Ubwato bwa Koreya ya Ruguru butwara imodoka bwarohamye- Amafoto & amashusho

Ubwato butwara imodoka bwo muri Koreya y’Epfo bwarohamiye ku nkombe y’ikirwa cya St. Simons hafi ya Georgia, itsinda ry’ubutabazi rirokora amagara y’abarimo bose. Ubu bwato bwarohamye kuri uyu wa 8 Nzeri, ubutabazi buratangira ariko kamwe mu duce twabwo kafashwe n’umuriro, abatabazi barabihagarika ubwo bari bategereje ko ucogora. Bakomeje kuvugana n’abashinzwe imigendere y’ubu bwato bane ari […]

Abadepite ntibanyuzwe n'ibisobanuro ku bihombo bigera kuri miliyari 5 WASAC yateje

Kuri uyu wa 9 Nzeri 2019, Inteko Ishinga amategeko, umutwe w’Abadepite ntiwanyuzwe n’ibisobanuro by’ikigo cy’igihugu gishinzwe amazi, isuku n’isukura (WASAC) ku bihombo cyateje leta bigera kuri miliyari eshanu ubwo cyemera enye. Nk’uko Tv1R1 ibivuga, ibi bihombo byaturutse mu kutageza amazi ku bayagenewe no gutanga amasoko adakurikije amategeko, ntihagire igikorwa. Raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta, […]

Ubu impunzi turi mu mazi abira, dufite ubwoba- Impunzi z'Abarundi muri Tanzania

Impunzi z’Abarundi zo mu nkambi ya Nyarugurusu iri mu ntara ya Kigoma muri Tanzania zivuga ko ubuzima bwazo ubu busa n’ubwahagaze kuko leta yahagaritse ubucuruzi muri iyi nkambi kuva none ku wa mbere. Impunzi z’Abarundi hafi ibihumbi magana abiri ziba muri Tanzania mu nkambi za Nyarugusu, Nduta na Mtendeli ziri mu ntara ya Kigoma. Itangazo […]

Nteireho wicanwe n’uwiswe ‘Umunyarwanda’ yari afitanye isano na Perezida Museveni

Joshua Nteireho Rushyegyera uherutse kwicwa arashwe ubwo yari kumwe n’umugore byavuzwe ko ari Umunyarwanda, Merina Tumukunde, yari afitanye isano na Perezida Museveni Yoweli wa Uganda. Aba bombi barashwe saa tanu z’ijoro ryo kuwa 5 nzeri 2019 ahitwa Entebbe ku muhanda werekeza i Kampala. Byatangazwaga ko Nteireho ari umurinzi wa Tumukunde gusa inzego z’umutekano zasobanuye ko […]

Byinshi ku bantu bo mu Bushinwa batagira ibyiyumvo byo gukora imibonano mpuzabitsina

Leta y’Ubushinwa itangaza ko hari umubare munini w’abantu bakuru batajya bakora imibonano mpuzabitsina ndetse batagira n’ayo marangamutima. Umwe muri bo ni uwitwa Diane Xie atuye Shanghai muri iki gihugu, yavuze ko yumva ntacyo bimubwiye kuba adakora iki gikorwa we avuga ko ntacyo kimaze. Ati “ Sindumva hari umuntu mbonye nkumva twaryamana, ibyo byiyumvo sindabigira. Gusa […]

Abasirikare kabuhariwe barwanira mu mazi ba Uganda bataye muri yombi abanye Congo 18

Abanye Congo 18 b’abarobyi batawe muri yombi n’abasirikare kabuhariwe barwanira mu mazi ba Uganda, bakaba bafungiye ahitwa Rwachama kuva ku wa Gatanu tariki ya 6 Nzeri 2019. Ni amakuru yemezwa na Perezida wa Koperative y’abarobyo muri Virunga (COOPEVI),  Pascal Muko, akemeza ko 12 ari ab’i Kyavinyonge na 6 bo muri Kasindi, Teritwari ya Beni. Avuga […]

Afurika y’Epfo yashyizeho impapuro zita muri yombi abakekwaho kwica Col. Karegeya

Ubushinjacyaha bwa Leta ya Afurika y’Epfo bwashyize hanze impapuro zita muri yombi abagabo babiri bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’uwari umuyobozi w’ubutasi bwo hanze y’u Rwanda, Col. Patrick Karegeya. Umuryango utegamiye kuri Leta, Afriform utangaza ko izi mpapuro zatanzwe kuri uyu wa 9 Nzeri 2019. Ukuriye ibijyanye n’ubushinjacyaha muri Afriform, Gerrie Neil yavuze ko ubushinjacyaha […]

Abegereye pariki z’igihugu bamaze guhabwa Frw miliyari zisaga  eshanu- Minisitiri w’Intebe

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente atangaza ko abaturage begereye pariki z’igihugu bamaze guhabwa amafaranga agera asaga Frw miliyari 5 na miliyoni 300  mu rwego rwo kubateza imbere mu mishinga itandukanye mu myaka 14 ishize. MU ijambo rye, atangiza inama yiswe ‘2019 Business of Conservation Conference’ ku bufatanye na Kaminuza y’Imiyoborere muri Afurika, kuri […]

Perezida Kenyatta yasabwe kwigira ku Rwanda agaca akajagari mu nsengero

Umudepite wo ku ruhande rwa visi Perezida William Ruto n’abayobozi mu ishyaka rya Jubilee rya Perezida Uhuru Kenyatta bateye rwaserera mu rusengero, ibi byatumye abanyakenya biha imbuga nkoranyambaga bamagana ibibi bibera mu madini, bityo umwe muri bo asaba Kenyatta kwigira kuri mugenzi we w’u Rwanda. Ni imvururu zavutse kuri iki cyumweru tariki ya 8 Nzeri […]

