Paul Pogba avuga ko kwamburwa ubuyobozi ntacyo byamuhungabanyijeho
Paul Pogba umaze igihe avugwaho gushyamirana n’umutoza we, Jose Mourinho mu ikipe ya Manchester United, yatangaje ko nta kibazo na kimwe afite nyuma yo kwamburwa ubuyobozi. Uyu mutoza w’imyaka 25 y’amavuko, yakuwe ku mwana w’uwungirije kapiteni na Jose Mourinho biturutse ku mwuka mubi wari hagati yabo, ubu akaba avuga ko nta ngaruka byigeze bimugiraho. Yagize […]
Min. Dr. Sezibera yasubije umudepite muri Amerika uri kuvuganira Diane Rwigara
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Richard Sezibera yasubije umudepite mu nteko ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika uvuga ko arimo kuvuganira Diane Rwigara mu rwego rw’umushinga wo kurengera ubwisanzure. Abinyujije ku rukuta rwa twitter Hon. Suzanne Bonamicci wongeye gutorerwa guhagararira akarere ka Oregon mu Nteko Ishinga Amategeko, yagize ati: “ Diane ahanganye […]
Dore uburyo bwiza wakoramo imibonano mpuzabitsina mu gitondo
Ubushakashatsi bugaragaza ko abantu benshi babyuka mu gitondo bafite ubushake buri ku rugero rwo hejuru bwo gukora imibonano mpuzabitsina kandi ko ari na byiza kubikora kuko bigira ingaruka nziza ku bashakanye. Muri aya masaha nubwo umubiri uba waruhutse, si na byiza guhita uwurushya cyane utera akabariro kuko uba ugiye kubyuka ukajya mu kazi, niyo mpamvu […]
Umwe mu bantu bahafi ba Gen. Kayihura arahigwa bukware
Ururiko rwatanze impapuro zo guta muri yombi umwe mu bapolisi bakoranye bya hafi na Gen. Kayihura, ACP Siraje Bakaleke. Uyu mugabo wahoze ayobora polisi mu gace ka Kampala y’amajyepfo arashakishwa n’urukiko kugira ngo aryozwe ibyaha birimo gukoresha ububasha yari afite nabi no gushimuta. Umuyobozi w’ubushinjacyaha bukuru muri Uganda, Alice Komuhangi ejo hashize yasabye urukiko rurwanya […]
Ingabo z’u Burundi muri Amisom zirashinjwa kwica abaturage
Ingabo za Afurika Yunze Ubumwe ziri mu bikorwa byo kugarura amahoro muri Somalia zirashinjwa kwica abaturage bane mu murwa mukuru Mogadishu. Abatangabuhamya baravuga ko abasirikare ba AMISOM barashe abaturage ubwo urukurikirane rw’imodoka zabo zanyuraga ku gisasu cya mine cyari giteze mu muhanda. Ibi bikaba biherutse kubera mu karere ka Huriwa gaherereye mu majyaruguru y’umurwa mukuru […]
Urupfu rwa Rwigara rwagarutsweho mu rubanza rw’umukobwa we na nyina
Urupfu rw’umunyemari Rwigara Assinapol rwagarutsweho mu rubanza ruregwamo umukobwa we, Diane Rwigara na nyina, Mukangemanyi Adeline Rwigara. Ubwo Diane Rwigana na nyina, Mukangemanyi bitabaga urukiko Rukuru kugira ngo bakomeza kuburana ku byaha bashinjwa, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Ugushyingo 2018, nibwo hagarutswe ku rupfu rwe, nk’imbarutso ya bimwe mu byo bashinjwa. Mu iburanisha […]
RDC: Inzovu yishe umuntu ukekwaho kuba nyirayo nawe aricwa
Inzovu y’inyagasozi imaze ibyumweru ibunga mu baturage yiswe “Ya Mado” kuri uyu wa kabiri, itariki 06 Ugushyingo, yishe umugore wo mu giturage cya Bahaha muri Teritwari ya Ituri, ho muri Kivu y’Amajyaruguru, aho nyuma y’urupfu rw’uyu mugore abaturage bariye karungu bahise bivugana umuntu bikekwa ko ari we utunze iyi nzovu. Iyi nkuru dukesha Radio Okapi […]
Selena Gomez atewe ubwoba n’amarira ya hato na hato ya Justin Bieber
Umuhanzikazi Selena Gomez afite impungenge bitewe no kurira ku karubanda k’uwo bahoze bakundana, Justin Bieber. Justin Bieber kuwa 2 Ugushyingo 2018 yagaragaye yiyunamiriye arira ubwo yari kuri studio ya Universal muri Leta ya Florida ahitwa Leaky Cauldron. Ibi ni byo bateye impungenge Selena Gomez bahoze bakundana akeka ko uyu musore yaba atamerewe neza muri iyi […]
