Haranira kubohoza uburenganzira bwawe wanyazwe – Rev. Nibintije
Soma Yesaya 53:5 Mu myaka 2000 ishize Yesu Kristo yaje hano ku isi, mu nzira yo kwitanga ubwe nk’ igitambo cy’ Ibyaha. Ibyo yabikoze kugira ngo abashe kugarura ibyo Adamu yatakaje ubwo Satani ya mukoreshaga Penariti (icyaha) kandi yanayitera mu izamu akanayimutsinda. Yesu yaje muri iyi isi gusenya ibyo ibikorwa byose Satani yakoze. Muri ibyo […]
Amavubi yandagaje Seychelles mu mukino wo kwishyura-amafoto
Ikipe y’u Rwanda y’umupira w’amaguru yihanangirije ibirwa bya Seychelles, ibinyagira ibitego 7-0 ku mukino wo kwishyura mu majonjora y’ibanze y’irushanwa ry’igikombe cy’Isi ku mugabane w’Afurika. Bizimina Djihad ni we wabanje gutsinda igitego ku munota wa 18, Kagere Meddie atsinda bibiri ku munota wa 28 na 50, Jacques Tuyisenge atsinda bibiri ku munota wa 29 na […]
Trump yeguje umujyanama mu by'umutekano ku bwo kutumvikana
Umukuru wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump yirukanye umujyanama we mu by’umutekano, John Bolton, atangaza ko azashyiraho umusimbura mu cyumweru gitaha. ” Namenyesheje Bolton mu ijoro ryashize ko inshingano ze zitagikenewe mu ‘Ngoro Yera (White House). Ntabwo nemeraga na gake ibitekerezo bye nk’uko byagenze no kuri bagenzi be, bityo musaba kwegura.” Ubutumwa bwa Trump […]
Uganda: Abadepite bangiwe kugera mu nzu y’ibanga yatunzwe agatoki ko itoterezwamo Abanyarwanda
Abadepite bo muri Uganda bangiwe gukandagiza akarenge mu nzu y’ibanga iri ahitwa Kyengera muri Kampala, byagiye bivugwa ko iri mu zo Abanyarwanda bafatiwe muri Uganda bahohotererwamo. Abanyarwanda bagiye bafatirwa muri Uganda bashinjwa kuba intasi, barakubiswe bikomeye bamwe basigaye bakurizaho n’ubwandu bwo gupfa. Bagiye batunga agatoki zimwe mu nzu z’ibanga (safe houses) ziri ahantu hatandukanye mu […]
Uzwi nka 'Kibetezi' ni umugore uvuga ko ku munsi umwe yaryamana n'abagabo 10
Abaturage bo mu Murenge wa Rilima mu Karere ka Bugesera, Intara y’Iburasirazuba bavuga ko bahangayikishijwe n’uburaya cyane cyane buri mu rubyiruko. Bamwe mu rubyiruko ntibatinya kuvuga ko ubwo buraya babukora, abandi bakemeza ko abasore baho bibagora gushaka ahubwo ko bahitamo gusambana, icyo bise ‘kugura ku biro’. Tuyishimire Claire uvuga ko benshi bamuzi ku izina rya […]
Aho kwicirwa muri Afurika y'Epfo, Nigeria yiyemeje gucyura abaturage bayo 600
Leta ya Nigeria itangaza ko igiye gucyura abaturage bayo babarirwa muri 600 babaga muri Afurika y’Epfo, nyuma yaho muri iki gihugu hatangiye ihohoterwa rikorerwa abanyamahanga. Abantu 10 barimo abanyamahanga babiri barishwe mu cyumweru gishize, hakiyongeraho abandi babiri byatangajwe ko bishwe ku Cyumweru cyumweru. Kubera ikibazo cy’akazi muri Afurika y’Epfo, BBC itangaza ko abenegihugu bashinja abanyamahanga […]
Inyeshyamba za Gén. Nzabampema ziravugwaho gukora amabara muri Kivu y'Amajyepfo
