Peace Cup: APR FC yatsindiwe I Rwamagana ariko ikomeza muri 1/8

  Ikipe ya Rwamagana City yatsinze APR FC igitego kimwe ku busa (1-0) mu mukino w’igikombe cy’Amahoro mu ijonjora ribanza. Gusa iyi nsinzi ntacyo yafashije Rwamagana City kuko yahise isezererwa ku giteranyo cy’ibitego bibiri kuri kimwe (2-1) mu mikino yombi. Uyu mukino wabaye kuri uyu wa gatandatu, wabereye ku kibuga cya Rwamagana City , wari […]

Tour du Cameroun: Abanyarwanda bihariye agace k'uyu munsi

Uyu munsi mu irushanwa ry’amagare riri kubera muri Cameroun wari agace ka 7. Abanyarwanda batatu baje myanya ya mbere. Byukusenge Patrick yabaye uwa mbere, akurikirwa na Mugisha Moise wakurikiwe na Manizabayo Eric. Byukusenge Patrick yanganyije ibihe na Mugisha Moà¯se bombi bakoresheje amasaha 3 , iminota 17 n’amasegonda 27. Manizabayo Eric we yarushijwe amasegonda 4. Inyuma […]

Umwami Rudahigwa yasize hehe u Rwanda? Kuki nta perereza rikorwa ku itanga rye?

Amateka ya politiki agaragaza ko nyuma yo kwicwa kwa Rudahigwa Mutara III , U Rwanda rwamaze imyaka 40 mu bibazo bya politiki bikomeye byiganjemo ivanguramoko n’ uturere kugeza ubwo  jenoside yakorewe Abatutsi ibereye igahitana ubuzima bw’ abasaga miliyoni harimo n’ umugore we, umwamikazi Rosalie Gicanda. Kuva ubwo,  umuhango wo kwibuka Mutara III watangiye kujya wubahirizwa […]

Babyeyi Bacu, turabasabira iteka ryose- Mme Jeannette Kagame abwira Intwaza

Madamu Jeannette Kagame wifatanyije n’ ababyeyi b’Intwaza batuye mu rugo Impinganzima rwa Huye na Nyanza, mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 8 Kamena 2019, yabashimiye kwiremamo icyizere cyo kongera kubaho kandi bakabigeraho. Intwaza, ni ababyeyi bagizwe incike na Jenoside yakorewe Abatutsi mu […]

Perezida wa Turkiya n'umugore we babaye abahamya mu bukwe bwa Ozil

Perezida wa Turikiya, Recep Tayyip Erdogan n’umufasha we, Emine babaye abahambya mu by’amategeko mu bukwe bw’umukinnyi Mesut Ozil bwabereye muri Istanbul. Ozil ukinira Arsenal mu Bwongereza yashyingiwe Amine wari usanzwe ari umunyamideri, umukinnyi wa filime, akaba yaranabayeho nyampinga wa Turkiya. Muri iki gihugu, ubukwe butari ubw’idini bukorwa bifashishije abahamya. Mu Cyongereza, umugabo twamwita ‘Best man’, […]

Nyarugenge: Ikipe y’abagore yakajije imyitozo ihigira gutwara igikombe ‘Kagame Cup’

Ikipe y’Umurenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali, mu gihe yitegura umukino wa nyuma w’amarushanwa ‘Umurenge Kagame Cup’, irimo gukora imyitozo amanywa n’ijoro kugira ngo izegukane igikombe. Ni ikipe y’abagore y’umupira w’amaguru, umukino wa nyuma izawukina ku Cyumweru tariki ya 9 Kamena 2019, kuri Sitade ya Huye mu Ntara y’Amajyepfo. Iyi kipe ikaba […]

Amikoro make akomeje gukoma mu nkokora ishyirwamubikorwa ry’intego za SDGs

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gikurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’ Intego z’Iterambere Rirambye zizwi nka SDGs, Dr Belay Beyashaw, avuga ko kugeza ubu ari amikoro make akomeje kurikoma mu nkokora. Mu kiganiri yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Kamena 2019, mu Mujyi wa Kigali aho ikigo Sustainable Development Goals Center for Africa gikurikirana ishyirwa […]

Umunya uganda wari mu maboko y' abashinzwe umutekano mu Rwanda yarekuwe

Umunyayuganda Sebuzuru Emmanuel uyobora sosiyete itwara abantu Horizon wari waratawe muri yombi kuwa 5 Kamena 2019 yarekuwe. Bivugwa ko uyu Sebizuru yari yatawe muri yombi nyuma yo gufatwa n’ abakozi bakorera urwego rw’ igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) , ubwo yambukaga  umupaka wa Cyanika ageze mu Mujyi wa Musanze aho yaraje gufata amafaranga ya sosiyete ayoboye […]