Ikigo Zion Medical cyo muri Israel cyavumbuye umuti ushobora kuvura Sida
Abahanga mu by’ubumenyi bakoze umuti wica 99% bya Virus itera sida na sida mu mubiri w’umuntu mu byumweru bine gusa utangiye kuwufata. Uyu umuti wiswe ‘Gammora’ ugakorwa na Zion Medical, ikigo cy’ikoranabuhanga mu by’ubuvuzi gikorera muri Israel ugizwe n’ibyitwa Peptides (proteins) bikomoka kuri virus ya VIH bituma utunyangingo twanduye twisenya kandi utundi tunyangingo tuzima ntacyo […]
Abahoze muri FDLR bakomeje kubera umutwaro uremereye Leta ya Congo
Sosiyeti Sivile muri Teritwari ya Lubero mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, batangaza ko gukomeza gucumbikira abahoze ari abarwanyi ba FDLR mu nkambi ya Kanyabayonga, bikomeje kubangamira umutekanao wabo muri rusange ndetse n’uwaka gace by’umwihariko. Batangaza ko igihe izi nyeshyamba zari zahawe cyo kuba zikiri mu nkambi cyarangiye ku wa 20 Ukwakira 2018, zikaba zarasabwaga gutaha […]
Cameroun: Abanyeshuri 78 bari bashimuswe barekuwe umuyobozi w’ishuri arasigara
Abana b’abanyeshuri bose bagera kuri 78 n’umushoferi w’ishuri bari baherutse gushimutirwa mu majyepfo y’uburengerazuba bwa Cameroun barekuwe kuri uyu wa gatatu ariko umuyobozi w’ishuri bashimutiwemo abamushimuse banga kumurekura n’undi mwarimu umwe nk’uko byemejwe n’umupadiri wagiye mu mishyikirano yo kurekura aba bana. “ Imana ishimwe abana 78 n’umushoferi barekuwe. Umuyobozi w’ishuri n’undi mwarimu umwe baracyari kumwe […]
Urutonde rw’abanyamakuru 12 bazicwa
Itsinda ry’abicanyi ryitwa ‘Bijambiya’ muri Uganda bamaze gushyira hanze urutonde rw’abanyamakuru 12 bazicwa mu buryo butandukanye bazira akazi kabo. Inyandiko ikomejwe gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga na ba Bijambiya ari byo kuvuga abakoresha imihoro igaragaraho abanyamakuru 12 barimo abakorera ibinyamakuru byigenga n’abakorera ibya Leta ya Uganda. Ba Bijambiya bavuga ko bashobora kwica aba banyamakuru binyuze mu […]
Burundi: Gaston Sindimwo yifuza ko CNDD-FDD na UPRONA ariyo mashyaka yakwemerwa gusa
Icyegera cya Mbere cy’umukuru w’igihugu, Gaston Sindimwo avuga ko yifuza ko nyuma y’amatora yo mu 2020, hakwemerwa amashyaka ya politiki abiri gusa arimo CNDD-FDD iri ku butegetsi na UPRONA andi yose agasenywa. Mu kiganiro yahaye Ijwi ry’Amerika, Gaston avuga ko ugushyamirana gukunze kubaho mu Burundi ahanini gukururwa n’ubwinshi bw’amashyaka ari mu gihugu, kandi mu ruhando […]
USA: Abademokarate batsindiye kuyobora Inteko Ishinga Amategeko
Imibare imaze kuva mu biro by’amatora muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika iragaragaza ko abademokarate batsinze mu bice byinshi ariko ko nta cyizere ko bashobora gutsinda ku majwi menshi cyane, mu gihe hari abasanga Perezida Trump atazoroherwa mu kurangiza manda ebyiri. Nubwo bimeze gutyo, amahirwe y’uko abademokarate bashobora kuyobora Sena yo asa nk’aho akiri macye […]
Abakora ibyaha bihishe mu mahoteli akabo kagiye gushoboka
Abayobozi b’ibigo byigenga bicunga umutekano basabwe kurushaho kunoza inshingano z’ibigo bayobora zo gucunga umutekano usesuye w’abo bagirana amasezerano hagamijwe kubungabunga umutekano w’abantu n’ibyabo. Ibi babisabwe kuri uyu wa 06 Ugushingo mu nama yabahuje n’ubuyobozi bwa Polisi y’ u Rwanda, iyi nama yari igamije kwibutsa abayobozi b’ibigo byigenga bicunga umutekano kunoza imikorere n’imikoraninire nabo bagirana amasezerano […]