Le ” printemps perpĂ©tuel ” du major Ntuyahaga
Pour Bernard Ntuyahaga et sa famille, retourner au Rwanda qu’il fuyait depuis vingt-quatre ans, c’était aller vers une mort certaine. L’ancien major de l’armĂ©e rwandaise a Ă©tĂ© expulsĂ© de Belgique fin 2018, après avoir purgĂ© une peine de vingt ans de prison pour son rĂ´le dans l’assassinat de dix para-commandos belges, le 7 avril 1994 […]
Rayon Sports yegukanye amanota 3 ya mbere muri Shampiyona itsinze Mukura VS
Ikipe ya Rayon Sports yegukanye amanota atatu y’umunsi wa mbere wa shampiyona, nyuma yo gutsinda Mukura Victory Sports et Loisirs igitego 1-0. Igitego cyo ku munota wa kane w’umukino cy’umunya-Maroc, Rharb Youssef ni cyo cyatandukanyije aya makipe yombi yari yahuriye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Rayon Sports yatsinze uyu mukino nyuma yo kuwitwaramo neza, […]
Senateri Uwizeyimana Evode agiye kurongora (Amafoto)

Ku wa Gatanu tariki 29 Ukwakira Senateri Uwizeyimana Evode yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Zena Abayisenga bitegura kurushingana. Evode Uwizeyimana wanabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe itegeko nshinga n’andi mategeko, we n’umukunzi we basezeranyijwe n’umuyobozi nshingwabikorwa w’akarere ka Nyarugenge. Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo amafoto yabo yatangiye gucicikana ku mbuga nkoranyambaga. Biteganyijwe […]
Ntugira isoni kuba ujya mu mihango buri kwezi uri mu nzu yanjye- umugore avuga uko umugabo we yamubajije
Umugore wavuze ko amazina ye ari Mercy yatangaje ko amaze umwaka n’amezi arindwi ashatse gusa umugabo we akaba amuzengereje amubaza impamvu akijya mu mihango ari mu nzu ye. Mu byumvikana ko umugabo ashaka kuvuga ko umugore yatinze gusama, avuga ko n’abavukana n’umugabo we bamumereye nabi bamubaza impamvu adasama. Ikinyamakuru Daily Trust kivuga ko uyu mugore […]
Tonga: Habonetse umuntu wa mbere wanduye Covid-19 kuva iki cyorezo cyatangira
Abaturage batuye igihugu cya Tonga barimo kwihutira kujya kwikingiza coronavirus nyuma yuko iki kirwa cyo mu nyanja ya Pacifique ku wa Gatanu cyemeje ko habonetse umuntu wa mbere wayanduye. Ubwo bwandu bwabonetse mu muntu wakingiwe byuzuye, wari ugeze mu gihugu aje mu ndege imucyuye ivuye muri New Zealand (Nouvelle-ZĂ©lande). Minisitiri w’intebe wa Tonga Pohiva Tu’i’onetoa […]
Abanyamulenge bahunze intambara yo muri Fizi bavuga ko bangiwe kwinjira mu Burundi
Abanyamulenge bahunga ibitero bya Mai Mai mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo baravuga ko leta y’Uburundi yanze kubemerera kwinjira mu gihugu. Baravuga ko abakozi bashinzwe abinshira n’abasohoka ku mipaka babimira. Bamwe muri bo bavuga ko bafite ibyangombwa by’inzira bibemerera kwinjira mu gihugu ariko kugeza ubu inzego zibishinzwe zitanabyakira ngo zibirebe. Aba baturage barahunga […]
Rusizi: Hari abaturage bavuga ko bangiwe kurema isoko

Bamwe mu baturage bo mu Mujyi wa Kamembe mu Karere ka Rusizi, bavuga ko kuri uyu wa Gatanu, bangiwe kurema isoko no guhahira mu maguriro manini birasaba kuba ufite icyangombwa cy’uko wakingiwe COVID-19. Radiyo Ijwi rya Amerika ivuga ko ku bwinjiriro bwa buri soko wahasangaga abashinzwe umutekano bo mu rwego rwa DASSO hamwe n’abanyerondo bagenzura […]
U Rwanda rwahawe amajwi yafashwe mu bukoloni ruti n “‘ibindi mugomba kubizana”
Ambasaderi w’Ububiligi mu Rwanda yashyikirije ibintu bigizwe n’amajwi byafashwe kuva mu 1954 byari bibitswe mu nzu ndangamurage ya cyami iri i Tervuren mu Bubiligi, u Rwanda ruvuga ko iyi ari intambwe ya mbere yo kubagezaho n’ibindi byinshi bagifite. Inteko y’Umuco y’u Rwanda yakiriye ibi bintu bibitswe mu buryo bw’ikoranabuhanga ivuga ko ibi ari umurage w’amajwi […]
Uganda: Ikindi gisasu cyari mu ishusho y’igifenesi cyahitanye abantu 2
Abana babiri mu gace ka Nakaseke muri Uganda, bitabye Imana nyuma yo guturikanwa n’igisasu cyari mu ishusho y’igifenesi bakinishaga. Ni amakuru yemejwe na AIGP Asan Kasingye, Komiseri wungirije muri Polisi ya Uganda ushinzwe Politiki. Kuri Twitter ye yanditse ati: “Igisasu gisa n’igifenesi cyahawe abana mu mudugudu wa Ssegalye, Komine Semuto mu karere ka Nakaseke, gihita […]
Umugabo yarezwe mu nkiko ku bwo kuzinduka yandikira kuri WhatsApp umugore w’abandi ngo ‘Good morning Babe’
Umugabo azwi kw’izina rya Jamiu, wo mu karere ka Ijebu Ode, muri Leta ya Ogun mu gihugu cya Nigeria, yarezwe mu rukiko azira kuzinduka mu cyakare akandikira umugore w’undi mugabo ngo ” Good morning Babe” (Waramutse mukundwa). Iriza Babe siryo uyu mugore asanzwe akoresha kuri WhatsApp. Kuwa 19 Nzeri nibwo yakiriye ubu butumwa, akavuga ko […]
RDF mu bufatanye n’ibisirikare bya Nebraska na Repubulika ya Tchèque
Itsinda ry’abayobozi bakuru bo muri Leta zunze ubumwe za Amerika bayobowe na Maj Gen Daryl Bohac usanzwe ari umuyobozi w’ingabo za Leta ya Nebraska, bari mu Rwanda aho bitabiriye ishyirwaho ry’ubufatanye hagati ya RDF, igisirikare cya Nebraska ndetse n’icya Repubulika ya Tchèque. Aba basirikare bo muri Leta ya Nebraska iri muri 50 zigize Leta zunze […]