Burundi: Abaturage bari mu myigaragambo ikomeye bamagana radiyo RFI

  Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 8 Kanama 2019, mu Burundi hatangiye imyigaragambyo ikomeye y’abaturage bamagana radiyo mpuzamahanga y’Abafaransa RFI aho bayishinja kubogama mu kiganiro iherutse kugirana na Marguerite Barankitse utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’Uburundi. Mu cyumweru gishize, nibwo iyi radiyo yagiranye ikiganiro na Madamu Marguerite Barankinze utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Pierre Nkurunziza. Uyu […]

Inama yagombaga kubera muri Uganda yasubitswe bitewe n' u Rwanda na Sudani y’Epfo

Inama y’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yigaga ku bijyanye n’ingufu yagombaga kubera muri Uganda yasubitswe bitewe n’uko u Rwanda na Sudani y’Epfo bitabonetse. Iyi nama yateranaga ku nshuro ya 14 kuri uyu wa 7 Kamena 2019 yasubitswe bitewe n’uko buri gihugu kigomba kuba gihagarariwe kugira ngo ibe nk’uko amategeko abiteganya. Chimpreports ivuga ko yabonye ibaruwa  ya […]

Rwamagana: Abafatanyabikorwa bizeje Akarere kuzahigura imihigo ku kigero cya 100%

Mu gikorwa cyo gutangiza imurikabikorwa ry’abafatanyabikorwa mu iterambere  ry’Akarere ka Rwamagana, hamuritswe ibikorwa byakozwe n’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’akarere  mu mwaka w’ingengo y’imari 2018/2019. Bakijeje ko bazahigura 100%. Umuyobozi w’ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’akarere JADF, Uwayezu Valens yavuze ko bagize uruhare mu bikorwa byinshi ahanini bigamije gukemumura ibibazo bibangamiye umudendezo w’abaturage byatwaye amafaranga arenga miriyari  ebyiri n’igice. Yagize […]

Impunzi z'Abarundi ziri muri Tanzania zirarira ayo kwarika

Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Nduta muri Tanzania, zivuga ko zikomerewe mu gihe zigabwaho ibitero bya hato na hato, bamwe bakicwa abandi bagashimutwa mu buryo butandukanye n’ibindi bikorwa bitandukanye bibangamiye uburenganzira bwabo. Inkambi ya Nduta irimo impunzi zisaga ibihumbi 100 byahunze mu Burundi mu mwaka wa 2015, ubwo havukaga imvururu zakuruwe na manda ya […]

Gasabo: Batatu bafunzwe bakekwaho gushyira amazirantoki ku muryango w’umuturanyi

Abasore batatu bo mu Murenge wa Jabana batawe muri yombi bakekwaho gushyira amazirantoki  ku muryango w’inzu y’umuturanyi wabo, Gilbert Cyubahiro. Ibi byabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu ubwo Cyubahiro utuye mu Mudugudu w’Amasangano mu Kagari ka Kigashya mu Murenge wa Jabana yabyutse agasanga ku muryango w’inzu ye hanyanayagijwe umwanda wo mu bwiherero ku […]

Urasabwa kuba icyitegererezo no kuzamura imyitwarire yawe

KUZAMURA IMYITWARIRE Abagabo bose bashobora guhagarara bagashikama ndetse bakomeye, ariko nushaka gupima imyitwarire y’umugabo uzamuhe ububasha. UMWANZI UKOMEYE W’ABIZERA “Samweli aravuga ati ‘Mbese nubwo wigayaga, ntiwagizwe umutware w’imiryango ya Isirayeli? Uwiteka ntiyakwimikishije amavuta ngo ube umwami wa Isirayeli?” (1 Samweli 15:17) Kumva ko wishoboye, kwishimira (kumva ko wakoze byiza), kwiyumvamo ko uri ingirakamaro ubwawe, kwiyumvamo […]

Ibiyaga Bigali: Kuki u Burundi butifuje kugaragara mu nama y' umutekano?

Mu gihe umwuka utameze neza mu Biyaga Bigali bitewe n’ imitwe yitwara gisirikare , kuva 6 Gicurasi 2019,  Perezida wa Congo-Kinshasa, Félix Tshisekedi yayobowe inama yahuje inzego z’ iperereza yitabiriwe n’ imiryango  CIRGL, SADC ndetse n’ intumwa idasanzwe ya Loni mu Karere, gusa u Burundi bukaba buhakana ko butayitabiriye. Iyo nama yabereye i Kinshasa, yashimangiye […]

Ibyemezo by'Inama y'Abaminisitiri idasanzwe yo ku wa 7 Kamena 2019

Ejo, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. 1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku itariki ya 03 Mata 2019 n’iyo ku itariki ya 26 Mata 2019. 2. Inama y’Abaminisitiri yamenyeshejwe: – Inyungu z’u Rwanda mu kuba umunyamuryango w’ibihugu bikoresha […]