Uburengerazuba: Abagize urugaga rw’abagore muri FPR/ Inkotanyi basabwe kuzamura imibereho ya bagenzi babo

Ubuyobozi bw’intara y’uburengerazuba n’ubw’urugaga rw’abagore rushamikiye ku muryango FPR Inkotanyi muri iyi ntara,busanga kugira ngo abagore benshi b’ubushobozi buke bazamuke  mu iterambere banagere ubwo na bo bashobora gufasha abandi, hakenewe guhuza imbaraga,buri wese ugize icyo afite ntabe nyamwigendaho, akagira uwo afasha kuzamuka. Babibwiwe na Guverineri w’intara y’uburengerazuba,Munyantwali Alphonse,  mu mahugurwa y’umunsi umwe,agamije kunoza imikoranire kugira […]

Kabila mu gahinda yatewe n'urupfu rwa Robert Mugabe wacunguye igihugu cyabo

Nyuma y’urupfu rwa Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe, benshi bagiye bagaragaza agahinda bagize kubera ibikorwa by’indashyikirwa byamuranze, muri bo harimo na Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa RD Congo uvuga ko yacunguye iki gihugu. Ku wa Gatanu tariki ya 6 Nzeri 2019, nibwo Mugabe yitabye Imana afite imyaka 95 y’amavuko. Benshi barimo Joseph […]

Umugabo anyivovotera kenshi, avuga ko mfite ikibero n'igitsina binini, ngo ntambaraga yabona- Nkore iki?

Nejejwe no kubaramutsa mwese, nimugire amahoro ya nyagasani. Ni umubyeyi w’umwana umwe, umugabo wanjye tumaranye imyaka itatu yonyine ariko maze igihe kinini ambabaza cyane. Rwose bitewe n’inama ngisha, izina ryange ntabwo narivuga kuko bishobora guhita binsenyera pe. Ntuye mu Burasirazuba, umugabo wanjye mu by’ukuri ntabwo ari munini, kuko njyewe murusha ibiro n’uburebure, ariko mu gikorwa […]

Ubwongereza: Ingendo z'indege zahagaritswe

Ikigo cy’Ubwongereza gishinzwe indege zitwara abagenzi cyahagaritse ingendo hafi ya zose bitewe no kwivumbura kw’abapilote ku bw’imishahara bahabwa. Iki kigo cyafahe uyu mwanzuro kuri uyu wa 9 Nzeri, nyuma y’aho ishyirahamwe ry’abatwazi b’indege (abapilote), BALPA (British Airline Pilots Association) rivuze ko nta mupilote waryo wongera gutwara iki kibazo kidakemutse. Inkuru ya AFP mu ijwi ry’iki […]

Muri Kaminuza y'u Rwanda habonwe umurambo w'umunyeshuri bikekwa ko yishwe

I Kigali, muri Kaminuza y’u Rwanda Ishami ry’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga (UR-CST) habonwe  umurambo w’umunyeshuri witwa Imanishimwe Sandrine  w’imyaka 21 y’amavuko, bigakekwa ko yishwe. Ni umurambo wabonwe mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki ya 08 Nzeri 2019, abamubonye bakeka ko yishwe bitewe n’ibikomere ngo yari afite mu mutwe. Imanishimwe ngo yakomokaga mu Karere ka Huye, yigaga […]

Ibyatangajwe ko ari ubukwe bwa Harmonize byabaye ibindi bindi

Amakuru yasakaye mu cyumweru gishize ni uko umuhanzi, Harmonize yakoze ubukwe n’Umukunzi we, Sarah. Kugeza ubu haracyari urujijo cyane ko bamwe mu bantu ba hafi bavuga ko aya makuru  atariyo,ndetse na ba nyir’ubwite bakaba ntacyo baratangaza. Ni amakuru yasakaye mu Karere u Rwanda ruherereyemo, hashingiwe ahanini ku mavidewo yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Sarah na […]

Bamukase umuhogo nk'inyamaswa- Umurundikazi ubara inkuru y'uko umugabo we yishwe

Ciza Venantie, ni umupfakazi w’imyaka 41 y’amavuko utuye muri zone Rusubije, Komini Ntega, ari mu gahinda nyuma y’iyicwa ry’umugabo we, RĂ©vĂ©rien Kamarampaka, ashinja abayoboke babiri b’ishyaka CNDD FDD, riri ku butegetsi mu Burundi. Ubuyobozi muri aka gace atuyemo buvuga ko umugabo we yapfuye yiyahuye,  bagashimangira ko uyu mubyeyi afite ikibazo cyo mu mutwe yatewe n’ibyamubayeho. […]

Ndashima Imana yangize umutinganyi- umuhanzi w’indirimbo zo kuramya

Umuhanzi w’indirimbo z’Imana, Albert Nabonibo uherutse gutangaza ko ari umutinganyi avuga ko ibi abishimira Imana. Nabonibo ukomoka mu Karere ka Gicumbi aherutse gutangaza ku mugaragaro ko aryamana n’abo bahuje igitsina. Aganira na VOA mu kiganiro cyitwa Dusangire ijambo, mu mpera z’icyumweru gishize, Nabonibo yavuze ko kuba yaravutse agasanga ari umutinganyi ntacyo yabikoraho, ko ahubwo abishimira […]

Biba iyo mbuto – Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Hoseya 10:12 “Mwibibire imbuto zo gukiranuka, musarure ineza yuje urukundo. Muhinge ubutaka bukwiriye guhingwa mu gihe […]