Abaturage bo muri segiteri Itombwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batangaza ko bagabweho igitero n’inyeshyamba z’Abarundi za FNL ziyobowe na Gen Aloys Nzabampema, zifatanyije n’iza Maà¯-Maà¯. Umuryango w’Abanyamulenge bo muri Segiteri Itombwe, Teritwari ya Mwenga, utangaza ko izi nyeshyamba z’Abarundi hamwe na Maà¯-Maà¯, zabagabyeho igitero ku wa Gatandatu tariki […]
Pasiteri yapfuye ashaka gukuraho agahigo ka Yezu ku kwiyiriza
Umupasiteri wo muri Afurika y’Epfo, Alfred Ndlovu yapfuye yishwe n’inzara nyuma yo kumara iminsi 30 atarya. Ibi ngo yabikoze agamije kumara iminsi 40 n’amajoro 40 Yezu yamaze atarya. Ikinyamakuru Buzz cyo muri Afurika y’Epfo kivuga ko Ndlovu yavuye mu rugo kuwa 17 Kamena ajya mu gashyamba kari hafi y’urugo rwe kugira ngo asenge nk’uko Yezu […]
Abimukira 500 bategerejwe mu Rwanda mu minsi iri imbere
Leta y’u Rwanda yamaze gushyira umukono ku masezerano yo kwakira abimukira 500 bavuye muri Libya. Biteganyijwe ko aba mbere bazagera muri iki gihugu mu byumweru biri imbere. Aya masezerano u Rwanda rwayasinyanye na Afurika Yunze Ubumwe na HCR nk’uko Minisiteri y’Ubutabazi mu Rwanda ibitangaza. Aya masezerano ntavuga ko neza igihe aba bimukira bazagerera mu Rwanda […]
Icyo OMS ivuga ku kibazo cyo kwiyahura kiri mu biri kugarukwaho cyane mu Rwanda muri iki gihe
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) rivuga ko abantu 800,000 biyahura buri mwaka ku Isi yose. OMS kuri uyu wa 10 Nzeri yatangaje ko abantu bapfa biyahuye baruta kure abicwa n’intambara, kanseri n’izindi ndwara. Ivuga ko umbare w’abapfa biyahuye wabaye nk’ugabanuka hagati ya 2010 na 2016 ndetse ukaba utarigeze wiyingera bitewe ahanini n’uko n’abaturage […]
Hagiye gushyirwa ku isoko uburyo bwo gucaginga telefoni hifashishijwe inkari
Abahanga mu by’Ikoranabuhanga bo muri Laboratwari yitwa Bristol Robotics mu Bwongereza batangaza ko uburyo bwo kubyaza ingufu z’amashanyarazi inkari z’umuntu bwiswe ‘Microbial Fuel Cells’ (MFC) bugiye kujya ku isoko mu gihe gito mu mpera z’umwaka wa 2019. Ubu buryo bwatangiye gukorwaho ubushakashatsi mu 2013 kugeza ubu ngo hakaba hasigaye igihe gito ngo butangire gukoreshwa butanga […]
Rwamagana: Abakirisitu gaturika barashima Perezida Kagame wabateye inkunga
Abakirisitu gaturika bo muri Paruwasi ya Rwamagana, barishimira ko Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yabateye inkungu yo kububakira imbuga ya Kiliziya, ubu bakaba bagiye kuyikoreramo ibirori byo kwizihiza yubile y’imyaka 100. Ku wa 25 Ukuboza 2009 nibwo Perezida Kagame yifatanyije n’abakirisitu mu gitambo cya Misa cyatuwe n’uwari umushumba wa Diyoseze ya Kibungo, Musenyeri Kizito […]
Kamera zo ku muhanda zagaragaje ibishya ku rupfu rw’umugore byavuzwe ko ari Umunyarwandakazi
