cyafashwe na mukuru we, Joseph Kabila, cyo kutaziyamamariza indi manda mu matora ataha. Yabitangaje ubwo yari mu bukangurambaga ku matora muri iyi teritwari ya Manono yo mu Ntara ya Tanganyika ahagarariye mu nteko. Depite Zoe kabila yashimye icyemezo cya Perezida Kabila cyo […]
Ni iki cyaba gikurura amakimbirane hagati yâAbasilamu nâAbanyaburayi? (igice cya Gatatu)
Ntagengwa Servil Omar usengera mu idini ya Islam, aratanga ibitekerezo bye ku mibanire yâiri dini nâabaturage bâibihugu byâu Burayi bwâi Burengerazuba. Iki kikaba ari igice cya gatatu nyuma y’ibindi bibiri byatambutse. Aratangira yibutsa impamvu ebyiri za mbere twabonye : Impamvu ya mbere: Impamvu zishingiye ku iyobokamana ryemeza ko buri dini ariryo rifite Ukuri kuvuye ku Mana […]
Nyamasheke: Gerenade yatoraguwe mu bwiherero bw'umuturage
Mu mudugudu wa Gasharu, akagari ka Gako mu murenge wa Kagano mu karere ka Nyamasheke abaturage 3 babonye gerenade mu bwiherero bwâurugo rucunzwe nâumukecuru witwa Nyirasafari Daphrose ubwo barimo babuvidura. Nkâuko Bwiza.com yabitangarijwe nâumwe mu baturage bahatuye, ngo uru rugo ni urwâ uwitwaga Sehorana JMV witabye Imana mu 1997, umugore we witwaga Ayinkamiye Madeleine na […]
Uganda: Maj. Gen (Rtd) Mugisha Muntu yasezeye mu ishyaka FDC
Major General (Rtd) Mugisha Muntu yasezeye mu ishyaka FDC ribarizwamo umunyapolitiki Dr Kiiza Besigye nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 25 Nzeri. Biravugwa ko Muntu agiye gushinga irindi shyaka rizabasha gushishikariza urungano rushya kuzahatanira ubutegetsi mu matora ataha. Mugisha Muntu yahise atumiza inama nâabanyamakuru kuri uyu wa kane I Kampala, aho agomba kubagezaho mu […]
Nta buzima Lionel Messi afite, abayeho nkâimfungwa
Ibi ni ibitangazwa na Dani Osvaldo, umutaliyani wahoze ari umwataka mu makipe atandukanye ku mugabane wâu Burayi ubu akaba yarasezeye mu kibuga atangira ubundi buzima bwa muzika. Dani Osvaldo wâimyaka 32 yâamavuko, avuga ko ubuzima Messi abayemo atabwifuza, ko ubuzima bujyanye na ruhago ntaho agihuriye nabwo, ati âIsi ya ruhago ntaho ngihuriye nayoâ. Hashize imyaka […]
Abayobozi babiri ba FDLR bakatiwe igifungo cya burundu
Abayobozi babiri mu nyeshyamba za FDLR (Forces dĂ©mocratiques pour la libĂ©ration du Rwanda) bahanishijwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa nâibyaha birimo ubwicanyi, iyicarubozo ndetse nâubujura. Itangazo ryashyizwe hanze nâimiryango itatu itabogamiye kuri Leta, ku wa Kabiri tariki ya 25 Nzeri 2018, rivuga ko urukiko rwa gisirikare rwâi Bukavu muri Kivu yâAmajyepfo, rwahamije igifungo cya […]