Polisi ya Uganda yashyize ahagaragara amashusho yafashwe na za kamera zo ku muhanda (CCTV) agararagaza Merina Tumukunde byagiye bitangazwa ko ari Umunyarwandakazi (ibi u rwanda rwarabihakanye) na Joshua Nteireho Rushegyera baherutse kwicwa barashwe. Aba bombi barashwe mu ijoro ryo kuwa 5 Nzeri 2019 ku muhanda wa Entebbe werekeza I Kampala ku kiraro cyitwa Nambigirwa. Aya […]
Anita Pendo mu kinyoma kigamije gushakira Mulindwa umugore
Umunyamakuru wa RBA akaba n’umushabitsi mu mirimo itandukanye, Anita Pendo yafashe iya mbere mu gushakira umugore mugenzi we bakorana, Mulindwa Augustin, abinyujije mu guhimba ikinyoma akagishyira ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram akoresha. Ubwo aba bombi bari mu kiganiro kuri Magic Fm ahagana saa 07h47 za mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 […]
Paris: Mpozagara wahoze ari Minisitiri mu Burundi ari mu mazi abira
Gabriel Mpozagara wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera mu Burundi, hamwe n’umugore we bakurikiranwe n’urukiko rw’i Paris mu Bufaransa bashinjwa gukoresha umukozi mu rugo rwabo imyaka 10 baramugize nk’umucakara. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Nzeri 2019, nibwo urubanza rw’uyu muryango rwatangiye mu rukiko rwisumbuye rw’i Nanterre mu Bufaransa. Sindayigaya Methode ngo yari umuhinzi w’ibishyimbo mu […]
Umugore namufashe asambana hashize ibyumweru 2 dukoze ubukwe, ese ikibazo yaba ari njye utabashije?- Nkore iki?
Nkore iki ibaye nkore iki aha kuri Bwiza.com, ndabona twese ariho tugiye kuzajya tubariza inama zo kubaka ingo zacu pe!. Nitwa Emmanuel nkaba maze amezi arengaho gato abiri nubatse urugo, ariko ndabona umugore yananiye pe. Hadashize ibyumweru bibi umugore nasanze arimo gusambana, njyewe naramwifatiye, bitewe n’uwo bari baryamanye ntibyaba birebire kuko burya iyo ufite agatwe […]
Umubare w'abanyamahanga barimo kwica muri Afurika y'Epfo ukomeje kwiyongera
Nyuma y’aho muri Afurika y’Epfo hatangiye ibikorwa by’ubugizi bwa nabi ku banyamahanga, kugeza ubu umubare uzwi w’abamaze kwicwa ni 12. Ikinyamakuru Citypress gitangaza ko abamaze kwicwa ari 12, naho abasaga 639 bakaba baratawe muri yombi bashinjwa ubu bugizi bwa nabi bukorerwa abanyamahanga, ibikorwa byatangiriye i Pretoria mu cyumweru gishize. Minisitiri Bheki Cele muri Afurika y’Epfo, […]
Col Byabagamba avuga ko nta kosa yakoze ubwo yabikaga imbunda zari zivuye kwa muramu we
Col. Tom Byabagamba mu rukiko yavuze ko icyaha ashinjwa cyo gutunga imbunda no kuzihisha atari ukuri kuko yumva Rtd Genaral Frank Rusagara yari yemerewe kuzitunga. Iburanisha ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Nzeri 2019, mu rukiko rw’ubujurire ryaranzwe no kumva Col. Tom Byabagamba wamaze umwanya munini yiregura ku cyaha cyo gutunga imbunda mu […]
Gusenga+ Kwizera= Intsinzi – Rev. Nibintije
Duhagarike kuvuza induru no gufata imyanzuro igayitse tubanze tumenye imikorere y’Imana Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Abayisiraheli babaye mu bucakara igihe […]